Perezida Magufuli yanenze demokarasi atsindiye indi manda
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yatangaje ko demokarasi no kwishyira ukizana bigira aho bigarukira, nyuma yo gutsinda amatora ya Perezida abatavuga rumwe na we bakamushinja uburiganya. Magufuli niwe watsinze…
Umugore umwe muri batatu aracyakorerwa ihohoterwa “ Fidele Rutayisire
Mu nama mpuzamahanga y’imiryango iharanira uburenganzira bw’abagabo n’abagore ku isi (MenEngage Alliance) yiswe Ubuntu Symposium, yabereye i kigali kuwa 10 kugeza kuwa 12 Ugushyingo 2020, fidele Rutayisire Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umuryango…
Va ku giti jya ku k’umurongo
.Iyi ni imvugo ikigo cy’itumanaho cya AIRTEL kigeza ku b’anyarwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya 13 ugushyingo 2020 mu muhango wo kumurika Pack nshya zigamije kubagezaho kubafasha guhamagara uko…
Arizona lawyer drops President Trump-campaign ballot-lawsuit
Lawyers for the Trump campaign dropped its lawsuit seeking a review of all ballots cast on Election Day after finding that the margin of victory for the presidential contest in…
Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw
Ubushinjacyaha bwasabiye Col. Tom Byabagamba guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 2.000.000 Frw ku cyaha cyo kwiba telefone n’indahuzo yayo akurikiranyweho. Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2020 nibwo Byabagamba ukurikiranywe…
Finland: Doddy Uwihirwe umunyarwanda uba irwotamasimbi akomeje gushimisha abakunzi b’umuziki Nyarwanda
Doddy Uwihirwe ni umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki irwotamasimbi(Finland),ariko ibihangano bye bikomeje gukundwa n’abatari bacye bitewe n’ubuhanga akorana indirimbo ndetse n’ubwiza bwazo. Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nk’iyitwa Guitar,urwagasabo…
Nyagatare: Inzu yagwiriye Umwana w’imyaka irindwi ahita yitaba imana
Byabaye ku manywa yo kuri uyu wa Kane tariki 12 Ugushyingo 2020, bibera aho uwo mwana n’ababyeyi be batuye mu Mudugudu wa Rwempasha, Akagari ka Rwempasha, Umurenge wa Rwempasha. Umuyobozi…
Begashaw yasimbuwe na Makasa mu kigo SDGC Africa
Caroline Makasa wari usanzwe akora muri “Sustainable Development Goals Center for Africa - SDGC/A” ikigo gifasha ibihugu bya Afurika kwihutisha ibikorwa by’ intego z’iterambere rirambye (SDGs) yahawe inshingano zo kuyobora…
Covid-19 ikomeje kwandura abagororwa
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda iravuga ko habonetse undi mubare munini w'abanyururu banduye COVID 19 noneho bakaba batahuwe muri Gereza ya Mageragere iri mu mujyi wa Kigali. Aba banyururu banduye baje…
Uwahoze ari perezida wa Ghana Jerry Rawlings yapfuye
Jerry John Rawlings wahoze ari perezida wa Ghana yatabarutse afite imyaka 73, yapfiriye mu bitaro by'i Accra uyu munsi kuwa kane mu gitondo nyuma y'uburwayi bw'igihe gitoya. Umunyamakuru wa BBC…