Serivise nziza nta kindi kiguzi zifite –abayobozi banenzwe
“Ntabwo aba bantu bagomba kugira icyo bakwishyura. Abanyarwanda kugira ngo babone serivisi nziza, zizwi, nta kintu bagomba kukwishyura. Barakwishyuye kera, abanyarwanda barishyuye kuko nibo bishyura imisoro, nibo bishyura imisoro tuvanamo…
Tanzania NEC dismisses vote irregularity reports
Tanzania is counting votes after polls in its high-stakes election closed on Wednesday evening. President Joseph Magufuli, eyeing a second five-year term, voted in the country's new capital of Dodoma.…
Rwanda:Abari hagati y’imyaka 15 na 35 bibasiwe n’indwara zo mu mutwe
Umuyobozi w’Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mutwe, Dr Yvonne Kayiteshonga, yabitangarije inama ishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge mu Karere ka Nyarugenge yateranye kuri uyu wa Kane tariki 29 Ukwakira 2020. Dr…
RIB ifunze Mutangana Jean Bosco wigeze kuba Umushinjacyaha Mukuru
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Mutangana Jean Bosco wigeze kuba Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira B. Thierry,…
Abanyamakuru biyemeje gukorana n’Inteko bya kinyamwuga
Ni mu mahugurwa y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko ishingamategeko y’u Rwanda ku bufatanye n’Inama nkuru y’itangazamakuru MHC n’Ubumwe bw’uburayi, yahuje bamwe mubanyamukuru bo mu Rwanda, agamije kubamenya uburyo inkuru zigendanye n’ibikorwa…
Leta yahombye miliyoni 950 Frw bitewe n’ibyemezo bidahwitse ibigo byayo byafatiye abakozi
Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta yatangaje ko Leta yahombye miliyoni 950 Frw bitewe n’ibyemezo bitubahirije amategeko abayobozi bafatiye abakozi bayo bo mu nzego zitandukanye. Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu…
RRA yagabanyirije abacuruzi imisoro kubera Covid-19
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro mu Rwanda, RRA, yijeje abashoramari bakura ibicuruzwa mu mahanga ko mu gihe cya vuba bazakurirwaho ikiguzi basabwaga kugira ngo ibicuruzwa byabo binyuzwe ku mupaka…
Kamonyi: Abagwiriwe n’ikirombe cya Ets Hajos ltd baratabaza nyuma yo gutereranwa
Umwaka urihiritse hari abakozi bagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya kampani yitwa Ets Hajos ltd iyi ikaba ari kampani y’uwitwa Hakizinshuti Jonas ibi birombe bikaba biherereye mu Kagari ka Nyamirama…
Kayonza: umugore wo mucyaro inkingi y’iterambere ry’umuryango
USAID Hinga Weze ifasha abagore bo mu cyaro gufasha ingo zabo kwigira,guteza imberere umuryango no kugera ku iterambere rirambye.Akamaro ko guteza imbere umugore wo mu cyaro kagaragarira mu kongera umusaruro…
Nyagatare: abagore baravuga imyato gahunda ya girinka mu nyarwanda yabakuye mu bukene
Bamwe mu bagore batunze ingo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko inka bagabiwe muri gahunda ya Girinka zabakuye ku guca inshuro, ubu bakaba ari abakire bitunze. Mujawamariya Rose atuye mu…