Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Clementine Mukeka yakiriye itsinda ry’abayobozi bo muri Georgia, riyobowe n’Umuyobozi ushinzwe Afurika n’Uburasirazuba bwo hagati …
POLITIKE
-
-
AmakuruPOLITIKE
Amb Kimonyo James yavuze ko u Rwanda rudashobora guhatirwa kugira uruhande rufata
by adminby adminAmbasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa, Kimonyo James, yavuze ko igihugu cye kidashobora kugira uruhande kibogamiraho hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika …
-
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ateganya kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Uganda guhera tariki ya 15 Mata 2024. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga …
-
AmakuruPOLITIKE
Perezida Tshisekedi byavugwaga ko yaburiwe irengero ngo yaba ari mu bitaro
by adminby adminPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, byari bimaze iminsi bivugwa ko hatazwi aho aherereye, biravugwa ko yajyanywe mu Bitaro …
-
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda yakiriye mugenzi we w’u Bubiligi, Ludivine Dedonder, baganira ku kurushaho kwagura ubufatanye busanzwe buhuriweho n’impande zombi mu bya …
-
AmakuruPOLITIKE
Kwibuka30: Perezida Macron yemeye ko Jenoside yakorerwe Abatutsi MU Rwanda ari amateka agomba gusangirwa n’ibihugu byombi
by adminby adminPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavuze ko nubwo atabashije kuza kwifatanya n’Abanyarwanda, kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorerwe Abatutsi, ari igihe …
-
AmakuruImibereho ya buri munsiPOLITIKEUncategorized
Ikinyamakuru Igisabo vol 25 cyasohotse Special Kwibuka 30
by adminby adminKanda hano usome amakuru yose
-
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageneye impano n’ubutumwa Bassirou Diomaye Faye, warahiririye kuyobora Sénégal muri manda y’imyaka itanu. Ni ubutumwa bwajyanwe na …
-
Abayobozi bo hirya no hino ku Isi bakomeje gukora ibishoboka byose ngo habeho ibiganiro bigamije gukemura ikibazo cy’umwuka mubi umaze igihe hagati …
-
POLITIKE
Perezida Kagame yavuye imuzi ubuto bwe, urugamba rwo kubohora Uganda n’u Rwanda
by adminby adminPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko inyota yo kubohora u Rwanda yatangiye kumuzamo afite imyaka 11 ubwo yari atangiye …