August 28, 2025
Faith Brilliant Stars School ni ishuri riherereye mu karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata rikaba ryarashinzwe mu mwaka wa 2014 n’abashoramari batandukanye bagamije gutanga uburezi bufite ireme ndetse buhendutse…
August 28, 2025
Guverinoma y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) bemeranyije kongera umuhate mu kurinda no gushakira impunzi ibisubizo birambye by’umwihariko gushyiraho gahunda zikomeza guhuza impunzi n’abaturage. Byagarutsweho ku wa…
August 28, 2025
Abarundi Rukundo Abdul Rahman "PaPlay" n’umunyezamu Ndikuriyo Patient batandukanye na Rayon Sports ku bwumvikane nyuma yo gusesa amasezerano. Ni inkuru yemejwe na Rayon Sports ubwayo ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo…
August 28, 2025
Perezida Paul Kagame yavuze ko uretse kuba u Rwanda na Mozambique ari ibihugu bisanzwe bifitanye umubano ukomeye ikiruta byose ari n’ibihugu by’inshuti kandi nziza. Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa…
August 28, 2025
U Rwanda rwarengeje intego yo gutera ibiti ku buso bungana na 30% rwari rwihaye muri gahunda y’igihugu ya mbere yo kwihutisha iterambere, NST1, rugera kuri 31%, bingana n’ibiti buri ku…
August 28, 2025
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwatangaje ko ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bagiye gukoresha miliyari 7,2 Frw mu kurwanya igwingira mu bana nyuma y’aho bigaragaye ko nubwo hari intambwe yatewe hari uturere two…
Mu minsi Itanu FERWAFA iraba ifite Umuyohozi mushya SHEMA Ngoga Fabrice
Mu mpera z'uku kwezi kwa munani hateganyije amatora agamije gutora Perezida mushya w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA hakazatorwa Komite nshya isimbura iy'inzibacyuho yari imaze imyaka igera kuri ibiri ikaba…
RSSB ntirashyira mu bikorwa ibyemezo bya Guverinoma bigashyira abafite ubumuga mu kaga ko kubura ubuvuzi
Abafite ubumuga bivuriza mu bitaro bya HVP Gatagara biri mu Karere ka Nyanza baravuga ko nubwo bahabwa serivisi nziza, bagihura n’imbogamizi zikomeye zirimo igiciro gihanitse ku bikoresho by’inyunganirangingo n’insimburangingo, kudahabwa…
ITANGAZO RY’ITANGIRA RY’AMASOMO MURI MARY 1000 S INTERNATIONAL SCHOOL AT GAHANGA 2025-2026
Ubuyobozi bukuru bwa MARY 1000 S INTERNATIONAL SCHOOL AT GAHANGA rikorera mu Murenge wa Gahanga hepfo gato y’ikibuga cya Cricket, buramenyesha ababyeyi basanzwe baharera, abandikishije abana n’abandi bose bifuza kuzana…
ITANGAZO RIGENDANYE N’ITANGIRA RY’AMASOMO MURI MOTHER MARY INTERNATIONAL SCHOOL COMPLEX 2025-2026
Mu rwego rwo kwakira ababyeyi n’abanyeshuri neza mu mwaka mushya w’itangira ry’amashuri 2025-2026,Ubuyobozi bwa Mother Mary International School Complex, buramenyesha ababyeyi basanzwe baharerera, abashya n’abandi bose bifuza kuhazana abana babo,…