COVID-19yateje igabanuka ry’ umusaruro ndetse n’ibiciro biriyongera ku isoko ry’ibiribwa
Bamwe mu bahinzi n’aborozi bo mu Rwanda babarizwa mu rugaga imbaraga bavuga ko icyorezo cya COVID-19 cyabateje igihombo gikomeye bietwe no kubura aho bagurisha umusaruro wabo ndetse ko n’biribwa bishobora…
Ubwnadu bushya bwa Corona muri Kigali bukomeje kwiyongera
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 69 barimo 34 bakuwe mu Mujyi wa Kigalibasanganywe Coronavirus mu gihe 11 aribo bakize basezererwa mu bitaro. Itangazo rya Minisante ryo kuri uyu wa 26…
Nyuma y’igihe abo ayoboye bamusaba kwegura Gasigwa Michel wayoboraga Komisiyo y’abasifuzi yeguye
Abinyujije mu ibaruwa yandikiye Perezida wa Ferwafa, Rtd Sekamana Jean Damascene, Gasingwa Michel wari umuyobozi wa komisiyo y’abasifuzi FERWAFA yamaze gusezera ku mirimo ye. Muri uyu mwaka w’imikino mu Rwanda…
410 mu basirikare ba RDF bagiye mu kiruhuko cy’Izabukuru 1039 basoza amasezerano y’akazi
Minisiteri y’Ingabo yasezeye ku basirikare 410 bagiye mu kiruhuko k’izabukuru n’ababandi 1039 basoje amasezerano y’akazi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF). Umuhango wo gusezera kuri abo basirikare 1449 basoje imirimo yabo…
Kwibihora 26:Perezida akagame yatashye ku mugaragaro Ibitaro n’umudugu by’ikitegererezo
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 26 umunsi mukuru wo kwibohora yatashye ku mugaragaro ibikorwa bitandukanye birimo umudugudu w’ikitegererezo, ibitaro,amashuri n’ibigo nderabuzima. Ibi bikorwa…
Remdesivir yizewe guhangana na Corona izajya igura ibihumbi 370 agacupa kamwe
Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) gikora imiti cyitwa Gilead Sciences cyatangaje ko umuti witwa Remdesivir ufite ubushobozi bwo guhangana na Coronavirus ugiye kuzajya ugurishwa amadolari ya…
Ishyaka UDPR ryifurije abanyarwanda umunsi mwiza wo kwibohora rinashimira perezida Kagame
Ku nshuro ya 26 Abanyarwanda bizihiza ho umunsi wo Kwibohora, Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Ubumwe bw’Abanyarwanda na Demokarasi(UDPR) burashimira Inkotanyi zahagaritse Jenoside by’umwihariko rigashimira Perezida Paul Kagame ku ntambwe amaze guteza…
Igisobanuro ku mibare y’abanduye Covid-19 yatumbagiye
Minisiteri y’Ubuzima yaraye itangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu 101 banduye Coronavirus, umubare munini w’abarwayi wabonetse mu munsi umwe kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda muri Werurwe. Abarwayi 72…
Iran yasabiye perezida Trump gutabwa muri yombi
Iran yasohoye impapuro zisaba Police Mpuzamahanga guta muri yombi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump akabazwa ibyaha birimo ubwicanyi n’Iterabwoba. Iki gihugu kiramushinja urupfu rw’Umujenerali wacyo Gen.…
Nyuma y’umunya-Togo Rayon sports yasinyishije undi Rutahizamu
Nyuma yaho ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Togo Alex HArlley ubu yatangaje ko yamaze guha amasezerrano y’Imyaka 2 Nihoreho Arsène akaba ari uwa…