Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo gutangira gutanga umuti wa Lenacapavir Yeztugo, urinda kwandura Virusi itera Sida wa Lenacapavir mu gihembwe cya nyuma cya 2026. Lenacapavir…
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri Kaguta…
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya
Perezida Paul Kagame yakiriye ba Ambasaderi babiri bashya, ari bo uw’u Buyapani na Qatar, bose bashimangira ko bazakomeza guteza imbere inyungu z’ibihugu byabo n’u Rwanda. Ba ambasaderi bashya bashyikirije Perezida Kagame…
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe
Mu minsi mike ishize hari amakuru yasohotse avuga ko uwitwa Venuste Havugimana wo mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro Akagari ka Rwesero, Umudugudu wa Nyamasheke yishyuza Kampani AFRISET Amafaranga…
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame,yashimiye mugenzi we wa Guinea Conakry, Mamadi Doumbouya, uherutse gutsinda amatora, amwizeza ubufatanye mu gusigasira umubano mwiza ibihugu byombi bifitanye. Kuri X yahoze ari…
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko hagabanyijwe ibiciro byo gusura ingagi mu mwaka wa 2026. Ni ibikubiye mu itangazo rigufi RDB yashyize ahagaragara ku rubuga X, rwahoze ari Twitter, ku…
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima
Amakuru yatanzwe n’abaturage, bo mu mudugudu wa Murama, avuga koabapfuye harimo ab’igitsina gabo batandatu n’ abigitsina gore batatu hahungabana 9. Abo baturage bari bavuye mu kibaya cy’akagera guhinga, bageze i…
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe
Nyuma y’umusaruro nkene, ubuyobozi bw’Ikipe ya Manchester United, bwirukanye Ruben Amorin wari umutoza mukuru wa yo, aba uwa 10 wirukanywe kuva Sir Alex Ferguson yayivamo mu 2013. Ni icyemezo cyafashwe…
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa
Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye abantu bafite abagororwa b’abagore mu magororero kwitabira kubasura no kubaba hafi kuko na bo ari abantu nk’abandi n’ubwo bari mu bihano. Byagarutsweho na Minisitiri…
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango
Inama yahuje Abadepite, abayobozi mu nzego za Leta na Sosiyete Sivile zifite aho zihuriye n’imibereho y’umuryango, urubyiruko n’abandi bahuriye mu Nama Nyunguranabitekerezo ku muryango utekanye n’uruhare urubyiruko rukwiye kugira bafashe…