Visi Perezida wa Guinée Équatoriale akaba n’umuhungu wa Perezida w’iki Gihugu, yategetse ko umuvandimwe we [na we ni umuhungu wa Perezida] afungwa …
Kwisi hose(world)
-
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
M23 nishyira intwaro hasi hazarebwa ubwenegihugu bwabo
by adminby adminPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itazi neza Abarwanyi ba M23 abo aribo, ku buryo mu …
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
Perezida Kagame yavuze icyakorwa ngo Rusesabagina arekurwe
by adminby adminPerezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ku busabe bwa Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa yavuze ko ‘nta uzadukanga’ ku byemezo u Rwanda …
-
Umugabo wiyise umuhanuzi muri Amerika yari afite abagore barenga 20, bamwe muri bo batarageza imyaka 18, nk’uko bivugwa na FBI. Samuel Rappylee …
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
Ibiganiro byahuzaga RDC n’abahanganye nayo byasubitswe kubera kwikanga abantu batazwi
by adminby adminUmwuka si mwiza mu cyumba cya hotel Safari Park Hotel i Nairobi, ahahuriye imitwe yitwaje intwaro yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziKwisi hose(world)
Equatorial Guinea: Teodoro Obiang Nguema Mbasogo yatorewe manda ya 6
by adminby adminTeodoro Obiang Nguema Mbasogo w’imyaka 80 y’amavuko, yatsinze amatora ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu muri manda ye ya gatandatu.Komisiyo y’igihugu y’amatora …
-
AmakuruKwisi hose(world)
Perezida Kagame yitabiriye inama igaruka ku iterambere ry’inganda ibera muri Niger
by adminby adminPerezida Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Niamey muri Niger tariki ya 24 Ugushyingo 2022 aho yitabiriye inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika …
-
AmakuruKwisi hose(world)
Perezida Kagame na Madamu Jeannete Kagame mu bitabiriye inama ya Francophonie
by adminby adminPerezida Kagame na Madamu Jeannete Kagame bageze i Djerba muri Tunisia, aho bitabiriye inama y’iminsi ibiri y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma mu …
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
Umusirikare bivugwa ko ari uwa FARDC yarasiwe ku mupaka w’u Rwanda na RDC
by adminby adminUmusirikare w’ingabo za Congo (FARDC) yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda mu masaha y’ijoro nyuma yo kurasa ku basirikare b’u Rwanda.Ni amakuru yemejwe …
-
Louise Mushikiwabo yongeye kwiyamamariza kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), mu matora ateganyijwe kubera mu gihugu cya Tunisia. Louise …