Mu minsi iri mbere abadafite amikoro bazahabwa amacumbi rusange
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yateguje ko mu bihe biri imbere abatuye mu Mujyi wa Kigali bafite amikoro make bazajya bararana muri salle kugira ngo boroherezwe mu mibereho. Ikibazo cy’inzu…
Ibura ry’ibyapa biyobora na Nomero ziranga inzu bibangamiye abasura umujyi wa Rubavu
Kimwe n’indi mijyi ikomeye yo mu Rwanda, Umujyi wa Rubavu ugendwa n’abaturutse imihanda yose y’isi, uretse abanyarwanda abanyamahanga bawirirwamo bakanawuraramo, gusa ikibazo cy’ibyapa bibayobora cyangwa se Nomero ziranga amazu berekejeho…
Minisitiri Dr Biruta yajyanye ubutumwa bwa Perezida Kagame muri Angola
Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bwo kwifuriza iki gihugu isabukuru y’imyaka 50 kimaze kibonye ubwigenge. Ni ubutumwa yatanze…
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Ishuri Rikuru rya Kepler ryimakaza uburezi budaheza
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko yanejejwe n'uburyo ishuri rya Kepler College rishyigikira uburezi budaheza cyane impunzi kuko nk'umuntu wakuriye mu buhunzi yumva uburemere bwo kuba hanze y'igihugu cyawe. Yabigarutseho kuri…
Gishwati: Abacukuzi b’amabuye y’Agaciro barashima Perezida Kagame
Abakora ubucukuzi bw’amabuye y’Agaciro bakorera mu ishyamba rya Gishwati mu karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba, bavuga ko bishimira intambwe bamaze kugeraho mu Iterambere mu buryo butandukanye, ibyo bagezeho bagashima…
IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda
Umuyobozi mukuru wa IBTC Kigali ikigo kizobereye mu gutanga serivisi z’Ikoranabuhanga dore ko gifite n’ishuri ryigisha ibigendanye no gukora no gutunganya amashusho na filime n’ibindi, Jilly Jean Claude Uwizeyimana, avuga…
Rutongo Mines FC yinjiye muri ½ itsinze GMDC 3 ku ubusa
Mu mukino wo kwishyura muri ½ ku makipe ari guhatanira igikombe cy’irushanwa riri guhuza Ibigo bikora ku bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, kuri uyu wa 09 Ugushyingo 2025, Rutongo Mines FC…
Sina Gerard Nyirangarama yavuze kubikubiye mu gitabo “Umuhangamirimo mu rugendo rw’Ubuzima”
Imbere yabitabiriye Umunsi Mukuru Nyafurika w’Abanditsi wabaye kuwa 06 Ugushyingo 2025, Rwiyemezamirimo akaba n’Umwanditsi Dr Sina Gerard yasobanuye birambuye ibikubiye mu gitabo kirimo, amateka y’ubuzima bwe, agamije ahanini gukangura no…
Abitabiriye Umunsi mukuru Nyafurika w’Abanditsi bafashe Umugambi wo Gushyigikira igitabo
Mu kwizihiza Umunsi w’abanditsi Nyafurika kuri uyu wa 06 Ugushyingo 2025 hagaragajwe ko buri munyarwanda akwiye kumenya no guha agaciro igitabo cyane ko haba hakubiyemo ubumenyi bwo mu byiciro bitandukanye,…
Kampala University yahembewe gukura ho imbogamizi zatuma utagerwaho n’uburezi wifuza
Kaminuza ya “Kampala University” yakuyeho ibyaba nk’imbogamizi byatuma umuntu ubyifuza atagerwaho n’uburezi bwo ku rwego ruhanitse yifuza yorohereza buri wese ushaka kwiga ibinyujije muri gahunda yise” Uburezi bugomba kugera kuri…