Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

Uruganda rwo muri Hong Kong rukora telefoni rwa Infinix, rwagejeje ku isoko ry’u Rwanda telefoni nshya zo mu bwoko bwa ‘Infinix Hot 60’, zikaba zifite umwihariko wo guhamagarana ku buntu,…

admin

Umuhanzikazi Marina yerekana imiterere y’umubiri we ahinduka urwamenyo

Umuhanzikazi Marina yatunguranye ubwo yasangizaga abamukurikira amashusho yerekana imiterere y’umubiri we, bituma benshi bacika ururondogoro. Aya ni amashusho bigaragara ko Marina yifatiye mu cyumba iwe, agaragaza imiterere ye hakaba n’aho…

admin

Umva Imbamutima za Hon. JMV Gatabazi nyuma yo kugirwa Komiseri muri RDRC

Mu itangazo ryasohowe n'inama y'Abaminisitiri ku mugoroba wo ku wa 16 Nyakanga 2025, rishyira mu myanya bamwe mu bayobozi bakuru mu nzego zitandukanye z'igihugu, nibwo Hon. Jean Marie Vianney Gatabazi…

admin

Ikinyamakuru Igisabo Nomero ya 30 cyasohotse Special Kwibuka 31

Kanda naho usome inkuru irambuyeIgisabo-No-30-page-1-20.pdf

admin

Paruwasi ya Gishaka yibarutse Padiri mushya Theoneste Ngendonziza

Nyuma y’imyaka 19 yari ishize batabona umupadiri mushya, abakiristu ba Paruwasi ya Gishaka muri Arkidiyosezi ya Kigali, bari mu byishimo byo kuba bavukishije Theoneste Ngendonziza Padiri uhavuka wagizwe umusaseridoti na…

admin

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw'igihugu rushinzwe Igorora, Rwanda Correction Services ( RCC) rwashyize hanze itangazo rigaragaza abazamuwe mu ntera ndetse n'abasezerewe ku mpamvu zitandukanye. Hari kandi n'abandi 218 birukanwe mu kazi bayobowe na…

admin

Ingabire yanenze Ikoranabuhanga ry’Ubucamanza bw’u Rwanda asaba kunganirwa n’Umunyakenya

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse urubanza rwa Ingabire Victoire Umuhoza nyuma y’uko agaragaje ko ashaka kunganirwa mu mategeko n’umunyamategeko uvuye muri Kenya, ubushinjacyaha bukagaragaza ko izo nzitizi zigamije gutinza urubanza.…

admin

Umugore wa Bishop Gafaranga Yahuye n’Akaga ko gusohorwa mu rubanza rwe

Mu gihe uzwi nka Bishop Gafaranga yazaga kuburana ubujurije ku ifunga n'ifungurwa by'agateganyo aherutse gukatirwa, Umugore wa Bishop Gafaranga yarize arahogora nyuma yo gusohorwa mu rubanza ruregwamo umugabo we, witabye…

admin

Abahanga mu rurimi rw’igiswahili bateraniye mu nama mpuzamahanga i Kigali

Ku nshuro yabo ya Kane, abahanga mu rurimi rw’igiswahili, abayobozi n’abarukoresha baturutse mu bihugu bitandukanye by’Afurika no hanze yayo  bateraniye mu nama mpuzamahanga iri kubera i Kigali kuva kuwa 6…

admin

Nyarugenge: Umudugudu wa KIRWA muri Nyakabanda bizihije Umunsi wo Kwibohora 31 bashimira n’abagize uruhare mu iterambere ryawo

Kimwe no mu yindi Midugudu yo mu Rwanda, Umudugudu wa KIRWA wo mu Murenge wa Nyakabanda, Akagari ka Nyakabanda ya 2, bizihije umunsi mukuru wo Kwibohora 31 bishimira ibyagezweho, bavuga…

admin