Nyarugenge:Abana 6 batawe muri yombi bakoreshwa mu kirombe cy’amabuye cy’uwitwa Gashumba Thadéo
Mu rwego rwo kurwanya imirimo mibi bikoreshwa abana ahantu batandukanye, K'ubufatanye n'Ubuyobozi bw'akarere ka Nyarugenge n'ubw'inzego z'ibanze, n'inzego z'Umutekano (DASSO n'lrondo ry'Umwuga),hatawe muri bombi abana 6 bakoresha mu kirombe cy'amabuye…
Gasabo: RIB yataye muri yombi umuyobozi w’uruganda African Buffalo Ltd rukora inzoga za Rea Waragi Gin
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwafunze Gahongayire Beatrice, umuyobozi w’uruganda African Buffalo Ltd na Niyitegeka Bonaventure umukozi ushinzwe ibikorerwa muri uru ruganda rwenga inzoga zitandukanye bakurikiranyweho gukora no gushyira ku…
Komite ya Kiyovu Sport icyuye igihe yahererekanyije ububasha n’igiye kuyisimbura
Kuyi uyu wa kane nibwo habaye ihererekanyabubasha hagati ya Komite Nyobozi nshya iherutse gutorwa muri Kiyovu Sports, iyobowe na Mvukiyehe Juvénal ndetse n’iyari iyobowe na Mvuyekure François. Muri uyu muhango…
Ubumwe bw’ikipe ya Kiyovu Sport ibanga rikomeye barusha andi makipe
Nyuma y’amatora yari ashyushye mu ikipe ya Kiyovu Sport agasiga Mvukiyehe Juvenal atorewe kuba perezida w’urucaca,kugeza ubu ubumwe ni bwose hagati ya komite icyuye igihe yari iyobowe na Mvuyekure Francois…
Umuryango AIMPO (African Initiative for Mankind Progress Organisation) wafashije imiryango isaga 60 kunoza imirire n’isuku
Umuryango uharanira uburenganzira bw’abatishoboye n’abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma, AIMPO, wafashije imiryango itishoboye 60 yo mu karere ka Musanze kurushaho kunoza imirire, isuku n’isukura. Binyuze mu mushinga wiswe “kunoza…
Nyagatare: Nta mbogamizi ku byumba by’amashuri
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Murekatete Juliet, avuga ko amashuri azatangira ibyumba by’amashuri byose byaruzuye ku buryo abana batazabura aho bigira. Mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2019-2020…
IBIKORWA BIRIVUGIRA, MVUKIYEHE Juvenal YATORWEWE KUYOBORA KIYOVU SPORT KU MAJWI 100%
Kuri iki cyumweru nibwo hari hateganyijwe amatora y’ubuyobozi bushya bw’ikipe ya kiyovu sport,ni amatora yabaye nyuma y’impaka nyinshi zari zishingiye ku mategeko ariko RGB ikaza kugaragaza ko nta mpamvu nimwe…
Perezida w’abafana ba Kiyovu Sport yatangaje umuyobozi bifuza
Perezeda w’abafana ba kiyovu sport yagaragaje uruhande aherereyeho ku muyobozi mushya uzayobora ikipe ya Kiyovu Sport,nkuko Hemedi uhagarariye abafana b’ino kipe yabitangaje ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa Radio 10 yagize ati’’njyewe…
Komisiyo y’amatora muri Kiyovu, yagishije inama RGB ku matora ateganyijwe
Umuyobozi wa komisiyo iri gutegura amatora mu muryango wa Kiyovu S.A, Me Jean Claude Mutabazi Abayo, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), arugisha inama kuri amwe mu mategeko ari muri sitati…
Akarere ka Bugesera kashyizeho amabwiriza yihariye ajyanye no kwirinda COVID-19 ndetse n’ibihano
Guhera tariki 9 Nzeri 2020, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera, ishingiye ku itegeko nshinga rya Republika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, no ku itegeko no 87/2013 ryo…