• Latest
Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni  Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza

Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza

June 9, 2021
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026
Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

September 9, 2026
5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

September 9, 2026
Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

September 9, 2026
Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

September 9, 2026
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 9, 2021
in Ubumenyi(Science)
0
Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni  Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza
0
SHARES
1.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe abanyarwanda hafi ya bose bashishikajwe no kurera abana babashakira amashuri yujuje ibisabwa kandi bibategurira kuzigirira akamaro mu bihe bizaza, Imanzi city of mainz  ikigo cy’amashuri gitangira uburezi mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagali ka Masoro cyafatwaho urugero rw.ibanze bitewe n’ingamba zo kurera abana bafite ubwenge, ubumenyi n’uburere bibategurira kuzabaho neza mu Rwanda rw’ejo hazaza.

Imanzi city of mainz ni ishuri ryatangiye gutanga  uburezi  buhamye mu mwaka wa 2017, rihereye ku mashuri y’inshuke, mu gihe gito bitewe n’urugwiro n’ubushake  ababyeyi baryakiranye,  ryahise ryibaruka n’ikiciro cy’amashuri abanza magingo aya kikaba gifite abanyeshuri 205 bari gutegurwa kuzaba abayobozi n’ababyeyi bo mubihe biri imbere,  babifashijwemo n’inyigisho nziza bari guhabwa n’abarezi babifitiye ubushobozi n’ubushake nkuko Bwana Muramira Bernard Washinze iki kigo cy’intangarugero abisobanura.

Aganira n’ikinyamakuru igisabo.rw,  Bwana Muramira Bernard, avuga ko amaze imyaka igera kuri 20,  akora ibikorwa bitandukanye byunganira Leta kandi bigamije kuzamura umwana no guharanira ko yagira ubuzima bwiza,  bihereye mu muryango avukamo,  birimo kubashakira ubwisungane mu kwivuza, ibiribwa, ibyo kwambara  n’ibindi, ari nayo mpamvu ngo yahisemo gushinga ikigo Imanzi City of Mainz kugira ngo arusheho gukurikirana bya kinyamwuga uburere bw’umwana amufasha  kwiga amasomo agezweho azamutegurira kuzaba umuntu wuzuye abihereye mu bwana bwe, kuzageza abaye umugabo cyangwa umugore ushoboye kwitunga.

Agira ati “iki  ni ikigo gitanga uburezi bugezweho giherereye I Masoro hazwi nko kwa Nayinzira. Dutangira amasomo twatangiranye n’ikiciro cya Maternel muri 2017. Muri 2019 twashatse uburyo twakwagura ibyiciro tugendeye kubyifuzo by’ababyeyi bahise batwakirana yombi ahanini bagendeye kubuhanga, ubumenyi n’udushya twari dutangiranye mu myigishirize y’ikigo cyacu. Ibi kuba twarabigezeho si ibyatugwiririye na gato, kuko twari dusanzwe dufatanya naLeta mu myaka hafi makumyabiri ishize muri byishi, kubigendanye n’imibereho myiza  y’abana, urugero rwa hafi ni uko turi mu ba mbere muri 2009  batangije igikorwa cyo gushinga amarerero y’abana bato kugira ngo ababyeyi bafite akazi bajye babona aho basiga abana babo mu buryo bworoheje”

Bwana Muramira Bernard, avuga ko nyuma y’uko ababyeyi bishimiye ikigo Imanzi City of Mainz ku migabo n’imigambi myiza cyatangiranye, bahise bashinga n’ikiciro cy’amashuri abanza,  imfura zikaba zigeze mu mwaka wa gatatu, bakazahita bakomerezaho kugera mu wa gatantatu, abana bakaba ngo  bari kwigana ishyaka ku buryo bazazamuka bafite ubwenge bwo mu kigero cyo hejuru.

Bwana Muramira Bernard Washinze Imanzi City of Mainz

IKindi avuga Bwana Muramira ni uko ikigo cyabo mu by’ukuri ngo gitanga uburezi bwagutse kandi bufite ireme bugamije kubaka umwana witegurira kuzaba umntu nyawe kandi wujuje ibisabwa kugira ngo azibesheho mu buzima bw’ejo hazaza.

Agira ati “ ntabwo ari amakabyankuru, ari ababyeyi turerera, n’abandi benshi basura ikigo cyacu bakwihera ubuhamya. Iri ni ishuri ryihagazeho, rirangwa n’umutekano uhagije , ibikoresho byinshi kandi byujuje ibisabwa bigamije kurwanya covid 19,  amazu agezweho kandi afite ubwiherero bubereye abana turera, uburezi buhamye kandi bufite ireme , abarimu bafite ubushobozi kandi b’inararibonye mukurera abana n’ibindi byinshi,  turabyujuje ngo tugire ikigo cyo kwishimirwa n’abantu bose kandi bizakomeza.

 Ikindi twababwira ni uko mu minsi mike cyane turaba twamaze gushinga (Computer Lab) y’ikitegererezo hano mu Rwanda, ku buryo abana bazajya biborohera gukurikirana amasomo kuri Murandasi ndetse haramuse hongeye no kuvuka ibibazo nk’ibyatewe na Covid 19, abana bakaba banakwigira mu rugo bitabagoye.”

Avuga ko mu by’ukuri icyo bagamije ari ukugira ishuri ry’ikitegererezo kandi rya mbere mu Rwanda.  Ni muri urwo rwego avuga kandi ko bamaze kubona abafatanyabikorwa bo mu Budage, aho abana babo bazajya  bahuza amasomo n’abo hanze, bityo nabo bakiga nk’ibyabo ubumenyi bukiyongera.

 Ikindi  avuga ni uko  banabonye ngo abahanga kabuhariwe  (Experts) bagiye kujya bafasha abana babo  kwiga bifashishije ibimenyetso, umwana nawe akamenya gukora ibye, akabyigiraho mu kinyabupfura bityo akanagira ubuhanga bwo guhanga no kwivumburira udushya dutuma afunguka cyane mu bwonko.

Abanyeshuri muri iki kigo bigira mu mashuri afite ibikoresho bihagije

Agira ati “ mu by’ukuri ntabwo turera tugamije gutsindisha ibizamini bya Leta gusa, ahubwo tugamije guha abana ubwenge bwo ku ishuri, dushingiye ku bwenge kavukire, tunagamije ahanini ariko, kubaha ubumenyimuntu nyabwo.

Ni muri urwo rwego buri wa gatanu tubaha ibiganiro bibafasha kwitekerezaho, kugira ngo tubafashe  no gukura neza bafite imbaduko n’imitekerereze ibagira abantu buzuye bazi ubwenge buzabafasha kuzibeshaho bamaze gukura.”

Asoza avuga ko batazahagararira ku  byiciro by’amashuri y’inshuke n’abanza gusa,  ko  mu bitekerezo bafite imbere,  harimo kwagura ubumenyi bashinga amashuri y’isumbuye y’imyuga ariko yo mu rwego rwo hejuru ku buryo umwana wize nko kubaza, gukanika cyangwa gusudira azaba arangiza ari ku rwego mpuzamahanga ahangana ku masoko akomeye,  bityo agatungwa n’umwuga we hamwe n’umuryango we mu buryo nyabwo.

 Ashimira cyane Leta y’u Rwanda, uburyo ibafasha igihe cyose bayiyambaje haba mu bikoresho, mu nteganyanigisho no mu ikorana buhanga rigezweho, kugira ngo abana barera bazamuke bafite ubumenyi bwifuzwa kandi buzaramba. Urugero rwa hafi ngo ni uko mu minsi mike ishize banahawe amata na Leta yo giha abana babo, ibishimangira ubufatanye bwa Leta n’abikorera.

 Asaba ababyeyi bafatanyije kurera, ko nabo  bagomba kumenya ko bafite ihame n’ishingano ndakuka zo kurera abana babo neza,  babaha ireme nyaryo rishingiye ku muco, ariko bagira indagagaciro zuje ubunyarwanda,  bityo ngo akazaba umwana uzahangana n’isi isigaye ishingiye kubwenge, umuco, ikoranabuhanga n’ubumenyi bwuzuye kandi bwifuzwa.

Ibirebana n’imikorere myiza n’ireme ry’uburezi bitangwa n’ikigo Imanzi   bishimangirwa cyane na Bwana Ntimugura Boaz, Umuyobozi w’ishuri (Director), uvuga ko mu gihe gito ahamaze yasanze ari ikigo cyujuje ibisabwa byose  ngo gitange ireme ry’uburezi rihamye kandi ritegurira abana kuzagira ubuzima bwiza mu bihe biri imbere.

Agira ati “ Iki  ni ikigo gikunzwe n’ababyeyi mu buryo bushimishije.  Twigisha tugendeye kuri Porogaramu ya Leta (Competence Basic Curriculum), ikaba ari porogaramu ifasha abana kwiyubakamo ubushobozi binyuze mu myitozo myinshi kandi itandukanye bahabwa n’abarimu babo.

Imanzi City of Mainz kandi ikaba itanga uburezi ku bana 205 mubyiciro by’amashuri y’ishuke (Nursery) kugera mu mwaka wa gatatu w’ikiciro cy’ayabanza(Primary).”

Abanyeshuri bakurikira amasomo

Bwana Ntimugura, Umuyobozi w’iri shuri, avuga ko ibanga yizera ko barusha abandi binatuma ababyeyi babagana bizeye kurererwa neza uko babyifuza, ari icy’uko ngo bafite abarimu b’abahanga kandi bakunda abana bigisha, kubaha imyitozo myinshi kandi bakabafasha gukora udukino n’iibganiro hagati yabo bibafasha gufunguka mu bwonko bakiga bashyizeho umwete bagambiriye gutsinda no kugira ubumenyibuhagije.

Avuga ko yishimira ko abanyeshuri biga muri Imanzi city of mainz  barangwa n’ikinyuranyo cy’uko  bafite ubushobozi bwo kuvuga neza Igifaransa n’Icyongereza ku rwego nk’urwabize mu mashuri ahanitse akoresha izo ndimi.

Ashimangira ko kugira ngo babigereho bahisemo ko mu mashuri y’inshuke (Nursery), batangirira mu rurimi rw’Igifaransa naho  mu mashuri abanza (Primary) bakiga mu cyongereza.  Ibyo ngo bikaba bitavuze ko babana bato bahagarika kwiga igifaransa iyo bageze muy’abanza  ahubwo ngo bakomeza kugenda bahura nacyo mu yandi masomo (Extra Curriculum).

Asoza avuga ko kugira ngo abana barusheho kwiga banakurikire mu buryo bwiza amasomo bahabwa, abo mu kiciro cy’inshuke bahabwa ifunguro rya mu gitondo, abo mu kiciro cy’abanza bagahabwa ifunguro rya mu gitondo n’irya saa sita kuko biga igitondo n’ikigoroba, ifunguro rikaba ngo riba riteguye neza ryateguriwe  ku kigo n’abahanga mu guteka ikigo kiba cyaratoranyije.

Bwana Ntimugura Boaz, Umuyobozi w’ishuri (Director) rya Imanzi city of mainz

Ikindi ni uko ngo bafite isomero (Library) rigezweho kandi rifite ibitabo bihagije bya buri kiciro cy’amasomo biga ku buryo buri mwana wese abona igitabo yifuje kimufasha kwiyungura ubumenyi mu byo yiga.

Ku bijyanye n’abarezi bafasha ikigo cya Imanzi City of Mainz gutanga uburezi n’ubumenyi bufasha abana kwiga uko bikwiye,  Rebecca Muzoora urerera kuri icyo  kigo, avuga ko yishimira cyane kuba ari umurezi mu ishuri  Imanzi city of mainz kubera ko bafashwa muri byose bakeneye kugira ngo imyigishirije yabo imbere y’abana igende neza uko bikwiriye.

Agira ati “ Abayobozi bacu baduha umushahara mwiza kandi ukazira igihe, Duhabwa ubwishingizi, tugahabwa ifunguro mu gitondo na saa sita n’iibndi byangombwa byose bikenerwa n’umukozi ibituma twigisha abana twishimye kandi dufite ishyaka n’urukundo ku bana turera.

Uyu mwarimu watangiranye n’ikigo kuva cyashingwa kugeza uyu munsi, asoza asaba abarezi bagenzi be gukomeza kurangwa n’urukundo imbere y’abana bashinzwe kurera kugir ngo babategurire kuzavamo abanyarwanda buzuye b’ejo hazaza kuko ngo uwifuza kugira inzu ikomeye ayubakisha iibkoresho bikomeye.

Rebecca Muzoora Umwarimu watangiranye na Imanzi City of Mainz

Imanzi City of Mainz ni ikgo kigamije gutanga uburezi buhamye kandi butegurira kugira umwana wuzuye urangwa n’ubumuntu kandi uberanye n’u Rwanda rw’ejo heza nk’uko bisobanurwa n’abayobozi baryo.

  • Abanyeshuri bafite Imodoka zibajyana/zibavana ku ishuri
  • Abanyeshuri bafite aho bidagadurira hisanzuye
Aho abanyeshuri bakinira
Abanyeshuri mu masaha yo gukina

Imanzi City of Mainz iherereye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagali ka Masoro mu mujyi wa Kigali. Abifuza kuharerera no kubaza ibindi bisobanuro bihagije mwahamagara +250788538277

Previous Post

French President slapped in face

Next Post

Olivier Nizeyimana yitezweho kuzana impinduka n’amaraso mashya muri FERWAFA.

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Olivier Nizeyimana yitezweho kuzana impinduka n’amaraso mashya muri FERWAFA.

Olivier Nizeyimana yitezweho kuzana impinduka n’amaraso mashya muri FERWAFA.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA