Ethiopia: Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga yishwe n’ingabo za Ethiopia
Ingabo za Ethiopia zatangaje ko zishe Seyoum Mesfin, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu akaba n’umwe mu bashinze ishyaka...
Ingabo za Ethiopia zatangaje ko zishe Seyoum Mesfin, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu akaba n’umwe mu bashinze ishyaka...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batoye icyemezo cyo kweguza Perezida w’iki gihugu Donald...
Igisabonews nkuko dusanzwe duhuza abaguzi n'abagurisha,ndetse tugahuza abifuza gukodesha imitungo itandukanye,ubu noneho tukuzaniye inzu y'igitangaza ushobora gukodesha ukayituramo n'umuryango wawe...
Amagara araseseka ntayorwa,niyo mpamvu dukwiye kubungabunga ubuzima bwacu dukoresha imiti y’umwimerere,n’inyunganira mirire ituma dusigasira ubuzima bwacu, Madamu Nyirashumbusho Asia uzobereye...
Abagera kuri batandatu bo mu Karere ka Gatsibo bafite inzuri zegereye ikigo cya gisirikare cya Gabiro batawe muri yombi bakurikiranyweho...
Muri bino bihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya Covid 19,aho ubukungu bwahungabanye bikomeye ,ubu ikinyamakuru cyanyu twaborohereje kwamamaza,kumenyekanisha,kubakorera ubuvugizi no guhuza...
Umugore w’imyaka 46 wo mu Mujyi wa Kigali yabaye umuntu wa 113 wishwe na Coronavirus kuva iki cyorezo cyatahurwa mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashyize yemera ko yatsinzwe na Joe Biden, yizeza ko hazabaho ihererekanya...
Umunyamakuru Umuhire Valentin wari ufite inararibonye n’uburambe mu mwuga w’itangazamakuru akaba kuri ubu yari umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru ValueNews yitabye Imana...
Padiri Ubald Rugirangoga wari uzwi mu bikorwa byo gusengera abarwayi, iby’isanamitima n’ubumwe n’ubwiyunge, yitabye Imana aguye muri Leta Zunze Ubumwe...
© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA









