• Latest
Tanzania Iri Ku Gitutu Cy’Ibigo By’Imari Ku Isi

Tanzania Iri Ku Gitutu Cy’Ibigo By’Imari Ku Isi

June 15, 2021
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Tanzania Iri Ku Gitutu Cy’Ibigo By’Imari Ku Isi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 15, 2021
in izindi nkuru
0
Tanzania Iri Ku Gitutu Cy’Ibigo By’Imari Ku Isi
0
SHARES
90
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ibigo by’imari ku isi byategetse Tanzania kubiha ‘imibare isobanura neza’ uko ubwandu bwa COVID-19 bumeze niba yifuza ko biyiha inguzanyo. Ibyo bigo ni Ikigega mpuzamahanga cy’imari ndetse n’Umuryango w’Abibumbye.

Iki gitutu cyageze aho kigamburuza Tanzania bituma ubutegetsi bw’i Dodoma bwemera ko bugiye gukusanya no gutangariza biriya bigo imibare yose kuva kiriya cyorezo cyagera muri Tanzania na mbere y’aho gato.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Tanzania witwa Gerson Msigwa yabwiye The East African ati: “ Bidatinze Guverinoma yacu izatangaza imibare y’uko icyorezo gihagaze mu gihugu n’ingamba zo kugikumira.”

Ikigega mpuzamahanga cy’imari The International Monetary Fund (IMF) tariki 09, Kamena, 2021 cyabwiye Tanzania ko kitazayiha umwenda wa miliyoni 571$ yasabye niba idatangaje ku mugaragaro imibare yerekana uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze.

Tanzania yasabye iriya nguzanyo kugira ngo ihangane na kiriya cyorezo, ariko abo muri kiriya kigega babanza kuyisaba imibare yerekana uko gihagaze kugira ngo kibone aho gihera kirekura ariya mafaranga.

Uhagarariye Ikigega IMF muri Tanzania witwa Jens Reinke ati: “ Kugira ngo tuguhe amafaranga y’inguzanyo yo guhangana na COVID-19, ni ngombwa ko ubanza kutwereka imibare yerekana uko ubwandu bwacyo buhagaze. Kutwereka iyi mibare nibwo buryo bwonyine dushaka kugira ngo tuguhe amafaranga ugujije.”

Hagati aho, Perezida Samia Suluhu yari amaze iminsi ashyizeho itsinda ryihariye rwo guhangana na kiriya cyorezo, rikaba riyobowe na Professor Said Aboud.

Ubwo yagezaga ku Nteko ishinga amategeko umushinga w’ingengo y’imari y’umwaka wa 2021/2022, Minisitiri w’imari wa Tanzania witwa Mwigulu Nchemba yavuze ko Leta iri mu biganiro n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari kugira ngo kiyigurize miliyoni 571$ yo kuzahangana na COVID-19.

Icyo gihe Minisitiri Mwigulu yavuze ko Leta ikeneye ariya mafaranga kugira ngo ishyire mu bikorwa gahunda zo guhangana na kiriya cyorezo no kunoza ibindi bikorwa birimo kwita ku buzima, isuku n’isukura n’ubukerarugendo.

Mwigulu Nchemba yavuze ko Perezida Samia aherutse kugirana ikiganiro n’Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Madamu Kristalina Georgieva bavugana uko impande zombi zakorana kugira ngo Tanzania ifashwe guhangana na COVID-19.

Imibare itangwa na Guverinoma ya Tanzania ivuga ko kiriya cyorezo cyatumye izamuka ry’ubukungu bwa Tanzania rigabanuka rigera kuri 4.8% mu gihe ryari ryitezweho kuzamuka kuri 6.9%.

Tariki 29, Mata, 2020 nibwo Guverinoma ya Tanzania yahagaritse gutangaza imibare y’abaturage ba Tanzania banduye COVID-19, icyo gihe hakaba hari hamaze kubarurwa abantu 509 banduye muri bo 183 barayikira, abandi 21 irabahitana.

Bidatinze uwari Perezida John Pombe Joseph Magufuli(yitabye Imana) yatangarije isi ko nta bwandu buri mu gihugu cye.

Komite yashinzwe gusuzuma uko ubwandu buhagaze muri kiriya gihugu iherutse gutangaza ko abagituye bigeze kwibasirwa na COVID-19 ‘byibura’ inshuro ebyiri.

Mu gihe gito gishize Tanzania yemereye abayobora ibigo mpuzamahanga bihakorera gukingira abakozi babyo.

Ibi byatumye hari abagira icyizere cy’uko n’abandi baturage ‘bagiye gukingirwa.’

Muri Werurwe, 2020 Tanzania yasabye IMF umwenda ngo ishyire mu bikorwa gahunda zayo ariko IMF irabizinzika, kugeza ubu ibiganiro kuri iriya nguzanyo ntibirasubukurwa mu buryo butaziguye.

Inama y’ubutegetsi ya IMF yashyizeho uburyo bubiri bwo gufasha ibihugu 80 kwivana mu ngaruka za COVID-19 bwiswe RCF na Rapid Financing Instrument (RFI).

Muri biriya bihugu na Tanzania irimo.

IMF kandi yateguye uburyo bwihariye bwo gufasha ibihugu 29 bikennye cyane kugira ngo byivane mu ngaruka za COVID-19 bwiswe Catastrophe Containment and Relief Trust (CCRT).

Ni uburyo bwo koroshya iyishyurwa ry’inguzanyo biriya bihugu byafashe, ikaba[inguzanyo] yaragombaga kwishyurwa hagati ya Mata, 2020 n’Ukwakira, 2020.

Koroshya iyishyurwa ry’iriya nguzanyo byitezweho kuzafasha biriya biriya bihugu kubona amafaranga yo kuzanzahura inzego zabyo zazahajwe cyane na COVID-19.

Tanzania ivuga ko iri gutegura uko yatangira gukingira abakozi bayo bari mu bafite ibyago byo kwandura kurusha abandi bitewe n’akazi bakora.

Ubu nayo yasabye kwinjizwa mu bihugu bigomba guhabwa inkingo muri gahunda ya COVAX.

Previous Post

Umwangavu wafashe amashusho y’iyicwa rya George Floyd yahawe igihembo cy’itangazamakuru

Next Post

Minisitiri Busingye yasobanuye iby’isuzuma mpuzamahanga ngaruka gihe ku uburenganzira bwa Muntu UPR

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Minisitiri Busingye yasobanuye iby’isuzuma mpuzamahanga ngaruka gihe ku uburenganzira bwa Muntu UPR

Minisitiri Busingye yasobanuye iby'isuzuma mpuzamahanga ngaruka gihe ku uburenganzira bwa Muntu UPR

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA