Akarere ka Bugesera gakomeje kwesa imihigo Kibaruka umu Cardinal wa mbere mu Rwanda
Nyuma y’uko kaje mu myanya 10 ya mbere mu bigendanye no gutanga Service nziza, ibintu byakurikiranywe bigakusanywa na RGB, Akarere ka Bugesera kibarutse Umu Cardinal ugakomokamo Antoine Kambanda Paroisse ya…
Ikibazo cy’insengero zidafungurwa kandi zarujuje ibisabwa gikomeje kubangamira abatari bacye bifuza kuramya Imana
Bitewe n’icyorezo cya Covid 19 cyatumye hafatwa ingamba zitandukanye harimo no guhagarika ibikorwa bitandukanye bihuza abantu benshi,aha rero n’insengero zikaba zarafunzwe,ariko nyuma Leta yemereye insengero kuba zakongera gufungura ariko zigafata…
Abarimu bagera 1566 bamaze igihe mu kazi nta byangombwa bagira
Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko abarimu 1566 bigisha mu mashuri ya leta bakora badafite ibyangombwa biteganywa bibemerera kuba mu myanya barimo, nk’uko bigaragara muri raporo y’ibikorwa by’iyi komisiyo…
Kigali: indahiro z’abasenateri bashya zakiriwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Abasenateri barahiriye kuzuza neza inshingano zabo, abifuriza imirimo myiza bemeye gukorera igihugu. Perezida Kagame yavuze ko yizera ko Abasenateri bashya bazanye ubunararibonye…
Rwanda: Hari Uturere dukwiye kwisubiraho ku miyoborere n’imitangire ya serivise
Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) rwagaragaje uko abaturage babona imiyoborere n’imitangire ya serivise hakurikijwe uturere,gusa ikibabaje nuko usanga hari uturere dufatwa nk’inkingi ariko ugasanga dufite amanota macye kuburyo natwo dukwiye kwisubiraho.…
Umurinzi w’igihango Ntamfurayishyari Silas hari icyo abwira Urubyiruko
Ntamfurayishyari Silas umaze imyaka itanu agizwe Umurinzi w’igihango kubera uruhare rukomeye yagize mukurokora bamwe mubatutsi bahigwaga bakanicirwa mu Bugesera, muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, arasaba urubyiruko kwima amatwi, abashobora…
Nyagatare: Umuhanzi Pastor Cyomoro yongeye gushimisha benshi mu mashusho y’indirimbo yitwa Arahebuje
Abatari bacye bamumenye bitewe n’ubuhanga afite mu gukina filime,ariko muri ino minsi Pastor Cyomoro ari kugaragara mu muziki uhimbaza imana ndetse akabifatanya no gukomeza gukina filime kuko yemeza ko yabyihebeye.…
Rwamagana-Muyumbu : Abayobozi bamaze kumenya akamaro k’itangazamakuru no kwita ku bibazo by’abaturage
Mu gihe inzego zitandukanye zakunze kunengwa kudaha agaciro itangazamakuru ndetse no kutita ku bibazo by’abaturage cyane cyane mu nzego z’ibanze,ariko kugeza ubu bimaze kugenda bihinduka. Bwana Bahati Bonny umunyamabanga nshingwabikorwa…
Minisports yabuze amafaranga yo gutegura Amavubi U20
Biciye ku muvugizi wungirije w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), batangaje ko Minisiteri ifite imikino mu nshingano, yababwiye ko nta bushobozi bwo gutegura ikipe y’igihugu y’abari munsi 20 (U20) kugira…
Uwizeyimana Evode weguye akubise umusekirite ari mu ba Senateri 4 Perezida Kagame yashyize ho
Perezida Paul Kagame yashyizeho abasenateri bane bashya, barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre wayoboraga Umuryango Uharanira Inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (IBUKA) na Uwizeyimana Evode wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri…