Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali
Ikibazo cy’amashyamba yagiye agabanuka mu Mujyi wa Kigali giteye inkeke, mu gihe abawutuye biyongera umunsi ku wundi kandi bakeneye umwuka mwiza wo guhumeka, icyakora ubuyobozi by’uyu mujyi bukomeje kongera imbaraga…
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bemeranyije igihe ba Minisitiri b’ububanyi n’Amahanga , bazasinyira amasezerano y’amahoro agamije gushyira iherezo ku bibazo bimaze igihe hagati y’impande zombi. Hashize iminsi itatu…
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw
U Rwanda ni kimwe mu bihugu byo muri Afurika byashyize imbaraga mu kohereza ibicuruzwa by’ingeri zitandukanye ku masoko mpuzamahanga cyane cyane ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi bimwe byongerewe agaciro, byatumye mu…
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye
Igwingira ni ikibazo gikomoka ku mirire mibi kigera ku bana benshi ku Isi bari munsi y’imyaka itanu, cyane cyane mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere. Ariko se wari uziko umugore…
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’
Massamba Intore yasubitse urugendo rwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yatumiwe nk’umwe mu bazataramira muri ‘Rwanda Convention USA’. Ibi Massamba Intore yabikomojeho mu kiganiro yahaye umwe mu…
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC
Kuri uyu wa Mbere ikipe ya Musanze FC yakoze inteko rusange yatorewemo Nsengiyumva Richard nka Perezida wayo mushya asimbuye Tuyishimire Placide uheruka kwegura. Ni Inteko rusange yabereye mu cyumba cy’Inama…
Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yavuze ko ibitero Amerika yagabye kuri Iran ari ukwica bikomeye amategeko mpuzamahanga, ndetse n’amasezerano ya Loni. Araghchi yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, “Leta…
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran
Mu gihe hibazwa byinshi ku mpamvu zaba ziri inyuma y’icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kwimura indege z’intambara zidasanzwe zo mu bwoko bwa B-2 stealth bombers, impuguke mu…
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza
Kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Kamena 2025 mu rukiko rukuru rwa Rwamagana, hagombaga kubera urubanza rw’Ubujurire RPA/GEN00009/2024/HEC RWG, ubushinjacyaha buregamo Ntakaziraho Daniel na mugenzi we Iribonetse Samuel bashinjwa…
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro
Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Cyumba, Akarere ka Gicumbi bashima uburyo Umushinga wa Green Gicumbi wabafashije kumenya gukora imirwanyasuri y'indinganire, guhinga ibiti bivangwa n'imyaka ntibiyangirize, uburyo byose byarinze…