Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Mu gikorwa cyo gukomeza kuzirikana umunsi mpuzamahanga w’umurimo cyabaye kuri uyu wa 29 Gicurasi 2025, ari nako hanarebwa ibibangamira imigendekere myiza y’umurimo, muribyo hakabamo n’ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe,…

admin

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

Abasoje mu mashami atandukanye mu ishuri rikuru ry’imyuga Tekinike n’Ubumenyingiro RP, bavuga ko basohokanye impamba ihagije mu masomo bize, ibyo bikazabafasha gukora neza bahanga udushya kandi baharanira iterambere ry’igihugu cy’u Rwanda,…

admin

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Mukeshimana Julienne wo mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Nasho, Akagari ka Rubirizi, Umudugudu wa Mulindi, avuga ko amaze imyaka 21 ashakanye byemewe n’amategeko na Ntakaziraho Daniel, ariko ngo akomeje…

admin

Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

Aya ni amwe mu majwi y’abakunzi b’umupira w’amaguru bashimira FERWAFA, bari bakurikiye umukino nkemurampaka wahuje ikipe ya Bugesera FC na Rayon Sports kuwa 21 Gicurasi 2025, nyuma y’uwari wabaye kuwa…

admin

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Ubuyobozi bwa kimwe mu bigo bikomeye bikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Gakenke, Ruli Mining Trade Ltd buvuga ko mu myaka 15 bamaze bakora, ibyagezweho byo kwishimira ari byinshi,…

admin

Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

Mukakarangwa Immaculée, utuye mu Murenge wa Bumbogo, Akagari ka Ngara, Umudugudu wa Munanira. Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2025, uyobora umudugudu wabo Rwemarika Theogene ari kumwe na Komite ye, baje…

admin

Inkomoko Ranked Among Africa’s Fastest-Growing Firms by Financial Times

Inkomoko, a Rwandan business accelerator that supports micro and small enterprises in refugee and host communities, has been ranked the 8th fastest-growing private company in Africa by the Financial Times. It…

admin

Gutangaza Ingingo z’Ingenzi z’Impamvu yo gusaba guhindura Amazina ya UMUTONI Amina

Turamenyesha ko uwitwa UMUTONI Amina mwene Nyagasaza Ayubu na Uwicyeza Odette, utuye mu Mudugudu wa Gacuriro 2020, Akagari ka Gacuriro, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali…

admin

Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

Iki ni ikibazo kibajijwe n'umwe mu bafana ba ikipe ya Bugesera nyuma yo kunyagira Rayon Sports ibitego 2 ku ubusa abafana bayo bagakurura imvururu zatumye Komiseri w'umukino afata icyemezo cyo…

admin

Kaminuza ya ULK bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Prof. Rwigamba BALINDA aha urubyiruko ruharererwa ubutumwa

Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 cyabereye muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) kuri uyu wa 16 Gicurasi, Umuyobozi w'icyubahiro akaba n'uwashinze Kaminuza yigenga…

admin