• Latest
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

April 29, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 29, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imiyoborere
0
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security
0
SHARES
140
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’amezi atatu bahugurirwa gucunga umutekano bya kinyamwuga, Abasore n’inkumi  bagera kuri 71 bo muri GUARDSMARK Security, bahawe ubutumwa na Polisi y’igihugu bubasaba kuzakora neza akazi bagiyemo barangwa n’ikinyabupfura, kuzarangwa n’isuku, kuzirinda gukorakora, gukorana umurava n’ibindi.

Ni impanuro n’inama zagarutsweho na SSP Alphonde SINZI wari uhagarariye Polisi y’igihugu muri icyo gikorwa, cyane ko ari nayo ifite inshingano zo kureberera ibigo byigenga bicunga umutekano w’abantu n’ibyabo.

SSP Alphonse SINZI ashima cyane Guardsmark Security, umurava n’ubushake bakomeje kugira bugamije ahanini guhugura abanyamwuga bashinzwe gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo, bityo abasoje nabo abaha impanuro  n’ubutumwa buzabaherekeza mu kazi kabo no mu mibereho ya buri munsi.

Uhagarariye Polisi y’igihugu SSP Alphonse SINZI

Agira ati “Turashimira ubuyobozi bukuru bwa Guardsmark Security, bukomeje gutanga umuganda n’umusanzu nyawo ku gihugu wo guhugura no gutoza urubyiruko, kugira ngo rubashe kumenya byuzuye uburyo bwo gucunga umutekano bya Kinyamwuga. Akazi mukora Polisi nk’urwego rushinzwe kureberera ibigo by’ingenga bicunga umutekano turakishimira kandi tuzakomeza kubaba hafi. Mu by’ukuri, akazi mukora ni kenshi kandi ntikoroshye nyamara gakorwa neza uko bikwiriye, muri abo gushimirwa.”

Avuga ko mu mezi atatu abahugurwa bamara,  abashaka kwinjira mu kazi ko gucunga umutekano  bahungukira byinshi, bikaba bigaragazwa n’uburyo  Polisi ikurikirana kenshi igasanga bari kwiga neza, ndetse ngo niyo baje batunguranye bagasanga inyigisho n’imyitozo biri gutangwa uko bikwiriye.

Ni muri urwo rwego aboneraho gushishikariza abasoje inyigisho, kutazapfusha ubusa na gato amasomo bahawe, abasaba kuzakora akazi bishimye, ari nako bagaragaza umusaruro nyawo.

Avuga ko impamyabumenyi bahawe igomba kubafasha kugaragaza ikinyuranyo barusha abandi basanze mu kazi, bityo bikazatera umwete n’abandi bifuza gukora akazi nk’akabo kugakunda, nabo bakagira inyota yo kuba abashinzwe umutekano babikuye ku rugero rwiza babasanganye.

Umuyobozi wa Guardsmark Security, LT Col. Rtd Lanuel KAYUMBA, avuga ko ari ibyishimo byinshi, kuba ikigo ahagarariye cyungutse amaboko mashya y’urubyiruko rw’abasore n’inkumi bambariye kujya gufasha bagenzi babo mu kazi ko gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo.

Umuyobozi Mukuru wa GUARDSMARK Lt Col. Rtd Lanuel KAYUMBA

Agira ati “Guardsmark Security, izakomeza gukora neza irangwa n’abakozi b’ababanyamwuga babihuguriwe kandi bakora akazi uko bikwiriye. Turashima cyane Polisi y’igihugu ikomeje kutuba hafi idufasha gutanga amasomo ku bakozi bacu, ibituma basoza ari abahanga bafite ingufu kandi biteguye guhangana n’uwari wese washaka kubinjirira mu kazi atabyemerewe. Ibi  byagaragajwe n’imyitozo n’imyiyereko inogeye ijisho bakoze.”

Kimwe n’uhagarariye Polisi y’igihugu, Umuyobozi Mukuru wa Guardsmark, akangurira abasoje inyigisho, kuzarangwa n’ikinyabupfura, kumvira ababategeka, kubahana hagati yabo  kandi bakajya bagisha inama aho basanze ari ngombwa, kugira ngo bakore ari nta nkomyi bahura nazo mu kazi kabo.

Ushinzwe ikigo cy’imyitozo cya Guardsmark Security, CIP Rtd Vasco BUTERA, avuga ko abasoje baranzwe no gukurikirana neza amasomo neza no kuyatsinda.

Umuyobozi w’Ikigo cy’amahugurwa CIP Rtd Vasco BUTERA

Ni muri urwo rwego yizera adashidikanya ko bohereje mu kazi abasore n’inkumi b’intarumikwa bazatanga umusaruro uko bikwiriye bafatanyije na bagenzi babo basanze mu kazi.

Agira ati “Mu by’ukuri bize byinshi kandi barabitsinda. Bahawe ubuhanga bwo kurinda ibyo bashinzwe bya kinyamwuga, gusaka, gukora Patoroli, kumenya kwirwanaho ufite intwaro zabigenewe cyangwa ari ntan’iyo ufite, bigishwa gukunda igihugu, uburere mboneragihugu n’ibindi. Turizera tudashidikanya ko aya mezi 3 bamaze biga, bahungukiye byinshi byo kwishimira, tukaba tubohereje mu kazi tubizeyeho umusaruro uhagije.”

Avuga ko akarusho ka Guardsmark security,  ari ugufata neza abakozi babo, babaha imyitozo ihagije, kubahembera igihe kandi bakabatoza kwizigamira, kubashyira mu bwishingizi bwa RSSB, kubambika neza n’ibindi.

Asaba urubyiruko rw’abasore n’inkumi bifuza kugana Guardsmark Security, kuza ari benshi kugira ngo bahabwe amahugurwa abinjiza mukazi ko gucunga umutekano, kugira ngo bazasoze bazi neza ibyo bakora.

Ikindi yishimira ni uburyo ikigo cyabo, gikomeje kubona abakiliya benshi baza bakigana babifuzaho abakozi, bitewe ahanini n’uburyo abakozi babo barangwa n’umurava; isuku no kumvira.

Kurikira hano umuhango mu buryo bw’amashusho:

Abasoje amahugurwa bavuga ko bagiye gushyira mu bikorwa ibyo bize bashyizeho umwete

Nyuma y’imyeyereko n’akarasisi kagaragaza uburyo abasoje amahugurwa bafashe neza ibyo bize,  bavuga ko bagiye gushyira mu bikorwa  nta shiti ibyo  bize, bakaba bahamya badashidikanya ko nta kabuza bafashijwe na bagenzi babo bagiye basanga mu kazi, bazakora baharanira ishema ry’ikigo kibahaye akazi.

BENIMANA Oscal, yabaye uwa mbere mu gutsinda amasomo n’imyitozo. Avuga ko yishimiye ko asoje amahugurwa neza, by’umwihariko akaba yaje ku isonga muri bagenzi be. Kubera izo mpamvu  akaba atewe ishema n’uko agiye mu kazi yasabye,  agasanga igisigaye ari nta kindi kitari ukubyaza umusaruro ubumenyi ahawe. 

BENIMANA Oscal umunyeshuri wahize bagenzi be

Agira ati “Ni ibintu byiza byo kwishimirwa na buri wese cyane abo dusozanyije amasomo. Turashimira cyane abarimu batwigishije n’ubuyobozi bw’ikigo Guardsmark security bwagiye butuba hafi. Rwose tubijeje kuzakora neza akazi, tubyaza umusaruro nyawo ibyo twize.”

Asaba bagenzi be b’urubyiruko, kutavuga ko babuze akazi kandi muri Guardsmark Security gahari, icyangombwa kikaba ari ukugira ubumenyi, ikinyabupfura no gukunda ibyo umuntu akora.

Kimwe na mugenzi we, VUMILIYA Esther ni umwe mu bakobwa basoje neza amasomo yo gucunga umutekekano muri Guardsmark, akaba yari n’umuyobozi wa bagenzi be, wanababaniye neza akaba yabishimiwe n’ubuyobozi bw’ikigo na Polisi y’igihugu.

VUMILIYA Esther yayoboye bagenzi be babana neza

Avuga ko amasomo yari akomeye bisaba ubwitange no kuyakunda, ari byo byamufashije gutsinda neza akaba asoje ari mu ba mbere bagaragaje umwete n’umurava mu mezi atatu bamaze biga. 

Agira ati “Turasoje kandi turabyishimiye. Twiteguye kujya gukora neza akazi, kandi buri wese yiteguye kwemera no gukunda aho yoherejewe ahari hose. Nzaharanira rero guhesha ishema akazi mpawe ku buryo umurava nagaragaje mu masomo no mu kazi nzabigenza gutyo.”

Asaba bakobwa bagenzi be kutitinya bakaza bagafatanyiriza hamwe gukora akazi ko gucunga umutekano cyane ko nabo ngo bashoboye, bikaba bigaragazwa n’uburyo imyanya itatu ya mbere babiri ari abakobwa.

Igikorwa cyo gusoza mahugurwa y’icyiciro cya 6 cy’amahugurwa y’abashinzwe umutekano w’abantu n’ibyabo muri Guardsmark Security Company, waranzwe n’ibyishimo byinshi byanyuze abitabiriye igikorwa, bitewe ahanini n’akarasisi n’imyitozo ngororangingo byakozwe neza n’abasoje amasomo.

Abasoje amasomo bafashe neza ibyo bize

Guardsmark Security Company,  ni kimwe mu bigo bicunga umutekano w’abantu n’ibyabo byigenga mu Rwanda, kikaba ikigo gishimirwa na benshi   kugira abakozi b’abanyamwuga kandi barangwa n’isuku.

Ni ikigo kirangwa no gufata neza abakozi cyane ko bahabwa imishahara myiza kandi ikanazira ku gihe. Ubuyobozi bwa Polisi y’igihugu ari nayo ishinzwe by’umwihariko gukurikiranira hafi imikorere y’ibi bigo, bushima ibyakozwe bugasaba abasoje kurangwa no gukunda akazi n’igihugu cy’ababyaye.

Abasoje amahugurwa kuri uyu wa 28 Mata 2025, ni abagize icyiciro cya 6 cy’amahugurwa muri Guardsmark Security Company, bakaba bagizwe n’abakobwa 31 n’abasore 40, bose bakaba bavuga ko intego nyamukuru, ari ugukora neza babyaza umusaruro ibyo bize.

ANDI MAFOTO:

E.Niyonkuru

Previous Post

Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

Next Post

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y"Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA