Perezida Kagame yavuze icyavuye mu bibazo u Rwanda rwanyuze mo
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwanyuze muri byinshi birimo imitego y’abarwifuriza inabi ariko icyashibutse muri byose...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwanyuze muri byinshi birimo imitego y’abarwifuriza inabi ariko icyashibutse muri byose...
Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yari amaze iminsi acicikana avuga ko abarwanyi bawo banze kuva mu bice bya Kibumba muri...
Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri...
Abasirikare b’u Rwanda batangiye kwambara amapeti mu gituza ku myambaro isanzwe, bitandukanye n’uko yajyaga yambarwa ku ntugu. Ni icyemezo cyatangiye...
Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ntibihagaze neza mu bipimo by’amahoro ku Isi nk’uko Raporo y’Ikigo gikurikirana ibijyanye n’ubukungu...
Perezida Paul Kagame yihanganishije imiryango y’abanyeshuri bakoreye impanuka i Rebero mu Karere ka Kicukiro nyuma y’uko imodoka yari ibatwaye irenze...
Ni nyuma y’uko uwitwa Karima Cyrille uyoboye Umudugudu w’I Buhoro, mu Kagari ka Nyagatovu, agaragaje gusuzugura Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimironko...
Ejo Ku wa Mbere hiriwe agahenge mu gace k’imirwano ka Masisi muri Kivu ya Ruguru, nyuma y’umwanya M23 ihanganye n’inyeshyamba...
Akarere ka Ruhango katangaje ko kabwiye abatuye Umugugudu wa Ryakabungo , uherereye mu kagari ka Nyabibugu , umurenge wa Mwendo,ko...
Guhera ku wa 1 Mutarama 2023, ubwizigame butegetswe ku mafaranga abitswa muri banki z’ubucuruzi bwasubijwe ku gipimo cya 5%, kivuye...
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA










