Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, by’umwihariko haherewe ku bakomeje kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu. Ibi byatangajwe…

admin

Urwego rw’ubukerarugendo rwinjirije u Rwanda arenga miliyoni 600$ mu 2024

Urwego rw’Ubukerarugendo rwinjirije u Rwanda miliyoni 647$ , bisobanuye izamuka rya 4.3% ugereranyije n’umwaka wabanje, bikaba byaragizwemo uruhare runini n’izamuka rya 27% ku musaruro w’ubukerarugendo bushingiye ku ngagi, ndetse n’izamuka…

admin

Hashyizwe umucyo ku musoro mushya uvugwa ko uzajya wishyuzwa ku banyabirori

Komiseri mukuru ushinzwe serivisi z’abasora n’itumanaho mu Kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro Jean Paulin Uwitonze yavuze ko abavuga ko hari umusoro mushya washyiriweho abategura ibirori bibeshya. Avuga ko hasanzwe hariho…

admin

Nyarugunga: Guturana na Perezida ikibuga cy’indege Colonel Bagosora na Camp Kanombe byatumye bicwa cyane

Umurenge wa Nyarugunga kuri uyu wa 10 Mata 2025 bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Barazirikana Umubare mwishi w'Abatutsi bishwe urwagashinyaguro n'Interahamwe, Impuzamugambi n'Abasirikari bo muri Camp…

admin

Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu by’amahanga

Ni mu gikorwa cyabanjirijwe n’Urugendo rugamije Kwibuka no Kuzirikana Inzira y’Umusaraba itoroshye abajyaga kwicwa banyuzwagamo n’abishi babo, urugendo rwahereye ku Giporoso rwerekeza ku murenge wa Kanombe,  mu biganiro byakurikiyeho hakaba…

admin

Mu murenge wa Kicukiro bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abayirokotse bavuga Inzira y’Umusaraba banyuzemo

Kimwe no mu yindi mirenge igize u Rwanda, Umurenge wa Kicukiro wibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, maze bagaruka  ku bwicanyi bukomeye bwakorewe Abatutsi bari batuye Kicukiro…

admin

Kaminuza yigenga ya Kigali yegukanye ibihembo byinshi mu marushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo

Mu gikorwa cyo guhemba za Kaminuza n’amashuri makuru batsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo yateguwe n’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, Kaminuza yigenga ya Kigali yaje ku mwanya wa mbere mu…

admin

Ababaruramari b’umwuga bo muri Afurika bagiye guteranira i Kigali mu nteko yabo ya 8

Mu Kiganiro bagiranye n’Itangazamakuru  kuri uyu wa 02 Werurwe 2025 ikigo ICPA,Ururgaga rw’ababaruramari mu Rwanda,  hasobanuwe birambuye aho imyiteguro yo gutegura Inama nyafurika y’ababaruramari b’umwuga igeze n’umusaruro bayitezeho muri rusange. Ni…

admin

Kamonyi : Abatuye Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba mu Iteramber bakesha DEMICO Ltd

Abazi neza Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba zo mu Karere ka Kamonyi Intara y’amajyepfo, bahamya ko ari imwe mu mirenge ibitse Ubukungu mu butaka bugendanye ahanini n’amabuye y’agaciro, abaturage  bagashima…

admin