Umunyezamu Ndayishimiye Bakame wabaye umwe mu bakomeye mu Rwanda yatangaje ko ahagaritse gukina umupira w’amaguru Nyuma y’imyaka isaga 20 ari umunyezamu w’umupira …
Siporo
-
-
AmakuruSiporo
Munyantwari Alphonse yamaze impungenge abavugaga ko amenyereye gukoresha inama z’abaturage n’umuganda gusa
by adminby adminUbwo yimamarizaga umwanya w’Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Munyantwari Alphonse wari watanzwe n’ikipe ya Polisi FC, yavuzeko abibeshyaga ko amenyereye …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziSiporo
FERWAFA: Gacinya Denis ntiyarenganyijwe ahubwo yabeshye Komisiyo y’amatora
by adminby adminMu kiganiro Komisiyo y’Amatora yahaye abanyamakuru ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu Tariki ya 14 Kamena 2023 hagamijwe gutangazwa urutonde ntakuka …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziSiporo
FERWAFA: Abantu batatu nibo bagiriwe icyizere cyo kuyiyobora mu minsi 39 y’Inzibacyuho
by adminby adminNyuma y’uko Uwayoboraga FERWAFA Mugabo Nizeyimana Olivier yeguye agakurikirwa n’abandi bagenzi be batatu mubo bafatanyaga bigatanga icyuho, kuri uyu wa mbere Tariki …
-
AmakuruSiporo
Minisitiri wa Siporo yagereranyije imyitwarire y’Abanyamakuru nko gusenya igihugu
by adminby adminMinisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa yanenze itangazamakuru rya Siporo mu Rwanda uko ryitwaye mu kibazo cya Benin n’u Rwanda aho yavuze …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziSiporo
Tour du Rwanda INGUFU GIN Ltd umwe mubaterankunga bibanze bayo
by adminby adminIsiganwa Mpuzamahanga ry’Umukino w’amagare mu Rwanda rimaze icyumweru ribera mu bice bitandukanye by’igihugu, ryasojwe ryegukanywe na Henok Mulubrhan wo mu gihug cya …
-
AmakuruImikino n'ImyidagaduroSiporo
Emery Bayisenge wakinaga muri Bangladesh yerekeje muri Kenya
by adminby adminMyugariro mpuzamahanga w’umunyarwanda wakiniraga ikipe ya Saif Sporting Club, Emery Bayisenge yamaze kumvikana n’ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya kuyikinira umwaka …
-
FERWAFA yamaze kwemeza kuri uyu wa gatandatu Tariki ya 21 Mutarama 2023 ingengo y’imari y’ishyirahamwe ihwanye na miliyari 8,140,773,630 Frw azakoreshwa muri …
-
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu yatsinze Sudan igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri stade ya Kigali, ibona …
-
Abaturage bo muri Liberia barakariye Perezida wabo, George Weah, nyuma yo gutangaza ko azamara iminsi icyenda muri Qatar mu mikino y’Igikombe cy’Isi …