Sobanukirwa n’ibyashingiweho hagenwa Imijyi yunganira Kigali
Hagamijwe gufasha abatuye mu Mijyi itandukanye kubona serivise n'iterambere byakorerwaga i Kigali mu buryo bwihuse, hashyizweho imijyi yunganira Kigali. Ibi ababikurikiranira hafi bakavuga ko ibyakozwe biri gutanga umusaruro mu buryo…
Abafana ba BIG MINING FC baravuga ko igikombe bagikozaho imitwe y’intoki
Nyuma yo kurangiza ijonjora yitwaye neza ikaba itangiye ¼ itsinda, abafana ba Big Mining Fc bavuze ko hatabayeho izindi mpamvu igikombe kiri guhatanirwa n’ibigo bikora akazi ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro…
GAMICO FC iravuga ko RUTONGO MINES FC itazabacika mu gihe cyo kwishyura
Muri gahunda y'irushanwa ry'ibigo bikora Ubucukuzi bw'Amabuye y'agaciro kuri uyu wa 27 Nzeri 2025 amakipe GAMICO FC na RUTONGO MINES FC yakinnye umukino ubanza wa ¼ Rutongo Mines fc itsinda…
Umutaliyani Lorenzo Mark Finn, yegukanye Igikombe ku Isi mu batarengeje imyaka 23 basiganwa mu mihanda
Umusore w’Umutaliyani Lorenzo Mark Finn, wari muto mu bagabo bafite munsi y’imyaka 23 mu marushanwa yo gusiganwa ku muhanda, yitwaye neza cyane mu mikino y’Isi y’Imodoka ku muhanda (UCI Road…
RFI: Ubukangurambaga bugamije kwegera Abaturage burakomeje
Ku munsi wa gatanu w'ubukangurambaga bugamije kwegereza abaturage serivise batanga, kuri uyu wa 26 Nzeri 2025, Ubuyobozi n'impuguke za RFI bakomereje ibikorwa byabo mu Karere ka Kayonza. Kimwe n'uko bimaze iminsi…
RFI irakangurira abayobozi kumenyesha abo bahagarariye serivise zitangwa n’icyo kigo
Ikigo cy’igihugu cy’ibimenyetso bya gihanga byifashishwa mu butabera RFI, kiri gukora ubukangurambaga mu gihugu hose bugamije gusobanurira abayobozi bo mu nzego zitandukanye, serivise zitangwa n’icyo kigo, abahugurwa bagasabwa kubigeza kubo…
Abanyarwanda ntibabashije gusoza neza irushanwa ryo ku munsi wa gatanu
Mu isiganwa mpuzamahanga ry’umukino w’amagare ku rwego rw'Isi rikomeje kubera mu Rwanda, ku nshuro yaryo ya 5 yo kuri uyu wa 25 Nzeri 2025, Abanyarwandakazi baribitabiriye muri 85 bo mu…
Abanya-Australia bihariye umunsi wa 4 wa Shampiyona y’Isi y’Amagare
Ku munsi waryo wa kane, Irushanwa Mpuzamahanga rya Shampiyona y'Isi y'Amagare riri kubera mu Rwanda, kuri uyu wa 24 Nzeri 2025, abagize ikipe y’Amagare bo mu gihugu cya Australia mu…
Uwashinje Minisitiri kumubeshya urukundo yatsinzwe Urubanza ategekwa gutanga Indishyi z’Akababaro
Nyuma y’uko ku maradiyo, Televisiyo n’Imbuga nkoranyambaga zitandukanye hasakayeho inkuru y’Uwitwa Chantal Muganga urega Uwari Minisitiri Ernest Nsabimana ko yamubeshye urukundo amubwira ko azamurongora akishakira undi, byamuviriyemo Ubumuga ngo n’Indwara…
Uko ETS KALINDA yo mu Karere ka Kamonyi ikomeje guteza imbere Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro ibikora Kinyamwuga
Mu gihe mu bice bitandukanye by’Igihugu cy’u Rwanda hakomeje kuvugwa ko hari Amabuye y’Agaciro ahagije yacukurwa mu gihe kirekire, ETS Kalinda ikorera ibikorwa by’Ubucukuzi bw’Amabuye mu Karere ka Kamonyi, Ubuyobozi…