• Latest
Opinion ku bigaragara: Leta yananiwe gukemura ibibazo uruhuri byabo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma?

Opinion ku bigaragara: Leta yananiwe gukemura ibibazo uruhuri byabo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma?

February 18, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru POLITIKE

Opinion ku bigaragara: Leta yananiwe gukemura ibibazo uruhuri byabo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma?

admin by admin
February 18, 2021
in POLITIKE
0
Opinion ku bigaragara: Leta yananiwe gukemura ibibazo uruhuri byabo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma?
0
SHARES
382
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Iki gitekerezo cyubakiye ku bigaragarira amaso ya buri wese, ndetse dushingiye ku bukene n’imibereho mibi abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma babamo, nta wabura kwibaza icyo leta itekereza kuri bano banyarwanda bakomeje kuba mu buzima bubi mu gihe abandi batera imbere buri munsi nkuko ubuyobozi buhora bubigaragaza.

Itangazamakuru , imiryango itegamiye kuri leta n’iharanira uburenganzira bwa muntu ntibyahwemye kwereka ubuyobozi ko bano banyarwanda babayeho mu buryo bubi ariko ibikorwa bikaba iyanga ugereranyije n’ibibazo bafite.

Twagerageje gusesengura igituma abasigajwe inyuma n’amateka badatera imbere kimwe n’abandi, dusanga biterwa n’impamvu nyinshi cyane ariko izingenzi nizo tugiye kugarukaho muri kino gitekerezo cyubakiye ku bigaragarira buri wese.

Reba ino video wiyumvire ibibazo uruhuri abasigajwe inyuma n’amateka bafite ariko habuze uwafata iyambere mu kubikemura burundu

Ibibazo abasigajwe inyuma n’amateka bafite ku bijyanye n’imibereho(Social problems)

-Abenshi ntibagira aho kuba nkuko bigaragazwa na bamwe mubo twaganiriye mu karere ka Bugesera na Nyaruguru

-ntibabona ibyo kurya bikwiriye cg bihagije

-Kunenwa n’abaturanyi babo

-Ku tazirikanwa muri gahunda zizanzahura imibereho

-Abagana ishuri baracyari bacye bituruka ku bukene bukabije n’ibindi

Ibibazo abasigajwe inyuma n’amateka bafite ku bijyanye n’ubukungu(Econamical problems)

-kutagira amasambu yo guhinga

-Ibikorwa by’iterambere ntibibagezwaho uko bikwiye(VUP/Girinka mu nyarwanda n’ibindi)

-Bagorwa no kuba babona inguzanyo ngo bihangire umurimo

-Baba mu bukene bukabije

Ibibazo abasigajwe inyuma n’amateka bafite ku bijyanye na (political problems)

-Kutagaragara mu nzego zifata ibyemezo

-Nta politike yihariye yo kwita ku mibereho yabo

– Leta ivuga ko batashyirirwaho umwihariko byaba ari kubavangura kandi ibyo byarakozwe ku Bagore, Abafite ubumuga n’abandi kandi bikaba byaratanze umusaruro.

Nyamara bitaweho uko bikwiriye bakwiteza imbere bakagirira n’igihugu akamaro, aha bishimiraga ko bamenye gusoma no kwandikwa, bazwiho kunyurwa

Twinjire mu bibazo nyirizina

Nkuko twatangiye tubivuga hejuru bano banyarwanda bakomeje kuba mu bukene bukabije biterwa n’impamvu nyishi twavuze haruguru ariko ikibabaje nuko usanga na let anta ngamba ifite mu kwita kuri bano banyarwanda.

Mu minsi yashize abayobozi batandukanye bagiye batangariza itangazamakuru ko nta mwihariko wabashyirirwaho kuko kwaba ari ukubavangura, ariko wababaza ati ‘’ese kuki abagore mwabahaye umwihariko, abafite ubumuga bigakorwa, urubyiruko, ubwo nabo mwarabavanguye? Kubona igisubizo bikaba ingorabahizi.

Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka ubu bahangayikishijwe nuko bashobora kuzashiraho(kuzima burundu), kuko uko bwije n’uko bukeye imibare yabo igenda igabanuka, biterwa na bwabuzima bubi twababwiye biberamo.

Bano banyarwanda bazwiho ubuhanga ku bintu bitandukanye harimo kubyina, ubugeni, usanga ntawigeze afatira kuri izo mpano bafite ngo abahindurire ubuzima ahubwo abaturanyi babo usanga babavugiraho ngo abatwa basa nabi, ibi nabyo bituma basubira inyuma kuko mu gihe undi munyarwanda ucyuriwe ubwoko arega, ariko kuribo hari n’abayobozi babivuga bikarangirira aho.

Amateka y’abasigajwe inyuma n’amateka kandi yagiye abasharirira uko ingoma zagiye zisimburana, ariko muri repubulika ya mbere n’iya kabiri ho byari akamaramaza kugeza ubwo no mu nteganya nyigisho hashyirwamo imyandiko igaragaza ubugoryi bwa bano banyarwanda aha twavuga texte ya Gatwa le potier.

Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yaje nk’igisubizo kuri benshi ndetse n’abasigajwe inyuma n’amateka, ariko uko iminsi ishira imbaraga zagiye zigabanuka kujyeza ubwo na n’uyu munsi ino miryango ikibayeho mu mibereho mibi nyuma y’imyaka irenga 20.

Ibibazo by’abasigajwe inyuma n’amateka Sena yasabye Guverinoma ko hagira icyo ibikoraho mu buryo bwihariye, nayo iti kwaba ari ukuvangura, Dr Ntawukuriryayo nawe ati kuki Abagore , abafite ubumuga bitaweho byihariye? ntimubona ko byatanze umusaruro?

Ese Guverinoma yasuzuguye imyanzuro ya Sena.

Inteko rusange ya Sena ntiyanyuzwe n’ibisobanuro bya Guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye n’isesengura yakoze inshuro 6 ku bibazo byugarije abasigajwe inyuma n’amateka.

Ni nyuma y’uko Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof Shyaka Anastase wari uhagarariye Minisitiri w’Intebe atanze ibisobanuro ku byakozwe n’ibiteganywa gukorwa ariko bitanyuze abasenateri kuwa 14 Gashyantare 2019, bagasaba Minisitiri w’Intebe ibisobanuro mu nyandiko.

Ubushakashatsi bwagaragaje iki?

Umwe mu miryango ivuganira abasigajwe inyuma n’amateka yakoze ubushakashatsi butandukanye ku mibereho ya bano banyarwanda,Ni ubushakashatsi yamuritse tariki ya 20 Ugushyingo 2014 ku mibereho n’ubukungu by’abasigajwe inyuma n’amateka bwakozwe hagati y’imyaka 2013-2014 bwerekanye ko bagikennye ku buryo budasanzwe. Habajijwe abantu 280, harimo abahejwe n’amateka 120, abasanzwe 97 n’abayobozi b’inzego z’ibanze 63.

Bwerekanye ko abarangije amashuri abanza ari 31%. Kuba umubare ukiri muto biterwa nuko ngo bagifite ubukene ku buryo hari umubare munini w’abana bata ishuri kubera ko batabona ibyo kurya.

Guhitanwa n’indwara kuko ubwo bushakashatsi bwerekanye ko ashobora kwiyishyurira ubwishingizi bw’ubuzima ni 33% mu gihe abasaga 66% batabishobora.
Ubu leta yishyurira abaturage mu kwivuza bagera kuri 15% ariko kuri aba basigajwe inyuma n’amateka bo ni 70%.

Kutitabwaho by’umwihariko muri gahunda za leta,  urugero ni uko Gahunda igamije kubateza imbere ya VUP (Vision 2020 Umurenge Program) mu karere ka Nyaruguru yageze kuri 1.5% mu gihe muri Nyanza yageze ku 8.2%. (Ubushakashatsi 2014)

Inkunga y’ingoboka nta n’umwe wayihabwaga  muri Nyaruguru mu gihe ahari benshi bayihabwa ari 7.6% mu karere ka Nyanza. (ubushakashatsi).

Nta n’umwe ubasha gukoresha inguzanyo ahabwa muri VUP muri Gasabo mu gihe ahari umubare munini ari 9.1% muri Nyamasheke.

Muri girinka Munyarwanda, nko mu murenge wa Muganza ngo “Umutwa” wahawe inka ni umwe na we ahabwa iyahumye y’ikimasa mu gihe abandi bahabwa inzima kandi zitari ibimasa.

Hari abakibanena bakabaheza mu mahirwe bagenewe, urugero rwatanzwe ni urw’umwe mu bayobozi wo mu karere ka Nyagatare wavuze ko atararana n’ “ Abatwa” ubwo bari mu ngando, bose bagafata umwanzuro wo gutaha.

Kudahagararirwa: Uretse  muri sena harimo umwe ngo nta muyobozi wundi bagira, bagasaba ko mu bagore bafite imyanya isaga 60% mu nteko hagombye kubamo n’abahejwe n’amateka, kimwe no mu zindi nzego.

Ibindi ibibazo bibugarije birimo kutagira ubutaka, kuba umubare munini w’abakobwa babo bishora mu busambanyi kubera kutitabwaho bakanahabwa intica ntikize, no kutabona akazi aho usanga hari abarangije kaminuza basubiye mu kubumba inkono bya gakondo.

Kudahumurizwa: Nyakwigendera hon Senateur Sebishwi Juvenal wigeze kuyobora Coporwa, avuga ko ababazwa n’uburyo amateka yagiye abibasira bakigwa mu mashuri hagaragazwa ubugoryi bahimbiwe mu mwandiko ‘Gatwa le Potier’.

Yasoje avuga ko mu bibazo bitandukanye bagiye bahura nabyo bakeneye guhumurizwa.

Umuryango AIMPO nawo ugaragaza ko bano banyarwanda bitaweho uko bikwiriye nabo batera imbere kuko Atari injiji nkuko bivugwa n’abashaka kubasebya, uyu muryango kandi ugaragaza ko nubwo batahabwa ibya Mirenge ariko bagafashwa kuzamura no guteza imbere zimwe mu mpano bafite. Ndetse bagafashwa no kugera mu nzego zifata ibyemezo nk’uburyo bwafasha leta kumenya ibibazo byabo mu buryo bwimbitse kandi bakagira n’uruhare mu bibakorerwa.

Ntakirutimana Richard washinze African Initiative for Mankind Pregress Organisation (AIMPO) Yemeza ko Abasigajwe inyuma n’amateka bitaweho byihariye nabo batera imbere ku kigero nk’icy’abandi

Umuryango WOPU Nawo mu myaka yatambutse wakunze kugaragaza ko abagore baba mu miryango y’abasigajwe inyuma n’amateka bakwiriye gushyirirwaho umwihariko ubafasha gutera imbere, aha umuntu yabonera ho gushimira Perezida Paul Kagame kuba Kanziza Epiphanie wari umuyobozi wa WOPU yaragizwe umwe mu bagize inteko ishinga amategeko nubwo nta wapfa kwizera ko hari icyo bizahindura ku mibereho y’abasigajwe inyuma n’amateka.

Abasigajwe inyuma n’amateka bashimira Perezida Paul Kagame kuba Kanziza Epiphanie yaramugize umu senateri, ariko barasaba ko no muzindi nzego bajya bagaragaramo kugirango babashe kugaragaza ibibazo bafite by’umwihariko

Ese ibyo Sena yasabye Guverinoma bigeze hehe bishyirwa mu bikorwa?

Sena y’u Rwanda yasabye guverinoma na Minaloc by’umwihariko gushyiraho ingamba zihariye zo kuzamura imibereho y’abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma, kubafasha kujya mu nzego zifata ibyemezo n’ibindi ariko ibyo byose byaheze mu kirere, aho ntihazitwazwa Covid 19 ko ubu ariyo abatujuje inshingano bari kwitwaza muri ino minsi?

Dr Ntawukuriryayo yagize ati “Ibintu byo kuvuga ngo nibabaha gahunda yihariye ngo baraba babavanguye ntabwo ari byo, abagore, urubyiruko n’abafite ubumuga leta yabashyiriyeho uburyo bwihariye ariko bubateza imbere, kubera iki iki cyiciro cy’abanyarwanda tubona bafite ibibazo bihoraho tutabakorera uburyo bwihariye bubateza imbere?”

Yavuze ko bitumvikana uburyo leta ivuga ko abana b’aba basigajwe inyuma n’amateka bajya gupiganira akazi n’abandi, mu gihe amateka yabo adatuma babishobora.

Yagize ati “Ko abandi leta yicaye igafata umwanzuro wihariye kuri bo, kuki aba bo hadafatwa uwo mwanzuro?”

Mugenzi we ati “Muri komisiyo idasanzwe, ahanini twasanze imyumvire iri ku rwego rw’ubuyobozi. Mu bantu bose twaganiriye bumva ko iki kibazo kireba minaloc, nta wundi muntu gisa nk’aho kireba.)

Prof Shyaka agaragaza ko hakiri imbogamizi zishingiye ku myumvire, kudakurikirana ibyakozwe, n’amikoro y’igihugu adahagije. Avuga ko hagiye kongerwa ingamba zo gukura abatishoboye mu bukene.

Ati ” Guverinoma yihaye intego yo gushyira umwihariko ku ngo ibihumbi 200 zatoranyijwe kandi icyo cyiciro nacyo kibarizwamo. Bazajya nabo bahabwa muri gahunda rusange, ariko mu ishyirwamubikorwa bahabwe iryo dirishya rifasha ko iterambere ribageraho vuba, babone uburyo vuba, bagatera intambwe.”

Izina Minisitiri w’Intebe rizagaragara muri iki kibazo

Ibyakozwe kuri ibi bibazo byashoboraga gusobanurwa na Minisitiri w’intebe wahagarariwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu.

Nyamara kuba sena itanyuzwe igasaba ibisobanuro mu nyandiko. Inyandiko izohererezwa izaba isinye mu izina rya Minisitiri w’intebe wasabwe ibi bisobanuro.ese iyo nyandiko yaratanzwe cyangwa byarangiriye aho? Aha niho bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka ndetse n’imiryango ibavuganira bahera basaba ko bamenyeshwa ibikubiye kuri iyo nyandiko kugirango bamenye niba hari icyerekezo leta yabashyiriyeho cyangwa bemere bibereho uko bakabayeho.

Iki gitekerezo cyubakiye ku nkuru mpamo turifuza ko cyagezwa ku nzego bireba by’umwihariko Perezida wa Repubulika kuko ushobora gusanga azi ko ibibazo byabano banyarwanda byamaze gukemuka bari munjyana imwe n’abandi kandi mu byukuri atariko bimeze.

Ibyifuzo byibanze byafasha abasigajwe inyuma n’amateka kwihuta mu iterambere kimwe n’abandi

  • Gushyigikirwa mu bikorwa by’iterambere
  • Guhabwa amahirwe yo kugaragara mu nzego zifata imyanzuro nkuko byakozwe ku bindi byiciro bifite amateka yihariye
  • Gutandukanya kuvangura no guteza umuntu imbere
  • Abize bafashwe kubona uburyo bwo guhangana ku isoko ry’umurimo no gufashwa guhanga umurimo
  • Gushyigikira imiryango ibavugira ikabona ubushobozi bwo gushyigikira abakiri mu buzima bubi
  • Gukomeza kubashyigikira mu myigire yabo
  • Aho bishoboka bagafashijwe kubona aho bahinga no gutura mu buryo burabye
  • Gutuzwa kimwe n’abandi mu buryo bwo kubarinda kwigunga
  • Guhumurizwa kuko amateka yo kubaheza yatumye bamera nkadafite umuntu ubakunda n’umwe habe na leta
  • Guhindura imvugo zikoreshwa n’abaturanyi babo zibatesha agaciro mu muryango nyarwanda. Ubushishozi bwa leta yacu nibwo bano banyarwanda bakomeje guhanga amaso nubwo bitumvikana uburyo abantu batarenze ibihumbi 35 hananiwe gukemura ibibazo byabo mu gihe igihugu gikomeje kuba ubukombe mu bindi byinciro.

Iki ni igitekerezo cyanjye cyubakiye nku nkuru mpamo, tubasezeranije ko aho ingendo zizafungurirwa tuzabatembereza mu bice bitandukanye by’igihugu tukabereka imibereho y’abasigajwe inyuma mu buryo bw’amashusho.

Ufite ubuhamya ushaka kuduha cyangwa ukene ubuvugizi waduhamagara kuri 0782511443 cyangwa ukatwandikira kuri email” ndayisabaeric501@gmail.com

Previous Post

Abarimu bigisha mu mashuri yigenge baratakambira koperative umwalimu sacco

Next Post

Covid 19: hari kwibazwa ikizakurikira kuba abanyeshuri bo muri Kigali batari kwiga

admin

admin

Next Post
Covid 19: hari kwibazwa ikizakurikira kuba abanyeshuri bo muri Kigali batari kwiga

Covid 19: hari kwibazwa ikizakurikira kuba abanyeshuri bo muri Kigali batari kwiga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA