Bane mu bateye ibirindiro bya RDF bahasize ubuzima
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zemeje ko abantu bitwaje intwaro baturutse mu Burundi, bateye ku birindiro byazo mu murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, zibicamo benshi zinabatesha ibikoresho birimo intwaro,…
Abapolisi 2282 bazamuwe mu ntera abandi 261 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yazamuye mu ntera abapolisi 2282 abandi 261 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. Mu bazamuwe mu ntera, harimo abapolisi babiri bari bafite ipeti rya Assistant Commissioner of…
Airtel Rwanda yagabanyije igiciro cyo kohererezanya amafaranga ho 70 %
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020, Airtel Rwanda yashyizeho ibiciro bishya byo kohereza amafaranga hifashishijwe telefone (Airtel Money), aho byagabanyijwe ku kigero cya 70 % ugereranyije n’ibyari biriho…
Tariki 20 Kamena umunsi wahariwe kwibuka imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
Tariki ya 20 Kamena 2020 turibuka imiryango yazimye mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi. Ni umunsi GAERG itegura buri mwaka, ukabera ahantu hatoranyijwe hirya no hino mu gihugu. Uyu munsi…
Usibye Abadipolomate nta Murundi wemerewe Viza y’Amerika
Kuva taliki ya 12 Kamena 2020 leta zunze ubumwe za America zafashe icyemezo cyo kudaha Viza Abarundi usibye abadipolomate n’abakorera imiryango mpuzamahanga kubera ibibazo Uburundi bufitanye na Leta ya Perezida…
Abapolisi barenga 1300 basoje amasomo y’ibanze abinjiza mu kazi
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Kamena mu murenge wa Gishari mu karere ka Rwamagana ahaherereye ishuri rya Polisi ritanga amahugurwa ku bapolisi (PTS-Gishari), hasorejwe amasomo y’ibanze ahabwa abapolisi…
Rutanga agiye gusubiza ayo Police fc yamuhaye yerekeze muri Yanga sc
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso, Rutanga Eric, waherukaga gusinyira Police FC, yamaze kwerekeza muri Yanga SC yo muri Tanzania ku masezerano y’imyaka ibiri. Mu mpera z’ukwezi gushize nibwo Rutanga Eric…
Muhanga: Imyumvire irihasi mu bituma abasigajwe inyuma n’amateka batirinda COVID-19
Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bo mu Gasantere ka Gahondo mu Murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga usanga batubahiriza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 bitewe n’imyumvire iri hasi…
Umwuka ukomeje kuba mubi hagati ya Koreya ya ruguru n’iy’epfo
umwuka wongeye kuba mubi nyuma yaho Koreya ya ruguru iturikije ibiro byayo byayihuzaga na Koreya y'epfo biri hafi y'umujyi wa Kaesong uri ku mupaka w'ibihugu byombi, nkuko abategetsi ba Koreya…
16 Kamena: umunsi w’umwana w’umunyAfurika
Tariki ya 16 ukwezi kwa Gatandatu buri mwaka Afurika n’inshuti zayo bizihiza umunsi w’umwana w’umyafurika akenshi na kenshi hagaamijwe kuzirikana ubuzima bugoye umwana w’umwirabura abayemo. Ni umunsi watangiye kwizihizwa bwa…