Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe
Uruganda rwo muri Hong Kong rukora telefoni rwa Infinix, rwagejeje ku isoko ry’u Rwanda telefoni nshya zo mu bwoko bwa ‘Infinix Hot 60’, zikaba zifite umwihariko wo guhamagarana ku buntu,…
Umuhanzikazi Marina yerekana imiterere y’umubiri we ahinduka urwamenyo
Umuhanzikazi Marina yatunguranye ubwo yasangizaga abamukurikira amashusho yerekana imiterere y’umubiri we, bituma benshi bacika ururondogoro. Aya ni amashusho bigaragara ko Marina yifatiye mu cyumba iwe, agaragaza imiterere ye hakaba n’aho…
Umva Imbamutima za Hon. JMV Gatabazi nyuma yo kugirwa Komiseri muri RDRC
Mu itangazo ryasohowe n'inama y'Abaminisitiri ku mugoroba wo ku wa 16 Nyakanga 2025, rishyira mu myanya bamwe mu bayobozi bakuru mu nzego zitandukanye z'igihugu, nibwo Hon. Jean Marie Vianney Gatabazi…
Ikinyamakuru Igisabo Nomero ya 30 cyasohotse Special Kwibuka 31
Kanda naho usome inkuru irambuyeIgisabo-No-30-page-1-20.pdf
Paruwasi ya Gishaka yibarutse Padiri mushya Theoneste Ngendonziza
Nyuma y’imyaka 19 yari ishize batabona umupadiri mushya, abakiristu ba Paruwasi ya Gishaka muri Arkidiyosezi ya Kigali, bari mu byishimo byo kuba bavukishije Theoneste Ngendonziza Padiri uhavuka wagizwe umusaseridoti na…
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana
Urwego rw'igihugu rushinzwe Igorora, Rwanda Correction Services ( RCC) rwashyize hanze itangazo rigaragaza abazamuwe mu ntera ndetse n'abasezerewe ku mpamvu zitandukanye. Hari kandi n'abandi 218 birukanwe mu kazi bayobowe na…
Ingabire yanenze Ikoranabuhanga ry’Ubucamanza bw’u Rwanda asaba kunganirwa n’Umunyakenya
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse urubanza rwa Ingabire Victoire Umuhoza nyuma y’uko agaragaje ko ashaka kunganirwa mu mategeko n’umunyamategeko uvuye muri Kenya, ubushinjacyaha bukagaragaza ko izo nzitizi zigamije gutinza urubanza.…
Umugore wa Bishop Gafaranga Yahuye n’Akaga ko gusohorwa mu rubanza rwe
Mu gihe uzwi nka Bishop Gafaranga yazaga kuburana ubujurije ku ifunga n'ifungurwa by'agateganyo aherutse gukatirwa, Umugore wa Bishop Gafaranga yarize arahogora nyuma yo gusohorwa mu rubanza ruregwamo umugabo we, witabye…
Abahanga mu rurimi rw’igiswahili bateraniye mu nama mpuzamahanga i Kigali
Ku nshuro yabo ya Kane, abahanga mu rurimi rw’igiswahili, abayobozi n’abarukoresha baturutse mu bihugu bitandukanye by’Afurika no hanze yayo bateraniye mu nama mpuzamahanga iri kubera i Kigali kuva kuwa 6…
Nyarugenge: Umudugudu wa KIRWA muri Nyakabanda bizihije Umunsi wo Kwibohora 31 bashimira n’abagize uruhare mu iterambere ryawo
Kimwe no mu yindi Midugudu yo mu Rwanda, Umudugudu wa KIRWA wo mu Murenge wa Nyakabanda, Akagari ka Nyakabanda ya 2, bizihije umunsi mukuru wo Kwibohora 31 bishimira ibyagezweho, bavuga…