Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abagore babiri aribo Nyirakabanza Heralie na Muragijimana Emerence bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 6500 n’ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) mu Mudugudu wa Ryambugira, Akagari ka Gakingo, Umurenge…
Anonymous Doctor arrested for raping, killing girl
Rwanda Investigation Bureau, RIB, has arrested a 30-year-old doctor at the Mpore Clinic Private Hospital in Musanze, on suspicion of raping and killing Iradukunda Emerance by strangling her with ropes…
Uburusiya: Urukingo rwa Sputnik V rwemejwe ko rurinda COVID-19 ku kigero cya 92%
Uburusiya bwatangaje ko urukingo Sputnik V rurinda umuntu kwandura Covid-19 ku gipimo cya 92% nk'uko byerekanwa n'ibipimo by'agateganyo byavuye mu igerageza. Byatangajwe n'ikigega cya leta gishinzwe iby'imari uyu munsi ku…
UAE ambassador talks importance of tolerance to Rwanda
.E Hazza Alqahtani, the United Arab Emirates Ambassador to Rwanda, during Sunday Mass at Regina Pacis Catholic Church talked about diversity, openness, religious tolerance all align with Emirati adherence to…
Ese nyuma yo gutsindwa mu matora perezida Donald Trump aherereye he?
Donald Trump aheruka kuboneka agaruka muri White House kuwa gatandatu avuye i Sterling muri Virginia aho yariho akinira golf, amaze kubwirwa ko Joe Biden amaze gutsinda, kuva ubwo kugeza ubu…
Mwakwigurira,Mukagurisha inzu nziza n’ibindi bikoresho ku giciro cyiza
Mu rwego rwo gukorana neza n’abafatanyabikorwa ubu ikinyamakuru igisabo .rw kiragufasha kwamamaza ibikorwa byawe,tugufasha kugurisha imitungo yimukanwa n’itimukanwa ku giciro cyiza kandi mu Rwanda hose,imwe mu mitungo tugufasha kugura no…
President-elect Biden,incumbent Trump differ with vote count decimals, vote count still on
President Trump announced the firing of the defense secretary in a series of tweets, saying, “Mark Esper has been terminated" and announcing that Christopher C. Miller, the director of the…
MTN tangije urubuga API kworohereza abafatabuguzi
Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yahaye abikorera mu by’ikoranabuhanga uburenganzira bwo gukoresha urubuga rwa API ya Mobile Money mu gushyigikira ibikorwa bigamije kugeza serivisi z’imari kuri bose. MTN Mobile Money…
Former premier could get more years in prison
Former Prime Minister Pierre Damien Habumuremyi,could spend eight years in prison should the prosecution find him guilty for issuing a bouncy cheques. The verdict will also culminate the premier in…
Kabuga Felicien agiye kuburanishwa bwa mbere
Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga zirimo urwari rwarashyiriweho u Rwanda, IRMCT, rwemeje ko ku wa Gatatu ari bwo Kabuga Félicien azagezwa imbere y’urukiko ku nshuro ya mbere, nyuma yo koherezwa muri…