RDB igiye guhemba ba rwiyemezamirimo bo ku mugabane w’Afrika bahize abandi
Ni mu Irushanwa rya Africa’s Business Heroes (ABH) Prize Competition ku nshuro ya 7, rihuza ba rwiyemezamirimo bafite batanga gikomeye kurusha abandi ku mugabane wa Afurika, aho abageze mu cyiciro…
Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora
Abaforomo n’ababyaza barasabwa gukunda akazi bakora mu rwego rwo gutanga serivisi nziza no gutuma abo baha serivisi babagirira icyizere. Ibi n'Ibyagarutsweho ku wa 11 Ukuboza 2025, mu nama mpuzamahanga ihuje…
Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse
Ku rusengero rw’Itorero ry’ADEPR/Remera, ku wa 13 Ukuboza 2025 habereye umuhango wo guherekeza no gusezera bwa nyuma umukozi w’Imana Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi Noé, watabarutse ku wa 27 Ugushyingo 2025…
Abarangije muri Kaminuza ya ULK bahawe Ubutumwa bwo kujya guhanga no gutanga akazi aho kugasaba
Abanyeshuri basaga 1500 nibo barangije amasomo abahesha Impamyabushobozi zo ku Urwego rwa Kaminuza, muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK), bakaba bashimirwa uburyo bitwaye neza mu gihe cyose bamaze ku ntebe…
Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho
Imwe mu ma Garaji akomeye kandi afite uburambe mu Mujyi wa Kigali, ATECAR, abakozi bayo bavuga ko kuhakora bibungura cyane ubumenyi busumbye ubwo baza bafite, cyane ko iyo hari ubwoko bw’imodoka…
Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko
Kuva kuwa 08 kugeza kuwa 19 Ukuboza 2025, ni Iminsi yahariwe Ubutabera, ahazibandwa by’umwihariko mu gukemura imanza binyuze mu buhuza, uburyo bumaze gutanga umusaruro ku buryo mu myaka 3 ishize imanza…
eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye
Mu gihe ibigo by’Imari n’amabanki bikomeje kugeza ku bakiliya babo serivise zitandukanye hifashishijwe uburyo bwa eKash, bukaba ari n’uburyo bukomeje kugaragaza umusaruro nyawo mu ihererekanya ry’amafaranga biciye mu buryo bw’ikoranabuhanga,…
Gakenke: Abakozi bo mu kirombe cya COMIKAGI bafungiranywe n’amazi aturutse ikuzimu
Gakenke: Abakozi bo mu kirombe cya COMIKAGI bafungiranywe n’amazi aturutse ikuzimu Abakozi 7 bakora imirimo y’ubucukuzi bw’umucanga mu kirombi cya Koperative ya COMIKAGI ikorera mu karere ka Gakenke,Umurenge wa Ruli,Akagali…
Ikoranabuhanga niryo riri gukoreshwa na GAMICO mu bucukuzi bugezweho
Mu gihe abacukuzi bari mu cyumweru cyahariwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’agaciro ari nako hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro GAMICO ikorera Ubucukuzi mu Karere ka Nyarugenge, irakora ubucukuzi bugezweho…
Abahesha b’inkiko b’umwuga bakoze amatora Me Niyonkuru yongera gutorwa
Abagize Urugaga rw'Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda. Me Niyonkuru Jean Aime' yongera kugirirwa icyizere ahabwa manda ya kabiri ndetse abasezeranya kuzakomeza gukorana na bo hagamijwe guteza imbere umwuga wabo,…