Abanyarwanda batari bacye bafite impungenge z’imyanzuro ishobora kuza gufatirwa muri ino nama mu gihe icyorezo cya covid 19 gikomeje kwiyongera mu uburyo …
January 2021
-
-
Kuva mu myaka ibarirwa kuri 20 ishize Imisambi ya Uganda n’Amavubi y’u Rwanda ni abakeba mu mupira w’amaguru, benshi ariko babona ko …
-
Ubumenyi(Science)
Minisiteri y’uburezi yasobanuye birambuye impamvu amashuri yo muri Kigali yahagaritswe
by adminby adminKuri iki Cyumweru nibwo Minisiteri y’Uburezi yangaje ko yafashe icyemezo cyo kuba ihagaritse amasomo mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu Mujyi …
-
Ubukungu
Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga
by adminby adminInchars Construction Group ltd ni Company ikora imirimo itandukanye y’ubwubatsi,ikaba igizwe n’abubatsi kabuhariwe babyigiye ndetse baraminuza mu bijyanye no gutunganya inyubako zigezweho. …
-
WhatsApp yatangaje ko yasubitse igikorwa cyo gukora amavugurura ajyanye n’imikorere yayo, aho yasabaga buri wese uyikoresha kwemera ko amakuru ye y’ibanga azajya …
-
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatangaje ko inzara imumereye nabi mu rugo nyuma y’iminsi ine …
-
POLITIKE
Ku munsi wa mbere, Joe Biden azasubiza Amerika mu masezerano ya Paris yanzwe na Trump
by adminby adminJoe Biden usigaje iminsi mike akarahirira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko akigera ku butegetsi azihutira gutesha agaciro imwe mu …
-
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko yafunze amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu Mujyi wa Kigali, abanyeshuri bakaba bashishikarizwa kwiga hakoreshejwe ikoranabuhanga. Mu itangazo …
-
Umuhanzi ukiri muto uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya KKG akomeje kwigarurira imitima ya benshi bitewe n’ubuhanga agaragaza mu muziki we,uyu muhanzi kandi …
-
Ubuzima
Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore
by adminby adminMuri bino bihe abantu benshi bayobotse ikoranabuhanga ndetse bitabira gukoresha imbuga nkoranyambaga nk’uburyo bwo kubavura irungu no kuganira bitabaye ngombwa ko abantu …