Min. Sabin Nsanzimana yibukije Ab’I Nyamagabe ibyago biri mu kutagira isuku yo mu kanwa
Min. Sabin Nsanzimana yibukije Ab’I Nyamagabe ibyago biri mu kutagira isuku yo mu kanwa Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, yasabye buriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe abibutsa ko umwanda…
545 batojwe na RDF binjiye mu Ngabo za Santrafurika
545 batojwe na RDF binjiye mu Ngabo za Santrafurika Perezida wa Repubulika ya Santrafurika, Prof. Faustin Archange Touadéra, yayoboye umuhango wo kwinjiza ku mugaragaro mu Ngabo za Repubulika ya Centrafrique…
Abarererwa muri Kigali City School urugero rw’Ireme ry’Uburezi bukenewe mu Rwanda
Abarererwa muri Kigali City School urugero rw’Ireme ry’Uburezi bukenewe mu Rwanda Mu gihe gahunda za Leta y’u Rwanda harimo no guharanira guteza imbere uburezi kugira ngo Ireme ryabwo rihabwa abarerwa…
Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe
Mugihe igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo cyiswe 'Niwe Healing Concert' kibura iminsi mike kikaba, abategura iki gitaramo baremeza ko amatike ashobora gushira ku isoko mbere y'igitaramo nyiri zina kuko ari…
UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe
Chelsea yatsinze FC Barcelona ibitego 3-0 naho Manchester City itsindwa na Bayern Leverkusen ibitego 2-0 mu mikino y’Umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League yabaye mu Ijoro ryo ku wa…
Hari ababyeyi bacyumva ko umwana ufite ubumuga atagomba kujya mu ishuri
Mu bana bafite ubumuga kandi bagejeje igihe cyo gutangira ishuri abarenga ibihumbi 17 ntibiga ahanini ngo bitewe n’uko hari ababyeyi bacyumva ko umwana ufite ubumuga atagomba kujya KWIGA. Iyi ni…
RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3
Murenzi Abdallah wigeze kuyobora ikipe ya Rayon sport mu myaka 12 ishize ndetse aza kuyobora Komite y’Inzibacyuho mu 2020, yongeye guhabwa iyi kipe nabwo mu buryo bw’Inzibacyuho nyuma yahoo urwego…
Kanombe : Umudugudu wa Karisimbi muri Kabeza ugiye kwiyubakira Imihanda ihuza abaturage bawo
Kimwe n’indi midugudu yo mu murenge wa Kanombe yafashe iya mbere igatunganya imihanda ihuza abaturage bayo, Akagari ka Karisimbi muri uwo murenge, katangije igikorwa cyo kwitunganyiriza Imihanda bikozwe n’abaturageku kigero…
Perezida Kagame yakiriye Touadéra wa Santarafurika
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye mugenzi we wa Santrafurikika, Faustin Archange Touadéra, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, bagirana ibiganiro byibanze ku bufatanye busanzweho hagati y’ibihugu byombi,…
Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC
Mu mukino wa ½ wari usigaye hagati ya CEMINYAKI y’i Rubavu na Trinity Nyakabingo FC y’i Shyorongi, wasojwe Nyakabingo Fc itsinze ibitego 2-0, bityo ikanakatisha itike yo gukina umukino wa…