Home UbukunguMwakwigurira,Mukagurisha inzu nziza n’ibindi bikoresho ku giciro cyiza

Mwakwigurira,Mukagurisha inzu nziza n’ibindi bikoresho ku giciro cyiza

by admin
0 comments

Mu rwego rwo gukorana neza n’abafatanyabikorwa ubu ikinyamakuru igisabo .rw kiragufasha kwamamaza ibikorwa byawe,tugufasha kugurisha imitungo yimukanwa n’itimukanwa ku giciro cyiza kandi mu Rwanda hose,imwe mu mitungo tugufasha kugura no kugurisha harimo imodoka,isambu,inzuri,amatungo,amazu atandukanye,ibikoresho byo munzu nibyo mu biro n’indi mutungo yose watwereka. Kuri ubu niba wifuza kwigurira inzu nziza kandi ihendutse turayigufitiye.

DORE INZU NZIZA IRI KUGURISHWA

Ni inzu iherereye mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana hafi ya Kigali mu birometero bitagera ku 10,ikaba ari inzu wakoreramo ubucuruzi kandi ukayibamo kuko iri ku muhanda mu gari kandi ikaba ifite mu gikari hahagije,ndetse ifite n’aho wakororera amatungo uramutse ubishatse,ukeneye ino nzu waduhamagara kuri 0782511443 cg 0788625649. Ushobora no kutwandikira ku mbuga nkoranyambaga zacu arizo Email: ndayisabaeric501@gmail.com cg kuri whatsapp

Mutwegere tubahuze n’abaguzi b’imitungo yanyu,abashaka kugura no kugurisha ntimwiheze turahababereye.

You may also like

Leave a Comment