Kampayana Augustin wayoboye ibigo bitandukanye mu Rwanda birimo ikigo cy’igihugu gishinzwe imiturire, RHA, yitabye Imana. Umwe mu bagize umuryango wa Kampayana yatangarije …
February 2024
-
-
AmakuruSiporo
Sitting Volleyball: Amakipe y’Igihugu yatambagije Kigali igikombe yakuye muri Nigeria
by adminby adminAmakipe y’Igihugu ya Sitting Volleyball mu bagabo n’abagore yatembereye Umujyi wa Kigali yishimira igikombe n’imidali yakuye muri Shampiyona Nyafurika yabereye muri Nigeria. …
-
Ubuyobozi bw’Ingoro ya ‘Bikira Mariya Nyina wa Jambo’ iri i Kibeho, mu Karere ka Nyaruguru bwatangaje ko imyiteguro yo kwakira Perezida wa …
-
Abanyarwanda baba muri Sénégal n’inshuti zabo kuri uyu wa 3 Gashyantare 2024 bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, wabereye ku kibumbano cy’ukwiyuburura kwa …
-
Imikino n'Imyidagaduro
Taylor Swift, Miley Cyrus, SZA na Billie Eilish bari mu begukanye ibihembo bikuru mu birori bya 2024 Grammy Awards.
by adminby adminNi mu birori byabereye i Los Angeles mu ijoro ryo ku cyumweru. Hari ibyiciro byose hamwe 94 – ibi ni bimwe mu …
-
POLITIKE
Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda baba mu mahanga bagomba kumenya ko nubwo bava mu Rwanda rwo ruzabagumamo.
by adminby adminPerezida Paul Kagame yagaragaje ko Rwanda Day, ijya gushyirwaho mu 2010 kwari ukugira ngo Abanyarwanda bari mu bice bitandukanye by’Isi bakomeze kugirana …
-
AmakuruPOLITIKE
Inkuba yakubise u Rwanda ntizongera kurukubita ukundi- Perezida Kagame
by adminby adminPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwahuye n’akaga gakomeye karugejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku buryo nta muntu ukwiye kwemera …
-
AmakuruPOLITIKE
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Namibia nyuma y’urupfu rwa Perezida Dr Hage Geingob
by adminby adminPerezida wa Republika, Paul Kagame yihanganishije Namibia iri mu gahinda ko kubura Perezida Dr Hage Geingob witabye Imana ku Cyumweru azize uburwayi. …
-
Perezida wa Pologne Andrzej Duda na Madamu we Agata Kornhauser–Duda bategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu, aho azagirana ibiganiro na …
-
AmakuruUncategorized
Musanze : yibye inka ayishyira mu buriri buri mo inzitiramibu
by adminby adminUmugabo witwa Nsengiyumva Alphonse w’imyaka 29, wo mu Kagari ka Muharuro, Umurenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, yatorotse ubwo yari agiye …