• Latest
Perezida Kagame yanenze ibihugu bifasha u Rwanda mu mutekano, bigahindukira bikanifatanya n’abawuhungabanya

Perezida Kagame yanenze ibihugu bifasha u Rwanda mu mutekano, bigahindukira bikanifatanya n’abawuhungabanya

June 11, 2021
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

August 28, 2026
Abanyeshuri 7 188 ntibabonye amanota kuko bakurikiranyweho gukopera

Abanyeshuri 7 188 ntibabonye amanota kuko bakurikiranyweho gukopera

August 28, 2026
Perezida Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru wa UNECA

Perezida Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru wa UNECA

August 28, 2026
Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

August 27, 2026
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    NAEB irahemba ikawa zahize izindi

    NAEB irahemba ikawa zahize izindi

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    NAEB irahemba ikawa zahize izindi

    NAEB irahemba ikawa zahize izindi

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Perezida Kagame yanenze ibihugu bifasha u Rwanda mu mutekano, bigahindukira bikanifatanya n’abawuhungabanya

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 11, 2021
in izindi nkuru
0
Perezida Kagame yanenze ibihugu bifasha u Rwanda mu mutekano, bigahindukira bikanifatanya n’abawuhungabanya
0
SHARES
198
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame yanenze ibihugu bifatanya n’u Rwanda mu kubaka no gusigasira umutekano, ariko bigaca inyuma bigaha rugari cyangwa bigafatanya n’abashaka kugaruka kuwuhungabanya.

Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gusoza amasomo kuri ba Ofisiye 47 barangije mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare (RDF Command and Staff College) riri i Nyakinama mu Karere ka Musanze.

Muri uwo muhango, Perezida Kagame yavuze ko nk’abofisiye bo mu kinyejana cya 21 bakwiriye kumva ko bategerejweho umusanzu mu guhangana n’ibibazo bitandukanye byugarije Isi.

Yavuze ko bagiye gukorera mu Isi idatanga amahirwe angana, aho hari abifata nk’aho basumba abandi.

Ati “Ni ukuvuga ko bibongerera inshingano. Dushingiye kuri ubu bumenyi twahawe n’umuhate, nubwo amikoro atari menshi, ni gute twakora tukagera ku rwego twumva ko turi ku rwego rumwe n’abandi?”

“Uko gukora ku buryo tugera ku rwego twumva ko turinganiye n’abandi, bijyana n’ibindi byinshi. Ni ikibazo cy’imyumvire, ni ikibazo cy’amahitamo twakoze cyangwa se tuzakora, Ni ikibazo twavuzeho inshuro nyinshi mu bihe byashize kandi dushobora no gukomeza kukivuga mu gihe kiri imbere.”

Yavuze ko kugira ngo u Rwanda rugere aho rwifuza hatuma rwumva ruringaniye n’abandi, buri wese asabwa gukora cyane.

Ati “Mwese mufite uruhare mu guharanira ko tugera izo ntego. Mwahawe ubushobozi bwinshi muri aya masomo, bivuze ko mutegerejweho byinshi. Nizeye ko muzajyana mu nshingano zanyu nshya mufite umuhate. Hari ibibazo by’ingenzi bikeneye imiyoborere yanyu n’imikoranire ihoraho n’izindi nzego. Mbere na mbere dukwiriye gukomeza indangagaciro z’icyizere, ubwumvikane no kubazwa inshingano biranga sosiyete yacu.”

Perezida Kagame yabwiye abo basirikare ko mu nshingano bagiye kujyamo, hazabaho gufatanya n’abandi mu gushakira ibisubizo ibibazo bitandukanye by’umutekano.

Icyakora yabababwiye ko bagomba kwirinda gukora ibizana umutekano nyamara ku rundi ruhande bakora ibishobora kuwuhungabanya.

Yatanze urugero rwa bamwe mu bigeze kunyura muri iryo shuri, bakoze amakosa arimo n’ibyaha, bahungira mu mahanga, ayo mahanga asanzwe afatanya n’u Rwanda mu gushakisha umutekano, arahindukira abaha rugari ngo bakore ibikorwa biteze umutekano muke.

Ati “Bateje ibibazo birukira mu bihugu byitwa ko ari abafatanyabikorwa bacu, barabeshya cyane bahabwa ikaze. Abo bantu baje guhindukira bajya mu bikorwa ahubwo biteza umutekano muke ku gihugu.”

“Ndabwira abafatanyabikorwa bacu, ntimugafashe mu bijyanye no kubaka umutekano ku ruhande rumwe haba mu kubaka ubushobozi, gufasha mu iterambere n’ibindi, ngo muhindukire muhe urubuga abategura kuzaza ngo bateze umutekano muke kubyo twamaze igihe twubaka dufatanyije.”

Perezida Kagame kandi yagarutse ku bibazo byugarije Isi birimo iterabwoba, ibyorezo n’ibindi, avuga ko aho bigeze nta gihugu cyabyifasha cyonyine ariyo mpamvu ubufatanye bukenewe.

Yavuze ko bisaba ubushishozi mu gusesengura ibyo bibazo kugira ngo bishakirwe ibisubizo bikwiriye.

Ati “Nta gihugu kimwe ukwacyo cyabibonera ibisubizo uko cyaba kingana cyangwa cyishoboye kose. Murasabwa kureba kure mugasesengura ibibazo n’amahirwe bihari kandi mugafatanya n’abandi kugira ngo ibyo bibazo bikemurwe neza.”

Yavuze ko kandi bafite inshingano zo gukomeza kurinda umutekano w’Abanyarwanda n’Abanyafurika muri rusange, baharanira ko ibyiza abandi bagezeho nabo babigeraho.

Ati “Hari urugamba rukomeye rurenze uru rugaragarira amaso, aho RDF isabwa guhora yiteguye kurinda umutekano w’u Rwanda. Ni urugamba tugomba gushyira mu mitwe yacu ko Abanyarwanda n’Abanyafurika bakeneye ibyiza abandi nabo bakenera nk’ubwisanzure, icyubahiro n’iterambere. Tugomba kwigengesera mu kurindira ubuzima abaturage bacu kandi tukagira uruhare ngo Isi ibe nziza kuri bose.”

Umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Gisirikare (RDF Command and Staff College) riri i Nyakinama, Brig General Didas Ndahiro, yashimiye abasoje amasomo bose, abasaba gukoresha ubumenyi bahawe mu kunoza akazi kabo.

Ati “Ishuri ryabahaye ubumenyi n’indangagaciro ribategurira ku bibazo mushobora guhura nabyo mu kazi kanyu mu minsi iri imbere. Icyakora akamaro gakomeye k’aya mahugurwa kazagaragarira mu buryo muzayakoresha mugamije kuzana ibyiza. Mukomeze kurangwa n’indangagaciro mwahawe.”

Mu bofisiye 47 basoje amasomo kuri uyu wa Gatanu harimo abagabo 45 n’abagore babiri.

Ishuri Rikuru rya Gisirikare (RDF Command and Staff College) ryashinzwe mu myaka umunani ishize, rifite inshingano zo gufasha u Rwanda kubaka igisirikare cy’umwuga.

Mbere y’uko ribaho, abakeneraga guhabwa amahugurwa mu gisirikare ku rwego rwo hejuru, bagombaga kujya hanze y’igihugu, ibintu byabaga bihenze kandi imyigishirize y’ibihugu akenshi iba ijyanye n’imiterere y’ibyo bihugu ubwabyo.

Muri iri shuri hatangirwamo porogaramu z’ubwoko bubiri. Hari iya mbere yitwa Junior Command and Staff course, ihugura guhera ku bafite ipeti rya Capitaine n’abafite Major. Iya kabiri yitwa Senior Command and Staff College ari nayo 47 basojemo, ijyamo abafite ipeti rya Major , Lieutenant Colonel n’aba Colonel.

Abamaze kunyura muri Senior Command and Staff College ni 418 barimo 94 bo mu mahanga. Muri Junior Command and Staff Course hamaze gusohoka 447 bose b’Abanyarwanda.Abofisiye 47 barimo abasirikare 44 n’abapolisi batatu nibo basoje amasomo kuri uyu wa GatanuAbasoje amasomo basabwe kuzana impinduka mu gushakira ibisubizo ibibazo byugarije Isi cyane cyane bijyanye n’umutekano

Mu barangije amasomo harimo 29 bahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu (Masters) mu bijyanye n’umutekano

Previous Post

Ese Ikipe Y’U Rwanda Ya Cricket ‘Izagera’ Muri ½ Cy’Irushanwa Ryo Kwibuka T20 ?

Next Post

Film “Animateur si ubusambanyi si no guta umuco ahubwo ni ukwigisha” Uzwi nka ANIMATEUR

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Film “Animateur si ubusambanyi si no guta umuco ahubwo ni ukwigisha” Uzwi nka ANIMATEUR

Film “Animateur si ubusambanyi si no guta umuco ahubwo ni ukwigisha” Uzwi nka ANIMATEUR

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

0
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026

Recent News

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA