Ikinyamakuru Igisabo volume ya 32 cyasohotse Igisabo No 32 page 1-8 website
Kwisi hose(world)
-
-
AmakuruKwisi hose(world)
Syria: Igitero cya Israel cyahitanye 14 barimo abahanga mu gukora intwaro ba Iran
by adminby adminLeta ya Israel yagabye igitero simusiga muri Syria, cyari kigamije guhitana abahanga ba Iran bakorera mu gace ka Masyaf kari mu Ntara …
-
Kwisi hose(world)POLITIKE
Abanyarwanda n’Abarundi turi abavandimwe – Minisitiri Nduhungirehe yatanze icyizere ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi
by adminby adminMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatanze icyizere ko umubano w’u Rwanda n’u Burundi uzazahuka, abishingiye ku kuba Abanyarwanda n’Abarundi biyumva …
-
Amakuru y'ingenziKwisi hose(world)POLITIKE
Minisitiri Umutoni Sandrine yasabye urubyiruko rwavukiye muri Centrafrique kuba ba ambasaderi beza b’u Rwanda
by adminby adminUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Umutoni Sandrine, yibukije Abanyarwanda baba muri Centrafrique biganjemo urubyiruko rurimo ingimbi n’abangavu bahavukiye ko …
-
Amakuru y'ingenziKwisi hose(world)
Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda nshya
by adminby adminPerezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere mu birori bidasanzwe. Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi 45 bari …
-
Perezida w’Amerika Joe Biden na Donald Trump wahoze ari perezida mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bahuriye mu kiganiro- mpaka cyaranzwe …
-
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ateganya kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Uganda guhera tariki ya 15 Mata 2024. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga …
-
AmakuruKwisi hose(world)
CG (Rtd) Gasana Emmanuel yakatiwe gufungwa imyaka itatu n’amezi atandatu
by adminby adminUrukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel, gufungwa imyaka itatu n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 36Frw. Ni nyuma yo kumuhamya …
-
AmakuruKwisi hose(world)
Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe Sunak baganiriye ku ngingo zirimo abimukira
by adminby adminPerezida Kagame uri i Londres mu Bwongereza, yahuye na Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak, baganira ku mubano mwiza usanzwe hagati y’u Rwanda n’u …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziKwisi hose(world)Uncategorized
Tumenye imivugire ikoreshwa mu kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi 1994
by adminby adminMu gihe buri mwaka hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994, hari amagambo adakwiriye gukoreshwa. ✅ Bavuga kwibuka ku nshuro ya… Jenoside …