Perezida Magufuli yanenze demokarasi atsindiye indi manda

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yatangaje ko demokarasi no kwishyira ukizana bigira aho bigarukira, nyuma yo gutsinda amatora ya Perezida abatavuga rumwe na we bakamushinja uburiganya. Magufuli niwe watsinze…

admin

Umugore umwe muri batatu aracyakorerwa ihohoterwa “ Fidele Rutayisire

Mu nama mpuzamahanga y’imiryango iharanira uburenganzira bw’abagabo n’abagore ku isi (MenEngage Alliance) yiswe Ubuntu Symposium, yabereye i kigali kuwa 10 kugeza kuwa 12 Ugushyingo 2020,   fidele Rutayisire  Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umuryango…

admin

Va ku giti jya ku k’umurongo

.Iyi ni imvugo ikigo cy’itumanaho cya AIRTEL kigeza ku b’anyarwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya 13 ugushyingo 2020 mu muhango wo kumurika Pack nshya zigamije kubagezaho kubafasha guhamagara uko…

admin

Arizona lawyer drops President Trump-campaign ballot-lawsuit

Lawyers for the Trump campaign dropped its lawsuit seeking a review of all ballots cast on Election Day after finding that the margin of victory for the presidential contest in…

admin

Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

Ubushinjacyaha bwasabiye Col. Tom Byabagamba guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 2.000.000 Frw ku cyaha cyo kwiba telefone n’indahuzo yayo akurikiranyweho. Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2020 nibwo Byabagamba ukurikiranywe…

admin

Finland: Doddy Uwihirwe umunyarwanda uba irwotamasimbi akomeje gushimisha abakunzi b’umuziki Nyarwanda

Doddy Uwihirwe ni umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki irwotamasimbi(Finland),ariko ibihangano bye bikomeje gukundwa n’abatari bacye bitewe n’ubuhanga akorana indirimbo ndetse n’ubwiza bwazo. Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nk’iyitwa Guitar,urwagasabo…

admin

Nyagatare: Inzu yagwiriye Umwana w’imyaka irindwi ahita yitaba imana

Byabaye ku manywa yo kuri uyu wa Kane tariki 12 Ugushyingo 2020, bibera aho uwo mwana n’ababyeyi be batuye mu Mudugudu wa Rwempasha, Akagari ka Rwempasha, Umurenge wa Rwempasha. Umuyobozi…

admin

Begashaw yasimbuwe na Makasa mu kigo SDGC Africa

Caroline Makasa wari usanzwe akora muri “Sustainable Development Goals Center for Africa - SDGC/A” ikigo gifasha ibihugu bya Afurika kwihutisha ibikorwa by’ intego z’iterambere rirambye (SDGs) yahawe inshingano zo kuyobora…

admin

Covid-19 ikomeje kwandura abagororwa

Ministeri y'ubuzima mu Rwanda iravuga ko habonetse undi mubare munini w'abanyururu banduye COVID 19 noneho bakaba batahuwe muri Gereza ya Mageragere iri mu mujyi wa Kigali. Aba banyururu banduye baje…

admin

Uwahoze ari perezida wa Ghana Jerry Rawlings yapfuye

Jerry John Rawlings wahoze ari perezida wa Ghana yatabarutse afite imyaka 73, yapfiriye mu bitaro by'i Accra uyu munsi kuwa kane mu gitondo nyuma y'uburwayi bw'igihe gitoya. Umunyamakuru wa BBC…

admin