• Latest
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

April 25, 2022
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru y'ingenzi

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 25, 2022
in Amakuru y'ingenzi, izindi nkuru
1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze
0
SHARES
1.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe Umujyi wa Kigali hakomeje kugaragara iterambere ryo kubaka no gutunganya inyubako zigendanye n’igishushanyo mbonera, mu murenge wa Gatenga, Umudugudu w’Ihuriro mu kagari ka Nyanza, haravugwa abakomeje kubaka uko bashatse umuyobozi w’Umudugudu n’abamwe mubamufasha babona ntibagire icyo babikoraho.

Hari amakuru yageze ku Kinyamakuru Igisabo, avuga ko mu bihe bitari byoroshye bya Covid 19, hari  bamwe mu baturage  bo mu murenge wa Gatenga bagiye bubaka mu buryo butemewe, nyamara benshi muri bo byamara kumenyekana,  abayobozi b’Inzego z’ibanze ntibagire icyo bakora ngo barwanye ako kajagari.

Urugero rwa hafi bavuga,  ni urwo mu mudugudu w’Ihuriro, Akagari ka Nyanza mu gace kitwa Murambi.  Uwitwa Dancilla Mujawayezu, bivugwa ko yubatse inzu imbere mu gipangu atuyemo  irinda yuzura.  Uwo Dancilla, akavuga ko inzu  yayubatse cyera,  mu gihe nyamara nta byangombwa byo kuyubaka yerekana,  akanavuga ko Umuyobozi w’Umudugudu we Madame Denyse Karugwiza n’ushinzwe Umutekano Rukundo P. Celestin bamubera umuhamya w’uko iyo nzu imaze igihe yubatswe.

Aganira n’ikinyamakuru igisabo, Madame Dancilla Mujawayezu, avuga ko atigeze yubaka  mu kajagari, cyane  ko yubatse abayobozi be babizi.

Agira ati “kereka niba ari abashaka kumpimbira. Hano hantu nahubatse cyera. Ari ubuyobozi bw’umudugudu bwahozeho ndetse n’ubushyashya dufite kino gihe, bose bashobora kumbera abahamya ko  nta nzu nubatse muri kino gihe cya hafi.”

Uyu  Dacilla Mujawayezu avuga ibi byose,  mu gihe iyo nzu ye itangwaho amakuru n’abamwe mu bagiye basenyerwa n’ubuyobozi bw’Akagari.

Abaturanyi ba Dancilla,  bahamya ko  nta mezi atatu ashize inzu yubatswe nk’uko bigaragara ku mafoto yafashwe abafundi bari kubaka amanywa n’ijoro.

 Muri abo baturanyi be baganiriye n’ikinyamakuru igisabo, ubwo cyageraga muri ako gace kavugwamo imyubakire idahwitse, bifatiye mu gahanga cyane bamwe mu bayobozi babo uburyo batonesha bamwe bakarenganya abandi.

Bavuga ko mu gace ka Murambi n’umudugudu w’Ihuriro ubarirwamo muri rusange, hagiye hagaragara abantu benshi  bubaka mu buryo butemewe amazu akuzura,  bakanayakoreramo cyangwa bakayaturamo nyuma yo gutanga agatubutse ku muyobozi w’Akagari badasize n’abayobozi b’imidugudu ndetse n’ushinzwe imyubakire Madame  Yvette ngo amakuru y’imyubakire idahwitse, akaba ayamenya ntagire icyo akora na gito.

Urugero rwa hafi bavuga ni uko ubwo Dancilla Mujawayezu ngo yubakaga iyo nzu mu buryo butemewe, baragejeje amakuru ku buyobozi bw’Akagari n’ushinzwe imyubakire mu murenge wa Gatenga Madame Yvette Nyumbayire ngo bagire icyo bakora, na cyane ko haba hari bamwe basenyerwa abandi bagakingirwa ikibaba.

Abaturage bakavuga ko bariya bayobozi bose bahawe amakuru, ariko ntihagire n’umwe  ugira icyo akora, bagasubiza ko  ari amatiku ashingiye ku nzangano.

Ikinyamakuru Igisabo cyabajije Umuyobozi w’Umudugudu w’Ihuriro Madame Karugwiza Denyse, avuga ko nta muturage we azi n’umwe wigeze yubaka inzu muri bino bihe bya vuba. Gusa avuga ko agiye gukurikirana neza icyo ibazo.

Agira ati “Nta muntu n’umwe nzi waba warubatse mu buryo butemewe. Gusa umudugudu wacu ni munini,  biramutse byarabaye byaba ari ikibazo. Ubwo mu bitubwiye reka tubikurikirane.”

Uyu muyobozi,  avuga ko atazi ko hari inzu iri kubakwa mu buryo butemewe,  mu gihe nyamara iyubatswe ya Madame Dancilla Mujawayezu,  iri imbere yaho atuye,  ikindi ni uko ngo yaba yarubatswe  mu gihe cya nijoro irinda yuzura,  cyane ko ikingirijwe n’igipandu.

Umuyobozi w’Akagari ka Nyanza Emmanuel Niyonkuru, abajijwe ku by’akajagari kubakwa muri Murambi, hakaba hasenyerwa bamwe abandi bagakingirwa ikibaba barimo n’uwitwa Dancilla wubatse inzu ikarinda yuzura, avuga ko mu byukuri nta muntu n’umwe bakingira ikibaba, kandi ko uba  wese yarubatse  mu buryo butemewe nta kabuza iyo nyubako yahita ikurwaho  nta kindi.

Agira ati “ Abubaka mu buryo butemewe , nta bindi bisobanuro bibaho uretse kubasenyera.  Uwo Dancilla muvuga nzi ko ari umucuruzi wagiye unitwara nabi mu gihe cya Covid 19,  ku buryo yanaciwe amande kenshi. Ibyo kuba yarubatse mu buryo butemewe byo simbizi, ubwo birasaba ko twabikurikirana.”

Umuyobozi w’Aakagari Emmanuel Niyonkuru, n’ubwo bwose ahakana ko atazi iby’inyubako ya Dancilla yubatswe mu buryo butemewe, yemereye uwamubazaga,  ko hari amakuru yaba yarumvise, nyuma  aza kubwirwa ko ari iby’amagambo y’inzangano ko nta nzu yigeze yubakwa, bityo akaba ngo agiye gukomeza gukirikirana amenye ukuri.

Mu gushaka kumenya icyo Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gatenga buvuga ku mpungenge z’abaturage bavuga ko hari abubaka bakingiwe ikibaba, abandi babigerageza bagasenyerwa bitewe ko nta kintu baba bahaye abayobozi, inshuro nyinshi uyu muyobozi Mugisha Emmanuel yahamagawe, ntiyashatse kwitaba telefoni ye igendanwa ndetse n’ubutumwa bubiri bwanditse yahawe ntacyo yabusubijeho,

Ibyo ninako byagenze ku muyobozi ushinzwe imyubakire mu murenge wa Gatenga, Madame Yvette Nyumbayire,  bivugwa ko nta kintu ajya yitaho kigendanye no kurwanya imyubakire idahwitse mu murenge we, ndetse bikavugwa ko n’iriya nzu  ya Madame Dancilla Mujawayezu, yaba ngo yarayimenyeshejwe, ariko ntagire icyo abikoraho.

 Kimwe na mugenzi we uyobora Umurenge, yanze gufata telefoni igendanwa, aho ayifatiye bigoranye, avuga ko nta makuru na make afite ko twabaza umuyobozi w’Umurenge ngo niwe muvugizi we.

Umuyobozi w’umurenge wa Gatenga Mugisha Emmanuel

Amakuru Ikinyamakuru cyaje kumenya yandi,  n’uko Umuyobozi w’umurenge wa Gatenga Mugisha Emmanuel ngo yaba amaze igihe atavugana n’itangazamakuru, aho asubiza abamushaka ko bagomba gusaba amakururu Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro kagatanga amakuru we ngo  ntabyemerewe.

Ikibazo cy’imyubakire idahwitse cyakunze kuvugwa mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali. Benshi bo mu murenge wa Gatenga bakavuga ko ufite amafaranga akayaha abo mu nzego z’ibanze, barimo ba Mudugudu n’Abayobozi b’Utugari, byaba ngo  bimworohera kuyubaka, gusa agasabwa kubaka vuba na vuba gashoboka, ari nazo nzira bivugwa ko Madame Dancilla Mujawayezu,  wo mu mudugudu w’Ihuriro Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga,  yaba yaranyuze ubwo yubakaga inzu akayuzuza mu buryo butemwe.

  Mu gihe binavugwa ko Umuyobozi w’Umudugudu Karugwiza Denyse we n’ushinzwe umutekano Rukundo P. Celestin ndetse n’uw’Akagari  Niyonkuru Emmanuel  n’ushinzwe imyubakire mu murenge wa Gatenga Madame Yvette Nyumbayire, bose ngo bari babizi.

Ubwanditsi

Previous Post

Rwamagana: Umuturage yasanzwe yishwe akaswe ijosi

Next Post

Abagize Urugaga rw’Abavuzi Gakondo bavuga ko bakomeje kubangamirwa na Nyirahabineza Geretrude birukanye ku buyobozi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Abagize Urugaga rw’Abavuzi Gakondo  bavuga ko bakomeje kubangamirwa na  Nyirahabineza Geretrude birukanye ku buyobozi

Abagize Urugaga rw’Abavuzi Gakondo bavuga ko bakomeje kubangamirwa na Nyirahabineza Geretrude birukanye ku buyobozi

Comments 1

  1. Gakuru Kalim says:
    4 years ago

    Mwiriwe
    Murakoze kubw’amakuru mutanze
    Ariko nabaza kuki amakuru nkaya muyamenya mbere ntimuyatange ku inzego zibishinzwe ngo zibikurikirane hakiri kare?
    Urugero: nk’iyi nkuru mwakoze muravuga ko inzu yubatswe mu bihe bya COVID-19 (Guma mu rugo) none mubivuze hashize imyaka….?
    Mwisubireho namwe

    Murakoze

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA