Gasabo: Mukunzi yateje imbere Ubuhinzi anafasha abana batishoboye
Uwitwa Mukunzi Alex Patrick ukomoka mu gihugu cy’u Burundi akomeje kugaragaza ibikorwa by’Indashyikirwa mu buhinzi bwa Kijyambere. Uyu mugabo akorera mu murenge wa Bumbogo no mu nkengero z’uwa Kinyinya, aho…
FA Cup: Manchester United yasezereye Arsenal bigoranye
Manchester United yihagazeho nyuma yo kubona ikarita itukura mu mukino wayihuje na Arsenal muri FA Cup, ihita ibona itike yo gukomeza mu ijonjora rikurikiyeho. Ni umukino wakinwe kuri iki Cyumweru,…
Elon Musk ashyigikiye igitekerezo cya Trump cyo kwegukana Greenland
Umunyemari Elon Musk, yagaragaje ko ashyigikiye gitekerezo cya Donald Trump, uherutse gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyo kwigarurira ikirwa cya Greenland gisanzwe kigenzurwa na Denmark. Ni icyemezo…
Perezida Kagame yaganiriye na Abdisa uyobora Oromia muri Ethiopia
Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Oromia, kimwe mu bice binini bigize Ethiopia, Shimelis Abdisa, uri mu itsinda ry’Abanya-Ethiopia bari kugirira uruzinduko mu Rwanda. Ni amakuru yatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu,…
Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu mu byishimo byo kuba imaze imyaka 111 ibayeho ikaba iya 10 yashinzwe mu Rwanda
Mu gitambo cya Misa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’Urugo rutagatifu rw’i Nazareti cyo kuri uyu wa 29 Ukuboza 2024, Paruwasi yitiriwe urwo rugo rutagatifu “Ste Famille” yo muri Archidiocese ya…
Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato
Abantu batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo, by’umwihariko abanya Gikondo babashije gusoza impera z’umwaka wa 2024 neza, ubwo bagezwagaho igitaramo kidasanzwe cy’Umuhanzi w’Indirimbo zaririmbiwe Imana Cyprien…
Mu Rwanda hagiye gutangizwa gutanga umuti ugabanya ubukana bwa Virusi itera SIDA
Ikigo cy’u Rwanda cyita ku Buzima (RBC), mu mpera z’uku kwezi kwa cumi na kabiri kirateganya gushyira ahagaragara umuti uterwa mu rushinge ukarinda umuntu kwandura virusi itera SIDA, muri gahunda…
Makanyaga, Kayirebwa n’abahanzi bato bazasusurutsa Kigali ku bunani
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Gakondo, Makanyaga Abdul ku bufatanye na Rusakara Entertainment bateguye igitaramo cyo kwinjiza abanyarwanda mu mwaka wa 2025. Iki gitaramo kizitabirwa n’Umuhanzi Cecile Kayirebwa nk’umushyitsi w’imena…
Menya bimwe mu bishobora gutera kanseri y’ibere n’uko wayirinda
Kuba indwara za Kanseri ziri mu ndwara zigenda ziyongera mu Banyarwanda n’abatuye Isi muri rusange, ni kimwe mu bihangayikishije cyane abayituye, bitewe n’uko ubuvuzi n’imiti yazo isaba ikiguzi kitakwigonderwa na…