• Latest
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

May 9, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 9, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi, Ubukungu
0
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana
0
SHARES
57
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Uruganda “Akahebuje” rwenga inzoga yitwa MPA NGUHE butangaza ko, iki ari ikinyobwa gikunzwe n’abantu benshi ku buryo gisohoka mu ruganda abaguzi n’abarangura bakirwanira bitewe ahanini n’uburyohe bw’imbonekarimwe kisangije utasanga ahandi.

Ibi ni ibigarukwaho na Bwana HABIMANA Jean Claude Umucungamutungo w’uruganda AKAHEBUJE Ltd rukora inzoga ya Mpa Nguhe imaze kwamamara no gukundwa na benshi. Inzoga yengerwa mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Nyakariro, Akagari ka Gishore, Intara y’i Burasirazuba.

HABIMANA avuga ko uruganda AKAHEBUJE Ltd ahagarariye, rufite umwihariko ugereranyije n’izindi nganda, wo gukora inzoga y’umwimerere ikoze mu mutobe w’ibitoki, igahabwa urubetezi ruhagije n’ibindi byose bigendanye n’ubuziranenge busabwa, ku buryo igera ku isoko isamirwa hejuru na benshi.

HABIMANA Jean Claude Umucungamutungo wa AKAHEBUJE Ltd

Agira ati “Uru ni uruganda rumaze kwamamara no kwandika izina mu Rwanda bitewe ahanini n’iyi nzoga Mpa Nguhe. Mpa Nguhe bisobanuye ko uhabwa ikinyobwa cyuje ubuziranege nawe ukishyura, ugashyira abakunzi n’inshuti maze bagatarama. Turizeza abatugana bose ko tuzakomeza kubakorera iki kinyobwa bakunda ari benshi, mu minsi iri imbere bishobotse tukazasohora n’ubundi bwoko bushya bw’ikinyobwa kugira ngo dukomeze gushimisha abanywanyi bacu.”

Avuga ko imikorere myiza y’uruganda ituruka ahanini ku miyoborere myiza n’ibikorwa byiza bya nyiri uruganda washinze Akahebuje Ltd abikoranye ubushake bwinshi, bikagaragazwa  n’uburyo ngo afata neza abakozi, abaha umushahara ubanyuze kandi bakawubonera ku gihe.

Ku bimureba Bwana Habimana Jean Claude avuga ko mu myaka ibiri amaze akorera uruganda, yamaze kwiteza imbere mu buryo bugaragara, aho yubatse inzu nziza igezweho, agura amatungo n’ibindi akesha akazi akora.

Asaba bagenzi be b’abakozi anashinzwe by’umwihariko, gukora batikoreshje bagaharanira iteka ko umusaruro w’ibyo bakora wiyongera.

Ibyo uyu mucungamutungo Habimana avuga by’imikorere myiza, ituma bagira inzoga nziza ya Mpa Nguhe ikunzwe mu Rwanda hose,  bigarukwaho na nyiri bwite, Bwana Harelimana Celestin, Umuyobozi Mukuru akaba n’uwashinze AKAHEBUJE Ltd, uvuga ko ibanga bakoresha kugira ngo bagire inzoga ihiye kandi ikunzwe mu Rwanda hose, nta kindi kitari ugukora neza hagendewe ku bipimo byabugenewe mu kwenga inzoga, gukurikiriza ababwiriza n’amategeko y’ubuziranenge, kumenya uko isoko riteye n’ibyo abakiliya bakeneye.

Bwana HARERIMANA Celestin, Umuyobozi Mukuru akaba n’uwashinze uruganda AKAHEBUJE Ltd

Agira ati “Uru ni uruganda rwatangiye ibikorwa byarwo muri 2015, nkaba nararushinze ahanini ngamije kwiteza imbere, kwihangira imirimo no guteza imbere igihugu muri gahunda ya shyizweho ya Made in Rwanda, cyane ko iyi nzoga twenga ya Mpa Nguhe, ari umwimerere wenzwe mu bitoki, ibyo bigatuma ikundwa na benshi.”

Avuga ko yishimira ko inzoga benga ikunzwe na benshi ku isoko, bikaragazwa n’uburyo abakiliya b’uruganda bagenda biyongera umunsi ku wundi.

Ku rundi ruhande, avuga ko intego yatangiranye mu ishingwa ry’Akahebuje uruganda rwega inzoga ya Mpa Nguhe, igenda igerwaho buhoro buhoro, bikagaragazwa n’uburyo yabashije kubaka amazu agezweho, yaba ay’uruganda nyiri zina ndetse n’aho atuye.

Yishimira ko abana be biga Kaminuza bakaba bari kurangiza, yatanze akazi ku bantu bo mu ngeri zitandukanye bo mu gace uruganda rukoreramo,   amarembo kandi ngo anakinguriwe n’abandi bose bifuza akazi ntawe uhejwe.

Ikindi agarukaho Bwana Harelimana Celestin, ni uko mu bihe biri imbere bateganya gutangira kwenga ubundi bwoko bushya bw’inzoga, kugira ngo bakomeze ahanini gutanga serivise nziza ku bakunzi babo n’abanya Rwanda bose muri rusange bakomeje kunyurwa n’ibinyobwa benga.

Avuga ko kugeza ubu bafite abakiliya babagana benshi, akabizeza ko nta kabuza bazakomeza kubakorera ibyiza uko babyifuza, babagezaho ibinyobwa biryoshye kandi byujuje ubuziranenge.

Avuga kandi ko muri kino gihe bakoresha amacupa, cyakora ngo bari no gushaka uburyo mu bihe biri imbere, inzoga zabo zizaba ziri no mu bikombe byabugenewe (Cannet) bakazakomeza kubaha serivise nziza.

Ku birebana n’ingorane baba bahura nazo, avuga ko muri rusange ingorane atari nyinshi, uretse ikibazo cy’umuhanda uva i Kabuga werekeza Rugende w’itaka hafi yaho bakorera, igice gikora  ku ruhande rw’Akarere ka Kicukiro umeze nabi.

Avuga ko uwo muhanda ubabangamiye, kuko kugemura ibinyobwa ku isoko nko mu gihe cy’imvura, bibabera imbogamizi ndetse n’abakiliya bagana uruganda bikaba bibagora.

Asaba abo bireba kureba uko uwo muhanda watunganywa, cyane ko ari umuhanda uhuza uturere dutatu aritwo Kicukiro, Rwamagana na Bugesera.

Ashimira Leta y’u Rwanda, uburyo ikomeje gushyigikira abikorera ku giti cyabo,  by’umwihariko abanyenganda ntoya, bakaba boroherezwa muri byinshi, bigatuma babasha gukora bakabona umusaruro uhagije, ibikorwa byose bikaza byujuje ubuziranenge.

Umwe mu bakozi bato bakora mu ruganda rwa Akahebuje ni MUHAWENIMANA Alphonsine avuga ko atabona uburyo ashima ubuyobozi bukuru bw’uruganda akorera, akishimira ko babafata neza, bagahembwa neza kandi ku gihe.

MUHAWENIMANA Alphonsine umwe mu bakozi ba AKAHEBUJE Ltd

Agira ati “Mu gihe kitari kinini maze nkorera Akahebuje, mfite ingurube enye kandi zabwaguye, mba mu matsinda atandukanye yo kuguriza no kugurizanya, byose nkaba mbikesha amafaranga nkorera ahangaha. Ndasaba bagenzi banjye gukora batikoresheje, kugira ngo uruganda rwacu rurusheho kubona umusaruro uhagije, bityo natwe duhembwe neza tubashe kwiteza imbere.

Uruganda rw’AKAHEBUJE, ni rumwe mu nganda zikora neza zenga ibinyobwa biva mu musaruro w’ibitoki.

Ni Uruganda rwa Made in Rwanda rukorera mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Nyakariro, Akagari ka Gishore, Intara y’i Burasirazuba.

Ni uruganda rushimirwa na benshi uburyo inzoga ya MPA NGUHE ifite uburyohe bw’umwimerere w’ibitoki, inzoga ikunzwe ku masoko atandukanye yo mu gihugu, bityo buri wese unywa Mpa Nguhe akaba yifuza ko habaho inganda nyinshi zikora nk’AKAHEBUJE, kugira ngo muri rusange, abanyarwanda barusheho kunywa ibinyobwa bisukuye, byuje ubuziranenge nka MPA NGUHE,  cyane ko irangwa n’ubuziranenge ntagereranywa.

Bamwe mu bakozi ba AKAHEBUJE Ltd bari kumwe n’umuyobozi wabo
Previous Post

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

Next Post

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA