Gatsibo:umuturage yagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye ahita yitaba imana
Umugabo w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo yaraye agwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye yubakishwa, ariko bimenyekana ko ari ho yari ari uyu munsi mugitondo. Ndizera Sosthene…
Nyagatare: imihanda ihuza imirenge itandukanye iri kwitabwaho
Akarere ka Nyagatare kahagurukiye gutunganya imihanda izoroshya imigenderanire hagati y’imirenge ikagize,nyuma y’ibikorwa remezo bikomeje kwiyongera muri kano karere ubu imihanda myiza iri muri kimwe mubiraje ishinga ubuyobozi bwa kano Karere,muri…
Nyagatare: amakimbirane yarikoze, umugore yarumye igitsina cy’umugabo we
Mukasekuru Gratia wo mu Mudugudu wa Kabirizi mu Kagari ka Mbare, mu Murenge wa Karangazi aravugwaho kuruma igitsina cy’umugabo ndetse n’ibindi bice by’umubiri. Byabaye mu ijoro ryo ku itariki wa…
Mvukiyehe Juvenal yerekanye imishinga yafasha Kiyovu Sport kuba ikipe ihanganira Ibikombe
Impinduka ziragora ariko zishobora kugira akamaro,ibi ni ibyavuzwe n’umwe mu banyamuryango ba Kiyovu Sport ubwo yabazwaga n’umunyamakuru wa B&B FM mu kiganiro cya Sport,ibi byose biri guturuka ku nkundura ziri…
Airtel yatangije gahunda ya ‘Kandagiricyuma’ yo guhemba abakiriya bayo moto
Kigali, Nzeri 2020 Airtel Rwanda yatangije gahunda yo guhemba abakiriya b'amahirwe bahembwa moto buri cyumweru mu gihe bazaba bashyize mo ama unite agera kuri 250 RWF mu cyumweru. Ubukangurambaga bwiswe…
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo
Ibijyanye n’imishahara y’abapolisi b’u Rwanda, turabishingira mu byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14/10/2015, ubwo Perezida wa Repubulika yemezaga iteka rigena imishara y’abapolisi, iyi ikaba ari imishahara mishya abapolisi batangiye…
Kiyovu Sport ikomeje kuba ubukombe mu kwiyubaka
Nyuma y’inkundura yo kutumva ibintu kimwe bamwe bibeshya ko kiyovu sport ishobora kuba igiye gucikamo ibice nkamwe mu makipe aba adafite gahunda,ariko muri kiyovu sport siko bimeze ahubwo kutumva ibintu…
Bamwe mu banyamuryango ba Kiyovu Sport barifuza ko itegeko ryakumira Mvukiyehe Juvenal Rikurwaho
Inkuru dukesha funclub iragira iti’’Bamwe mu banyamuryango b’ikipe ya Kiyovu Sport, barifuza guhindura amategeko agenga iyi kipe, hagamijwe korohereza abakandida bashya barimo Juvenal, kugira ngo baziyamamarize kuyobora iyi kipe iteganya…
Komisiyo ishinzwe imari(PAC) mu nteko ishinga amategeko yahagaritse kumva abayobozi ba BDF kuko baje batiteguye
Ku wa Kane tariki 17 Nzeri 2020, Komisiyo ishinzwe imari (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yahagaritse kumva ibisobanuro by’abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga ingwate (BDF) kuko bayitabye batiteguye,…
Makanyaga yasohoyeb indirimbo nk’umusanzu wo kurwanya covid-19
Makanyaga Abdul, umwe mu bahanzi bafite ubuhanga buhambaye mu muziki kandi ubirambyemo, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Twirinde Coronavirus’ ivuga ku bubi bw’iki cyorezo ndetse inasaba abantu gukomeza kucyirinda. Muri…