Perezida Paul Kagame yatangaje ko mu minsi ya vuba u Rwanda ruzafungura ambasade muri Hongrie, mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umubano …
July 2023
-
-
Uburezi
Menya impanuro zahawe abasoje muri KIGALI LEADING TSS zigiye kubafasha mu kiciro cy’ubuzima binjiyemo
by adminby adminMu gusoza umwaka w’amashuri 2022-2023, abanyeshuri bo muri Kigali Leading Technicial Secondary School bahawe impanuro n’abarezi babo, Ubuyobozi bukuru bw’ikigo n’ababyeyi babo, …
-
AmakuruUburezi
Bugesera : Menya Ikigo abana b’Icyamamare Junior umusobanuzi w’Amafilimi bigaho
by adminby adminIki ni Ikigo cy’Icyitegererezo Highland School gihereye mu karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata, aho kuri uyu wa gatanu Itariki ya …
-
AmakuruPOLITIKEUburezi
Urubyiruko rwiga mu mahanga rurasabwa gufata ibyiza bibayo birinda ingeso mbi zihagaragara
by adminby adminUrubyiruko rwitabiriye itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, ruvuga ko rwishimiye kumenya mu buryo bwimbitse amateka y’igihugu n’umuco nyarwanda. Iri torero ribera mu …
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa São Tomé na Príncipe
by adminby adminPerezida Kagame ku wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2023, yakiriye Rt Hon. Patrice Trovoada, Minisitiri w’Intebe wa São Tomé na Príncipe uri …
-
Mu Mujyi wa Kigali hadutse abajura b’abamotari biba bashikuje abantu telefone igihe bagenda bazivugiraho cyangwa igihe bagiye kubishyura. Habiyaremye Emmanuel ni umuturage …
-
Uburezi
Gasabo:IMANI PARENTS’ SCHOOL ishusho y’ireme ry’uburezi nyabwo muri BUMBOGO
by adminby adminIkigo Imani Parents’School giherereye mu murenge wa Bumbogo Akarere ka Gasabo, Ubuyobozi bwacyo n’abaharerereshereza, bavuga ko ari ikigo cyaje gikenewe ku buryo …
-
Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima. …
-
Imwe mu nkuru yateje impagarara cyane mu mpera z’umwaka ushize yari iy’Umunyarwandakazi wagejejwe mu butabera ashinjwa gukora ibiterasoni mu ruhame, biturutse ku …
-
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu myubakire mu Mujyi wa Kigali hakomeje kugaragaramo ibyuho bya ruswa kandi ko bidindiza imibereho n’iterambere ry’abaturage. Byagarutsweho …