Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buvuga mu rwego rwo gukaza ingamba zo kurwanya no kuvura indwara ya Malaria, abajyanama b’ubuzima bashyizwe ku isonga ndetse bitanga umusaruro, kuko bagize uruhare mu kuvura…
Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame yabwiye urubyiruko ko Jenoside yakorewe Abatutsi atari ikiza cyangwa indwara itungurana, asaba urubyiruko guhagarara ku kuri kw’amateka yabo no gukomeza kwibuka biyubaka. Ibi ni bimwe mu bikubiye…
Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi
Nyuma yo gufata amashusho y’indirimbo Folomiana ahuriyemo na The Ben ndetse na Kevin Kade, Chriss Eazy yahise afata rutemikirere yerekeza ku Mugabane w’u Burayi aho agiye mu bitaramo bitandukanye. Ku…
U Rwanda na RDC bigiye gusinyana amasezerano imbere ya Amerika
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, kuri uyu wa Gatanu arakurikirana isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibiro bishinzwe…
Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu Ste Famille i Kigali hizijijwe Pasika hatangwa Batisimu no gukomezwa
Kimwe n'ahandi ku isi no mu Rwanda muri rusange, Paruwasi y'Umuryango Mutagatifu Ste Famille bizihije Umunsi mukuru wa Pasika hatangwa Isakaramentu rya batisimu ndetse n'iryo gukomezwa. Mu byishimo byinshi by'Abakiristu…
Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye
Abasirikare bo mu rwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza (Ex-DEMIAP) bakomeje gusaka urugo n’indi mitungo bya Joseph Kabila Kabange wayoboye iki gihugu. Batangiriye iri saka mu rugo…
Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN
Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri gusuzuma umushinga wo guhagarika inkunga hafi ya zose yageneraga imiryango mpuzamahanga irimo Umuryango w’Abibumbye (Loni) n’Umuryango wo gutabarana OTAN. Bamwe mu bayobozi ba Amerika…
Minisitiri w’ingabo yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka yaranze igihugu cy’u Rwanda
Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka y’Igihugu, kugira ngo bakuremo amasomo baharanire ko atazisubira na rimwe mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi…
Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika
Umuraperi w’umunyabigwi O’Shea Jackson Sr., uzwi ku izina rya Ice Cube, agiye gukora urugendo rw’ibitaramo bizenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mpera z’uyu mwaka wa 2025. Uru rugendo ruzaba…
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Sénégal
Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, bwazanywe na Minisitiri ushinzwe kwishyira hamwe kwa Afurika n’Ububanyi n’Amahanga, Yassine Fall. Minisitiri…