• Latest
URwanda rwacingiye 75000 COVID-19 muri miliyoni 7.4 bateganyijwe

URwanda rwacingiye 75000 COVID-19 muri miliyoni 7.4 bateganyijwe

March 8, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Imibereho ya buri munsi Ubuzima

URwanda rwacingiye 75000 COVID-19 muri miliyoni 7.4 bateganyijwe

admin by admin
March 8, 2021
in Ubuzima
0
URwanda rwacingiye 75000 COVID-19 muri miliyoni 7.4 bateganyijwe

Bamwe mu bakozi ba RBC bahawe urukingo rwa Covax bakingirwa Covix-19

0
SHARES
143
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, mu gihugu hose hatangiye ibikorwa byo gukingira icyorezo cya Covid-19, nyuma y’iminsi ibiri u Rwanda rwakiriye inkingo za mbere zakozwe n’ibigo birimo AstraZeneca na Pfizer.

Uko igikorwa cyo gukingira Covid-19 bwa mbere hakoreshejwe urukingo Covax rwagejejwe mu Rwanda mu mpere za Gashyantare 2021 n’Ishami ry’Umuryango Ushinzwe Ubuzima kw’Isi (WHO) cyagenze iByabarenze.

Icyo gikorwa cyagenewe ikingo 50000 za Covex mu gihugu cyose,kuwa Kane tariki 4 Werurwe 2021, hiriweho ibikorwa byo gukwirakwiza izo nkingo ku bitaro n’ibigo nderabuzima, kugira ngo ibikorwa byo gukingira bitangire nta kibazo na kimwe gihari.

Icyogikorwa kandi byiteganyijwe ko gikomeza mu icyiciro cyindi kizakoreshwamo urukingo rwitwa Pfizer kizaba kigenewe ikingo zingana na 102,960 zigezwa iKigali muri Werurwe 2021.

Ikingo za Pfizer zifite ubushobozi bwo kuba bwakingira uwacingiwe ku kigero cya 95% .

URwanda rumaze kwacira ikingo za Covid-19 zirimo n’urwitwa AstraZeneca kumwe ruzatangwa bizaba bifite ikingo zigera kuri 342, 960.

Mu duce dutandukanye, abakora mu nzego z’ubuzima kuva ku bakora mu bigo bya Leta, amavuriro, ibitaro, abageze mu zabukuru n’abandi bazindukiye kuri site zatoranyijwe, bategereje guhabwa urukingo rwitezweho gufasha igihugu gukingira Covid-19, bikaba umuryango uganisha ku gusubiza ibintu mu buryo ibikorwa by’iterambere bigasubukurwa uko byahoze.

Biteganyijwe ko bitarenze Kamena 2022, 60% by’Abanyarwanda bazaba bamaze gukingirwa ari nabwo hazaba hari icyizere cyuzuye cyo guhashya ubwandu bushya.

Abanyamakuru ba IGIHE bazindukiye mu duce dutandukanye, bareba uko igikorwa cyo gutanga inkingo ku munsi wa mbere gihagaze.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yabaye umwe mu bayobozi bakuru b’igihugu babimburiye abandi banyarwanda gukingirwa Covid-19, avuga ko yiyumva neza mu mubiri ku buryo n’abanyarwanda bose bakwitabira uru rukingo nk’uko inzego nkuru z’igihugu zikomeje kubibashishikariza.Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, ubwo yakingirwaga

Mu mafoto

Benshi mu bitabiriye ibikorwa byo gukingirwa, bari bafite ibyishimo nyuma yo gukingirwa kuko nibura bumva barinzwe, nyuma y’umwaka w’ubwoba, ko isaha n’isaha bashobora kwandura.

Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel ni umwe mu bayobozi batewe urukingo rwa Covid-19. We n’Umuyobozi wa OMS mu Rwanda, Dr Kasonde Mwinga ndetse n’abandi bakozi bo mu nzego z’ubuzima bakingiriwe ku bitaro bya Masaka.Minisitiri Ngamije ni umwe mu bayobozi bakingiwe ku ikubitiroDr Kasonde yagaragaje akanyamuneza ubwo yahabwaga urukingo rwa Covid-19

Abashinzwe ubuzima ku bitaro bya Masaka babanzaga gusobanurira abaje gukingirwa imiterere y’urukingo bagiye guhabwaGuhabwa urukingo ku bakuze bitanga amahirwe menshi yo kutandura, dore ko iyo banduye ubuvuzi bwabo bugorana

Abihaye Imana bari mu bahereweho ubwo ibikorwa byo gukingira i Masaka byatangizwagaUmuganga apima ikigero cy’urukingo agiye gutangaAbakuze bari mu bahereweho mu bitaro bya Masaka biherereye mu karere ka Kicukiro

Ibikorwa byo gukingira kandi byakomeje mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali

Inkingo zatangiye gutangwa ziri mu zisaga ibihumbi 300 igihugu cyakiriye mu minsi ibiri ishize

Gukingira birakomeza hirya no hino mu gihugu kuko Minisante yijeje ko Guverinoma izakomeza gushakisha inkingoMu mujyi wa Kigali uri mu bice byugarijwe cyane ibikorwa byo gukingira birakomeje

Ku bitaro bya Kibagabaga mu karere ka Gasabo naho abantu bakingiwe

Abakora mu rwego rw’ubuzima ku bitaro bya Kibagabaga bari mu bakingiwe bwa mbereBamwe mu batanze inkingo ku bitaro bya KibagabagaAbageze mu zabukuru muri Gasabo bari mu bakingiwe ku ikubitiro i Kibagabaga

Ku kigo nderabuzima cya Shyorongi, aba mbere bahawe inkingo.

Abaturage bahawe inkingo, bijejwe ko nta ngaruka kuko zagenzuwe bihagije n’inzego zibishinzweUyu muturage yabanje gusobanurirwa iby’urukingo rwa Covid-19 yari agiye guterwa

Uwahawe urukingo agirwa inama yo gutegereza iminota nibura 20 atuje, akabona gukomeza ibikorwa bye.

Shyorongi muri Rulindo ubutumwa busaba abaturage kwirinda Covid-19 buracyatangwaAbatuye i Shyorongi muri Rulindo bakingiwe, dore ko aka karere kamaze kugaragaramo abasaga 220 banduye Covid-19Abanya-Rulindo bizeye ko guhabwa inkingo biganisha ku guhashya burundu icyorezo cya Covid-19

Mu Karere ka Rubavu batangiye bakingira Umuyobozi w’Ibitaro bya Gisenyi, abandi bakozi bakurikirahoUmuyobozi w’Ibitaro bya Gisenyi, Chief Superintendent Tuganeyezu Oreste, ari mu bakingiwe bwa mbere

Ibikorwa byo gukingira byatangiye mu Karere ka Rubavu, abantu babiri aribo bamaze guhitanwa na Covid-19 mu gihe kigera ku mwaka icyorezo kigeze mu RwandaMu Karere ka Rubavu hamaze kuboneka abarwayi 815 ba Covid-19. Kari ku mwanya wa gatandatu mu kugira ubwandu bwinshiRubavu ikora kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni akarere gahoramo urujya n’uruza, gukingirwa ni igikorwa abaturage bishimiye cyane

Gukingira Covid-19 mu Karere ka Nyaruguru byabereye mu Bigo Nderabuzima bitandukanye. Ni igikorwa cyatangiriye ku batanga serivisi z’ubuzima hakurikiraho abaturage bahageze mbere. Igikorwa kirakomejeInkingo ziri gutangwa mu Rwanda kugeza ubu ni urwakozwe na Pfizer n’urwa AstraZeneca

Nyaruguru ni kamwe mu turere tutazahajwe cyane na Covid-19 kuko hamaze kuboneka abarwayi 208 gusa.

Abakuze, abafite indwara zidakira n’abahura n’abantu benshi bari mu bahereweho

Mu Karere ka Gisagara igikorwa cyo gukingira Covid-19 cyatangiye. Abakingiwe ku ikubitiro barimo abayobozi n’abaturage bazindutse. Ni igikorwa cyatangijwe n’Umuyobozi w’ako Karere Rutaburingoga Jérome wahise anakingirwa.

Abaturage bategereje gukingirwaGisagara nk’akarere gakora ku mupaka, ubwirinzi ni ngombwa cyaneMu karere ka Gisagara kwikingiza Covid-19 byitabiriwe. Aka karere kamaze kubonekamo abarwayi 302

Igikorwa cyo gukingira Covid-19 mu Karere ka Nyamagabe cyatangiye aho haherewe ku bagomba gukingirwa bahageze mbere barimo abatanga serivise z’ubuzima n’abaturage.Abakora mu nzego zituma bahura n’abantu benshi bari mu baherewehoGukingira muri Nyamagabe bifite igisobanuro kinini nk’akarere kari ku mwanya wa cyenda mu twibasiwe na Covid-19 mu RwandaAbantu 555 nibo bamaze kwandura Covid-19 i Nyamagabe, ariyo mpamvu ingamba zo kwirinda zakajijwe cyane

Mu Karere ka Nyanza igikorwa cyo gukingira Covid-19 cyatangijwe n’Umuyobozi w’ako karere ahita anikingiza. Ni igikorwa kiri kubera mu bigo nderabuzima bitandukanye aho abagomba gukingirwa bakomeje kwitabira.Muri Nyanza bitabiriye kwikingiza, dore ko ako karere ari kamwe mu tutaragaragaramo uwahitanywe na Covid-19Mu karere ka Nyanza kamaze kubonekamo abarwayi 181, ni hamwe mu ho abaturage bazindukiye kwikingiza

Abaturage muri Nyanza ubwo bari bategereje gukingirwa

Mu karere ka Huye naho igikorwa cyo gukingira Covid-19 kiri kubera mu Bigo Nderabuzima byose.

Ni igikorwa kiri kuba kubahirizwa n’amabwiriza yo kwirinda icyo cyorezo arimo kwambara neza agapfukamunwa no guhana intera.Muri Nyaruguru nubwo ntawe barapfusha azize Covid-19, bitabiriye kwikingizaAbakingiwe bibukijwe ko agapfukamunwa no gukaraba kenshi biri mu bya mbere bifasha kwirinda icyorezo

Mu Karere ka Kayonza naho ibikorwa byo gukingira byatangiye. Umuyobozi w’ako karere, Murenzi Jean Claude n’abandi bakozi b’Akarere babanje kwigishwa mbere yo gukingirwa.

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza Murenzi Jean Claude n’abandi bakozi b’Akarere babanje kwigishwa mbere y’uko bakingirwa

Kayonza imaze kubonekamo abantu 300 banduye Covid-19. Ibikorwa byo gukingira ni bimwe mu byitezweho kugabanya ubwandu

Aha basuzumaga ko ari ku rutonde mbere yo kumukingira

Mu Bugesera gukingira byahereye ku bayobozi bo mu nzego z’ibanze kugira ngo bahite basubira mu kazi

Mu Bugesera aho ibikorwa byo gukingira byabereye hari hateguwe

Bugesera ni kamwe mu turere tutagaragayemo ubwandu bwinshi kuko hamaze kuboneka abarwayi 176.

Abakingiwe bibukijwe ko ingamba zo kwirinda zidahagaze kuko hakiri abaturage benshi batarakingirwa

Mu karere ka Kirehe naho ibikorwa byo gukingira byatangiye

Abatuye i Kirehe bazindutse iya rubika bajya kwikingiza Covid-19

Nyagatare habanje gukingirwa abaganga n’abajyanama b’ubuzima bakurikizaho abayobozi b’imidugudu bafite hejuru y’imyaka 60.

Abageze mu zabukuru muri Nyagatare bari bitabiriye. Inzobere mu buzima zivuga ko abakuze ari bamwe mu bazahazwa cyane na Covid-19Abasaga 340 bamaze kwandura Covid-19 uhereye muri Werurwe 2020Abakora mu nzego z’ubuzima n’abandi bahura kenshi n’abaturage bari mu bahereweho

Akarere ka Nyagatare nk’akarere gakora ku mupaka ashobora kwinjirira byoroshye ubwandu bwa Covid-19, ni iby’ingenzi gukingirwa

Mu Karere ka Rwamagana gukingira byatangiye. Ku Kigo Nderabuzima cya Rwamagana ni hamwe mu ho byabereye. Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mutoni Jeanne ari mu bakingiwe bwa mbere. Abajyanama b’ubuzima n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze nibo babanje gukingirwa.Abaturage bo muri Rwamagana bitabiriye ku bwinshi kwikingiza Covid-19Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mutoni Jeanne ari mu bakingiwe bwa mbere .

Akarere ka Rwamagana kamaze kwanduramo abantu 308 guhera umwaka ushize.

h

Previous Post

Bugesera: Birababaje,Ndayambaje jean Claude yaheze muri transit center azira ubusa

Next Post

Senegalese opposition leader Sonko freed on bail

admin

admin

Next Post
Senegalese opposition leader Sonko freed on bail

Senegalese opposition leader Sonko freed on bail

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA