• Latest
Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School  biyemeje kudatezuka ku ngamba

Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School biyemeje kudatezuka ku ngamba

November 9, 2020
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

May 31, 2025
Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

May 27, 2025
Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

May 23, 2025
Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

May 23, 2025
Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

May 21, 2025
Inkomoko Ranked Among Africa’s Fastest-Growing Firms by Financial Times

Inkomoko Ranked Among Africa’s Fastest-Growing Firms by Financial Times

May 19, 2025
Gutangaza Ingingo z’Ingenzi z’Impamvu yo gusaba guhindura Amazina ya UMUTONI Amina

Gutangaza Ingingo z’Ingenzi z’Impamvu yo gusaba guhindura Amazina ya UMUTONI Amina

May 19, 2025
Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

May 19, 2025
Kaminuza ya ULK bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Prof. Rwigamba BALINDA aha urubyiruko ruharererwa ubutumwa

Kaminuza ya ULK bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Prof. Rwigamba BALINDA aha urubyiruko ruharererwa ubutumwa

May 17, 2025
Ibigo byubahiriza ihame ry’uburinganire bigiye guhabwa ikirango cy’ubuziranenge

Ibigo byubahiriza ihame ry’uburinganire bigiye guhabwa ikirango cy’ubuziranenge

May 17, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School biyemeje kudatezuka ku ngamba

admin by admin
November 9, 2020
in Ubumenyi(Science)
0
Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School  biyemeje kudatezuka ku ngamba
0
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nkuko twabibasezeranije ,mu rwego rwo kubagezaho  uko imyigire ihagaze muri kino gihe cyo guhangana n’icyorezo cya Covid 19,turakomeza kubatembereza ibigo by’amashuri bitandukanye tubagezaho uko ingamba ziri kubahirizwa ndetse n’ibitangazwa n’abafite aho bahurira n’uburezi,uyu munsi tukaba tugiye kubagezaho uko byifashe mu kigo cy’amashuri cya Karangazi Secondary School ( K.S.S).

Karangazi Secondary School ni kimwe mu bigo by’ikitegererezo mu Karere ka Nyagatare

Karangazi Secondary School ni ikigo cy’amashuri giherereye mu Karere ka Nyagatare,Umurenge wa Karangazi,kikaba ari ikigo cy’ikitegerere (School Excellence),kuri ubu kikaba gifite icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye(O’level),icyiciro cya 2 (A’level) mu masomo y’amateka,ubukungu n’ubumenyi bw’isi (HEG) ndetse n’amasomo y’imibare,ubukungu n’ubumenyi bw’isi (MEG),kuri ubu mu gihe hagitegerejwe ko abanyeshuri bose bafungura Karangazi Secondary School ifite abanyeshuri bagera kuri 224 bari mu byiciro byemerewe kuba bitangiye,gusa kino kigo kikaba gitangaza ko cyiyemeje gukomeza gutanga amasomo neza ariko banubahiriza ingamba zose zo guhangana n’icyorezo cya covid19.

muri Karangazi SS Ingamba zo guhangana na Covid 19 zirubahirizwa nkuko bisabwa,aha niho ushobora gukarabira intoki ukoresheje amazi meza n’isabune

Gatungo Rutaha Mathieu umuyobozi wa Karangazi Secondary School agira ati’’abanyeshuri bacu basanzwe bafite umuco wo kudakorera ku jisho kandi bubaha amabwiriza meza bahabwa n’abarezi babo,akaba ariyo mpamvu nta mpungenge dufite mu kubahiriza ingamba zo guhangana na covid 19,uyu muyobozi kandi yemeza ko biteguye neza kwakira abanyeshuri aho ibyasabwaga byose babyujuje kuburyo biteguye no kwakira abanyeshuri bose mu gihe kiri imbere.

Gatungo Rutaha Mathieu umuyobozi wa Karangazi Secondary School (ifoto yafashwe mbere ya covid 19)

Benimama Providence umwe mu barimu barerera muri kino kigo,nawe yemeza ko nta mpungenge bigeze bagira zo kwakira abanyeshuri kuko imikoranire y’abarezi isanzwe idufasha gukorera hamwe nk’ikipe.

Bamwe mu banyeshuri baganiriye na Igisabo.rw batangaza ko biteguye kwiga bashyizeho umwete kugirango bakureho icyuho cyatewe na covid19,bakaba bemeza ko batazasubira inyuma ariko ngo bagakomeza gufata ingamba zo guhangana n’icyorezo kugirango bakomeze bige neza nta nkomyi.

Kimwe n’ibindi bigo byafunguye,iyo ugeze muri Karangazi SS ugomba kubanza gukaraba neza intoki n’amazi meza n’isabune,ugapimwa umuriro ndetse ukandikwa mu gitabo cyabugenewe kugirango habeho gukurikirana buri wese wageze mu kigo.

Abanyeshuri bapimwa umuriro bakandikwa no mu gitabo kugirango bakomeze gukurikirana ubuzima bwabo umunsi ku munsi

Karangazi Secondary School isanzwe ari ikigo cy’indashyikirwa mu gutsindisha neza no kugira abanyeshuri bafite ikinyabupfura,gusa ngo isuku igira isoko kuko kino kigo cyubatse ahantu haberanye no kwiga,dore ko uretse kuba nta rusaku wakumva ariko n’ubusitani bw’iki kigo nabwo bufasha abanyeshuri kwiga batekanye.

Karangaze SS yubatse mu mahumbezi afasha umwana kwiga neza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare ntibuhwema gukangurira abafite aho bahuriye n’imyigire n’imyigishirize kubibutsa ko ishema ryabo ari umwana ubahanze amaso,ariyo mpamvu buri wese akwiye guha agaciro uruhare rwe mu burezi bw’umwana,

Gatungo uyobora Karangazi SS aboneraho kwibutsa ababyeyi,abarezi ndetse n’abana gukomeza kuzirikana ko nta buzima bwiza no kwiga biba bitagishobotse ariyo mpamvu buri wese akwiye gukora iyo bwabaga agahangana na covid 19.

Abanyeshuri ba Karangazi SS basukura intoki bazirikana guhana intera
Abanyeshuri ba Karangazi SS bicara bahanye intera mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid 19
Ubusitani bwo muri Karangazi SS nabwo buteye amabengeza
Abana batozwa guhana intera aho bari hose
Aho abanyeshuri bari hose mu kigo babona aho gukarabira intoki mu buryo bworoshye
Karangazi SS ifite ubwiza kuva ku nyubako kugeza ku busitani
Abanyeshuri bapimwa umuriro mbere yo kwinjira mu kigo

Inkuru ya : NDAYISABA Eric

Contact : 0782511443

Email : ndayisabaeric501@gmail.com

Twitter : NDAYERICUS

Previous Post

Nyagatare-Rukomo : umujyo ni umwe mu ndatwa z’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo

Next Post

Kabuga Felicien agiye kuburanishwa bwa mbere

admin

admin

Next Post
Kabuga Felicien agiye kuburanishwa bwa mbere

Kabuga Felicien agiye kuburanishwa bwa mbere

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

0
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

May 31, 2025
Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

May 27, 2025

Recent News

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

May 31, 2025
Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

May 27, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA