• Latest
Nyagatare-Rukomo : umujyo ni umwe mu ndatwa z’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo

Nyagatare-Rukomo : umujyo ni umwe mu ndatwa z’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo

November 9, 2020
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021
Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

February 24, 2021
Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

February 23, 2021
Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

February 22, 2021
Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

February 22, 2021
Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

February 22, 2021
Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

February 22, 2021
Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

February 22, 2021
Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

February 22, 2021
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Nyagatare-Rukomo : umujyo ni umwe mu ndatwa z’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo

Eric NDAYISABA by Eric NDAYISABA
November 9, 2020
in Ubumenyi(Science)
0
Nyagatare-Rukomo : umujyo ni umwe mu ndatwa z’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo
0
SHARES
353
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Hashize icyumweru kimwe amasomo asubukuwe,abatari bacye bibazaga uburyo abanyeshuri bazifata mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya Covid 19,ariko by’akarusho icyo ababyeyi bari bafitiye impungenge ni abana biga mu mashuri abanza kuko bisaba kubahozaho ijisho kugirango bitwararike, ikindi kibazo kwari ukwibaza niba abana biga bataha batazagorwa n’ingamba kuko abenshi bataha bafatanye na bagenzi babo ndetse banisanzuye cyane,niyo mpamvu natwe tugerageza kugenda tubereka ishusho y’uburyo ibigo bitandukanye bihagaze mu gufasha abana gutangira amasomo yabo ariko banahangana n’icyorezo cya covid 19.

Groupe Scolaire de Rukomo ni ikigo giherereye mu Karere ka Nyagatare Umurenge wa Rukomo kikaba gifite abanyeshuri biga mu byiciro bitandukanye,ni ukuvuga Ishuri ry’incuke,amashuri abanza,icyiciro rusange ndetse n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (section),mu rwego rwo kumara impungenge abibazaga ko bidashoboka ko abana bazitwararika,twaganiriye n’umwe mu barezi barerera muri kino kigo ariwe Sekanabo Martin maze adutangariza ko mbere yuko amashuri atangira bahawe inyigisho zizabafasha gukurikirana abana ubwo amashuri azaba atangiye,ibyo bikaba biri kubafasha mu kwita ku banyeshuri.

Mwarimu Sekanabo Martin umwarimu w’Ibinyabuzima muri G.S Rukomo atanga amasomo ku Munsi wa Mbere w’isubukurwa ry’amasomo

Kimwe n’ibindi bigo byatangiye amasomo G.S Rukomo nayo yari yariteguye bihagije kuko iyo ikigera mu kigo usanganizwa ibikoresho bigufasha mu gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune mbere yo kwinjira mu kigo.

Mbere yo Kwinjira mu Kigo ubanza gukaraba intoki,ukoresheje amazi meza n’isabune

Abana mbere yo kwinjira mu kigo bapimwa umuriro ndetse bakandikwa mu gitabo cyabugenewe mu rwego rwo gukomeza gukurikirana ubuzima bwabo.

Mwalimu Mbonaruza Razaro afasha abanyeshuri kubapima umuriro no kubandika mu gitabo cyabugenewe

ikindi kandi muri kino kigo hashyizweho uburyo bwo kwicara mu ishuri abana bahanye intera,ku bwa Mwalimu Martin ngo kwigisha bambaye agapfukamunwa nta mbogamizi kuko ibintu byose ari mu mutwe,kandi ntacyo byakwangiza ku buzima bwa mwalimu ahubwo bishobora kumufasha nubwo wenda ijwi ridasohoka nkibisanzwe,nk’umwalimu w’isomo ry’ibinyabuzima (Biology) amara impungenge abandi barezi ko badakwiye kugira ikibazo ku kwambara agapfukamunwa bari gutanga amasomo.

Abana mu byiciro byose bicara bahanye intera kandi bambaye udupfukamunwa

Bitewe n’umuco w’isuku isanzwe igaragara muri kino kigo umwe mu bariumu bigisha muri kino kigo yadutangarije ko nta mpungenge bafite,kuko abana bari baratojwe umuco w’isuku aho bari hose,bakaba bizeye ko kubakangurira gukaraba intoki no kubahiriza andi mabwiriza nta kizabagora.

G.S Rukomo ni ikigo gisanzwe kirangwa n’isuku imbere n’inyuma

Madamu Garurinyana M Christine umuyobozi wa G.S Rukomo atangaza ko bafite ingamba zo gukomeza gukurikirana abana biga mu mashuri abanza kuko nibo bakeneye ubukangurambaga bwihariye,kubwa Garurinyana kandi ngo gukorana byahafi n’abarezi niyo nkingi ya mwamba kandi buri wese akumva ko ino gahunda imureba kugirango abana bakomeze kwiga neza

Uyu muyobozi kandi atangaza ko nta mbogamizi bigeze bagira mu kwitegura itangira ry’amashuri kuko bari basanzwe batoza abana isuku,icyari gikenewe kwari ukubona ibikoresho bizafasha abana,birimo aho gukarabira,amasabune,ibikoresho bibafasha gupima umuriro,gutegura uburyo bazicara bahanye intera kandi ibyo byose twakoze uko dushoboye bibonekera igihe.

Garurinyana M Christine kandi atangaza ko icyorezo cya Covid 19 kitazabakoma mu nkokora ku mitsindire y’abana kuko abarimu biteguye gukorana umurava no kongera imbaraga kugirango bakureho icyuho cyatewe na corona virus,kandi ngo n’abanyeshuri barabizi ko gutsinda ari ishema bamaze kumenyera,kubufatanye bwa buri wese rero uyu muyobozi yemeza ko bazakora ibishoboka byose kugirango basigasire ireme ry’uburezi no gutsindisha neza nkuko bisanzwe.

Uyu muyobozi kandi agira inama abana,ababyeyi n’abarezi buri wese kuzuza inshingano ze kugirango basenyere umugozi umwe kubaka umunyarwanda w’ejo usobanutse uzagirira igihugu akamaro.

Garurinyana M Christine umuyobozi wa G.S Rukomo ngo gutsinda neza bijyanye n’isuku bigomba kuba umuco(Ifoto yafashwe mbere ya Covid 19)

Nyiranziza Evelyne umunyeshuri uhagarariye abandi m’urwunge rw’amashuri rwa Rukomo nawe yagize ati’’twiteguye gushyigikira no gufasha abarezi bacu mu guhangana na covid 19 hato ejo tudashiduka twasubiye mu rugo kandi twari dukumbuye kwiga,kubwa Evelyne yemeza ko bazafasha barumuna babo biga mu mashuri abanza kuko aribo baba badasobanukiwe neza impamvu y’impinduka bari kubona.

Tubibutse ko kino kigo kiri mu bigo by’uburezi bw’ibanze cyatangiye mbere ndetse kikaba kiri no mu bigo bikunda gutsindisha neza muri uno murenge wa Rukomo ndetse no mu Karere cyane cyane mu cyiciro rusange,ubuyobozi bukaba bwemeza ko bazakomeza gukora ibishoboka byose kugirango abana bahiga bakomeze kwitwara neza mu mitsindire nkuko babikoze mu myaka yashize.uretse gutsinda neza ibizamini bya Leta G.S Rukomo iri mu bigo byimakaza umuco w’isuku cyane yaba imbere n’inyuma kuko umunsi ku munsi hagaragara impinduka zo gukomeza ku kigira cyiza kurushaho.

Ubusitani bwo muri G.S Rukomo buteye amabengeza

Bamwe mu bize muri kino kigo nabo bemeza ko amashuri y’uburezi bw’ibanze ashoboye kandi atanga ubumenyi bwuzuye nkuko twabitangarijwe na Hafashimana Evode ubu wiga muri Kaminuza ndetse na Uwimana Claire ubu ufite akazi mu Murenge wa Muyumbu.

Muyoboke Theogene umubyeyi ufite umwana wize muri kino kigo nawe yagize ati’’G.S Rukomo ni ikigo gitera ishema ababyeyi kuko umwana uhize aba afite ubumenyi nkubwo uwiga aba mu kigo,kandi no mubizamini bya leta batanga ikizere kuko bafite abarimu bafite ubushobozi buhagije,uyu mubyeyi kandi ahamyanya na Twubahimana Martin na Iradukunda Florence bamwe mu barimu bamaze igihe bigisha muri kino kigo bakaba ari na bamwe mu bakosora ibizamini bya leta aho bemeza ko ubumenyi n’uburambe bunguka umunsi ku munsi aribyo bibafasha kumenya ibyo umwana akeneye kugirango abashe kwitwara neza.

Uko iminsi itambuka tuzakomeza kubakurikiranira uko ibigo bihagaze mu mitangire y’amasomo muri bino bihe ndetse n’uburyo ingamba zikomeza kubahirizwa kugirango abanyeshuri bakomeze kwiga batekanye.

Abana bo mu mashuri abanza nabo bakanguriwe kubahiriza ingamba zo guhangana na covid19
Mu kigo hose isuku ni urucabana,kugira isi itoshye babigize umuco cyera
G.S Rukomo ifite ibibuga by’imikino itandukanye bifasha abana gukina no kwidagadura

Inkuru ya Ndayisaba Eric

Contact: 0782511443

Email: ndayisabaeric501@gmail.com

Twitter: NDAYERICUS

Previous Post

Ibihugu birenga 20 nibyo biteganyijwe mu imurikagurisha mpuzamahanga uyu mwaka nyuma yo gusubikwa kubera COVID19

Next Post

Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School biyemeje kudatezuka ku ngamba

Eric NDAYISABA

Eric NDAYISABA

Next Post
Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School  biyemeje kudatezuka ku ngamba

Nyagatare- Karangazi: Abadahigwa ba Karangazi Secondary School biyemeje kudatezuka ku ngamba

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

October 3, 2020
Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

October 5, 2020
Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

October 3, 2020
Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

January 18, 2021

Hello world!

1
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

0

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0

CS:GO ELeague Major pools and tournament schedule announced

0
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan