Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School biyemeje kudatezuka ku ngamba
Nkuko twabibasezeranije ,mu rwego rwo kubagezaho uko imyigire ihagaze muri kino gihe cyo guhangana n’icyorezo cya Covid 19,turakomeza kubatembereza ibigo by’amashuri bitandukanye tubagezaho uko ingamba ziri kubahirizwa ndetse n’ibitangazwa n’abafite…
Nyagatare-Rukomo : umujyo ni umwe mu ndatwa z’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo
Hashize icyumweru kimwe amasomo asubukuwe,abatari bacye bibazaga uburyo abanyeshuri bazifata mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya Covid 19,ariko by’akarusho icyo ababyeyi bari bafitiye impungenge ni abana biga mu mashuri abanza…
Ibihugu birenga 20 nibyo biteganyijwe mu imurikagurisha mpuzamahanga uyu mwaka nyuma yo gusubikwa kubera COVID19
Imurikagurisha mpuzamahanga rizwi nka Expo risanzwe ribera i Gikondo ry’uyu mwaka 2020 rigiye kuba ku nshuro ya 23 rizitabirwa n’abantu barenga 480 baturutse impande z’Isi rigiye gusubukurwa guhera tariki ya…
Abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa kumenya kurushaho uburenganzira bw’abafite ubumuga bwo kutabona
Mu mahugurwa y’iminsi ibiri , yari agenewe abanyamakuru bakora inkuru zo ku buzima no kubafite ubumuga muri rusange, yateraniye i Kigali kuwa 05 na 06 Ugushyingo 2020 hifujwe ko, abahagarariye…
“Hamwe Festival” igiye kuba ku nshuro ya kabiri izitabirwa n’abahanzi mu gufasha abagize ingaruka zo mu mutwe
Kaminuza ya Global Health Equity ibarizwa mu Karere ka Burera mu majyarugu y’u Rwanda yateguye iserukiramuco ngarukamwaka ku nshuro ya kabiri ryitwa “Hamwe Festival” aho rizitabirwa n’abahanzi batandukanye ariko bafasha…
Abasirikare batwitse imifuka ine y’urumogi mu gace ka Kikwit muri DR. Congo
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 4 Ugushyingo, mu ntara ya Kwilu umujyi wa Kikwit mu burengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubutabera bwa gisirikare muri ako gace batwitse…
RRA yinjije imisoro ingana na miliyari 371 Frw hagati ya Nyakanga na Nzeri 2020
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari 2020/2021, imisoro yakusanyijwe yageze kuri miliyari 371.5 Frw. Ni mu gihe intego iki kigo cyari cyihaye…
Dr Habumuremyi yasabiwe gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 892 Frw
Ubushinjacyaha bwasabiye Dr Pierre Damien Habumuremyi wayoboraga Christian University of Rwanda, gufungwa imyaka itanu, ku byaha akekwaho birimo gutanga sheki zitazigamiye n’icyaha cy’ubuhemu. Kuri uyu wa Gatanu nibwo Dr Habumuremyi…
Gasabo : Ishuli rya SOS Kigali ritangiranye Ishyaka ryo gutanga uburezi buhamye
Nyuma y’amezi arenga arindwi amashuli ahagaritswe n’icyorezo cya COVID-19, akaba yongeye gufungura imiryango, Ubuyobozi bw’ishuri rya SOS Kigali, buravuga ko bugiye gukorana umwete kugira ngo abana bazarangize umwaka w’amasomo bari…
Opinion: Birababaje: Imvugo mbi,kubogama n’imyanzuro imwe n’imwe imbogamizi ku mibanire myiza
Umunsi ku munsi hakunze kumvikana inkuru z’abantu bahohoteye abandi bikabaviramo urupfu,ariko nyuma wareba imyitwarire ikurikiye ayo mahano ukibaza niba koko ubumwe bw’abanyarwanda bwaragezweho. Nubwo kino gitekerezo cyanjye cyubakiye ku nkuru…