• Latest
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

August 28, 2026
Abanyeshuri 7 188 ntibabonye amanota kuko bakurikiranyweho gukopera

Abanyeshuri 7 188 ntibabonye amanota kuko bakurikiranyweho gukopera

August 28, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

EDOUARD NIYONKURU by EDOUARD NIYONKURU
September 5, 2026
in Amakuru, Ubutabera
0
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta
0
SHARES
3
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 39 muri 81 bafashwe bacyekwaho kugira uruhare mu gukopeza abanyeshuri mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza. Ni mu gihe abandi 42 bagikorwaho iperereza.

Kwerekana abo 39 byabereye ku cyicaro gikuru cy’uru rwego mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 5 Nzeri 2026. Aberekanwe barimo ab’igitsinagabo 27 n’ab’igitsinagore 12 aho ibyaha bose bacyekwaho byakorewe kuri site 254 hirya no hino mu gihugu.

Abafashwe bari mu byiciro bitandatu, barimo abayobozi babiri b’uturere bungirije ndetse n’abashinzwe uburezi mu turere twa Kirehe, Ngoma, Kayonza, Nyamasheke na Rubavu.

Abo bayobozi babiri ni Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe Wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Mukanyandwi Janvière n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Muhayeyezu Joseph Désiré.

Mu bantu 21 bafashwe mu Karere ka Kirehe, herekanywe 11, muri barindwi bafashwe mu Karere ka Ngoma herekanwa batanu, batatu bafashwe muri Kayonza berekanwa bose mu gihe muri Nyamasheke hafashwe 15 herekanwe 10 naho Rubavu hafashwe abantu 35 herekanwe 10.

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yahishuye amwe mu mayeri yakoreshejwe n’abakopeje ibizamini n’imvugo zizimije zoroshyaga icyaha bakabyita nko gufasha abana.

Ati “Uburyo rero bakoze ibi byaha, bitangira babyita ngo ‘ni ugufasha abana.’ Bakihisha mu mutaka w’icyo bita ngo ‘ni ugufasha abana’, ariko muri make ni ugukopeza abana […] Abandi bakabyita ngo ‘ni ugutekinika’, abandi bakabyita ngo ‘ni ugukora umuti.’”

Bimwe mu byagaragaye mu iperereza ry’ibanze ni uko mu gukosora ibizamini bya Leta wasangaga nk’abanyeshuri bose babaga babikoreye ku kigo runaka, barahuje ibisubizo yaba mu buryo bw’imibare, amagambo byanditsemo asa, uko bikurikirana, ku buryo n’uwabaga yaranditse igisubizo kitari cyo bataratangira gukopezwa, bamaraga kubwirwa ibisubizo agasiba ibyo yanditse mbere akandika nk’iby’abandi.

Nko mu Karere ka Nyamasheke ho, havumbuwe ikigo cy’amashuri aho umwarimu wabaga ashinzwe kureberera uko abanyeshuri bakora ibizamini, yamaraga kubihabwa, mbere yo kubikwirakwiza mu banyeshuri agahita afotora ibibazo akoresheje telefoni, akabyoherereza ushinzwe isomero akifashisha imashini yo mu isomero akifashisha Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (AI) akaribaza ibisubizo.

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, abisobanura yagize ati “Agahita akoresha AI igahita izana ibisubizo, agahita ‘a-printinga’ impapuro zingana n’ibyumba, ubwo bateguye undi mukozi.”

N’abanyeshuri bifashishijwe mu iperereza

Umuvugizi wa RIB yavuze ko mu gukora iperereza kugira ngo aberekanwe bafatwe, hanifashishijwe n’ubuhamya bw’abanyeshuri bakopejwe mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza.

Ati “Noneho mu buhamya bw’abana bamwe bagiye babazwa, baratubwiraga bati ‘Rwose muraturenganya! Na ‘stress’ umuntu aba afite, baza bakakubwira igisubizo wowe ukanga kugishyiraho?’”

Kugira ngo uwo mugambi wo gukopezwa ugerweho kandi, hamwe wacurwaga kuva ku rwego rw’uturere, abayobozi b’ibigo na bo bagahitamo abarimu bizeye ko batazabavamo ngo bamene ibanga ry’ibyo bikorwa.

Ubundi mu mabwiriza y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, ntibyemewe ko umwarimu wigisha mu mwaka wa gatandatu w’Amashuri Abanza, aba umwe mu bagenzura uko abanyeshuri bakora ibizamini.

Gusa mu bigo byafatiwemo abarimu bishoye muri ibi bikorwa, usanga hagaragaramo abarimu bigisha muri uwo mwaka bahinduye imyirondoro yabo bakabeshya ko bigisha mu yindi myaka nko mu wa kane no mu wa gatanu, amalisiti akorehezwa muri NESA ariho imyorondoro yabo itari yo.

Minisiteri y’Uburezi iherutse gutangaza ko abana 7.188 bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza bagaragayeho gukopera, ndetse ko bagomba gusubiramo ibizamini bya Leta.

Abafashwe mu bafashije aba banyeshuri gukopera bakurikiranweho ibyaha bitatu birimo kuba umuntu yarakoresheje ububasha ahabwa n’itegeko akabukoresha mu nyungu ze bwite, iki cyaha kikaba kiri mu byiciro by’ibyaha bya ruswa.

Ucyekwaho kugikora aramutse agihamijwe n’inkiko ahanishwa ingingo ya 15 y’itegeko ryerekeye kurwanya ruswa, igihano kikaba guhabwa igifungo kiri hagati y’imyaka irindwi na 10, hakiyongeraho n’ihazabu y’amafaranga ari hagati ya miliyoni 5 Frw na miliyoni 10 Frw.

Hari kandi icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano, iki cyaha kikaba gihanwa n’ingingo ya 276 y’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange. Ugihamijwe ahanishwa igihano k’igifungo kiri hagati y’imyaka itanu n’imyaka irindwi, hakiyongeraho n’ihazabu y’amafaranga ari hagati ya miliyoni 3 Frw na miliyoni 5 Frw cyangwa kimwe gusa muri ibi bihano.

Harimo kandi abakurikiranweho icyaha cyo kumena ibanga ry’akazi, iki cyaha kikaba giteganywa n’ingingo ya 150 y’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ugihamijwe n’inkiko agahanishwa igihano cy’igifungo kuva ku mwaka umwe ariko kitarenze imyaka ibiri.

RIB yatangaje ko umugambi w’uturere twagaragayemo gukopeza abanyeshuri mu bizamini bya Leta ari ukugira ngo tuzabe utwa mbere mu mihigo ku gutsindisha ku manota yo hejuru, ariko ko bigayitse ko akarere kagaragara nk’agatsindisha abanyeshuri ku manota meza ariko batibitseho ubumenyi.

Previous Post

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Next Post

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

EDOUARD NIYONKURU

EDOUARD NIYONKURU

Next Post
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

0
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026

Recent News

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA