• Latest
Perezida yakiriye mu Biro bye Robert Pires na Ray Parlour bakiniye Arsenal

Perezida yakiriye mu Biro bye Robert Pires na Ray Parlour bakiniye Arsenal

February 10, 2022
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Perezida yakiriye mu Biro bye Robert Pires na Ray Parlour bakiniye Arsenal

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
February 10, 2022
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Ubucyerarugendo
0
Perezida yakiriye mu Biro bye Robert Pires na Ray Parlour bakiniye Arsenal
0
SHARES
130
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Gashyantare 2022 yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, abahoze bakinira Arsenal ndetse bakayikoramo amateka akomeye ari bo Robert Pires na Ray Parlour, ndetse n’abo bari kumwe bo mu miryango yabo.

Ni nyuma y’uko bageze mu Rwanda ku Cyumweru tariki 6 Gashyantare 2022, baje gusura ibyiza bitatse u Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda, bakaba bashoje urugendo rwabo kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Gashyantare 2022.

Ubwo Perezida Kagame yabakiraga bari kumwe n’imiryango yabo, aba bakinnyi batangaje ko ubufatanye bw’ikipe bigeze gukinira ya Arsenal n’u Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda ari nk’impano hagati y’impande zombi, kandi ko bwatumye u Rwanda rumenyekana hirya no hino ku isi.

Umwe muri bo yagize ati “Mvugishije ukuri, ntabwo abantu bari bazi u Rwanda mbere y’ubu bufatanye. Bumvaga ngo uje muri Afurika bakibaza aho ari ho. Ariko ubu abantu bazi u Rwanda n’ibihakorerwa, kubera kureba umwambaro wa Arsenal ahanditse Visit Rwanda.”

  • Robert Pires na Ray Parlour basuye ikiraro giherereye muri Nyungwe kizwi nka Canopy Walk

Kuri bo kandi, u Rwanda na Arsenal ngo byabaye nk’umuryango umwe.

Ariella Kageruka ushinzwe ubukerarugendo mu rwego rushinzwe iterambere mu Rwanda (RDB), na we yavuze ko gahunda ya Visit Rwanda ikomeje guteza imbere ubukerarugendo mu Rwanda, ndetse n’ishusho nziza yarwo.

Yagize ati “Ubufatanye n’ikipe ya Arsenal ndetse n’abandi bagera hirya no hino ku isi bwatugejeje ku kumenyekanisha Igihugu birenze ibyo twakwikorera twenyine.”

Robert Pires yakiniye Arsenal kuva mu mwaka wa 2000 kugeza muri 2006, naho mugenzi we Ray Parlour we yayikiniye kuva mu 1992 kugeza muri 2004.

Pires na Parlour, bombi b’imyaka 48 y’amavuko, bakigera mu Rwanda tariki 06 Gashyantare 2022, bahise batangira urugendo rwo gusura ahantu nyaburanga hatandukanye mu gihugu, harimo na Pariki ya Nyungwe, aho banyuzwe bakanishimira gutemberera ku kiraro cyo mu kirere.

Ku rukuta rwa Twitter rwa Visit Rwanda, banditse ngo: “Ibi byamamare bya Arsenal, biri mu Rwanda, muri gahunda ya Visit Rwanda, iri mu bufatanye bwa Arsenal bwo kuzenguruka igihugu no kwirebera ibyiza byo ku butaka bw’igihugu cy’imisozi igihumbi”.

Bongeyeho bati “Mu ruzinduko rwabo rw’umunsi wa mbere basuye Nyungwe, by’umwihariko batembera ku kiraro cyo mu kirere, bashimishwa no kwirebera ibintu bitangaje, bari hejuru y’ishyamba kimeza rya Nyungwe, riherereye mu Majyepfo y’Iburengerazuba bw’u Rwanda”.

Parlour na we yasangije abamukurikira kuri Twitter, ifoto ari kumwe na Pires bari kuri Mantis Kivu Marina Bay Hotel, maze agira ati: “Nishimiye gusura u Rwanda hamwe n’umuntu w’ingenzi, Pires”.

  • Robert Pires na Ray Parlour batangaje ko bagiriye ibihe byiza mu Rwanda

Yongeyeho indi foto yabo bombi, ibagaragaza barimo kugendera ku kiraro cyo mu kirere, mu ishyamba rya Nyungwe.

Parlour na Pires bahoze mu ikipe ya Arsenal yarangije umwaka w’imikino idatsinzwe ndetse imenyekana ku izina rya “Invincibles” bivuze “Indahangarwa” icyo gihe ikaba yaratozwaga na Arsene Wenger. Yanabaye ikipe yonyine mu mateka ya Shampiona y’u Bwongereza, yegukanye igikombe cya Shampiona idatsinzwe, mu mwaka wa 2004.

Iyi kipe yabashije kugera kuri ayo mateka yo kwegukana shampiyona n’amanota 90 mu mikino 38, yatsinzemo igera kuri 26, inganya imikino 12.

Aba bombi bari mu Rwanda mu rwego rw’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Arsenal, mu rwego rwo guteza imbere u Rwanda nk’ahantu h’ubukerarugendo, bakaba biyongera ku bandi bakinnyi benshi, barimo abagikina n’abahoze bakinira iyi kipe ibarizwa i Londres, bagiye baza mu Rwanda mu bihe bitandukanye.

Previous Post

Gasabo : Koperative y’aba Motari CO.D.M.G hari byinshi yakwigirwaho

Next Post

Amwe mu ma Koperative y’aba Motari akomeje kubabera uburyo bwo kwigira no kwiteza imbere

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Amwe mu ma Koperative y’aba Motari akomeje kubabera uburyo bwo kwigira no kwiteza imbere

Amwe mu ma Koperative y'aba Motari akomeje kubabera uburyo bwo kwigira no kwiteza imbere

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA