Nyuma yo kugeza ku banyamakuru itangazo ritesha agaciro ikirango cy’uwiyita ko akiri umuyobozi w’Ihuriro, ariwe Mme Gertrude Nyirahabineza ; akanashinjwa kwiba ibirango …
June 2022
-
-
Amakuru
Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda ryitandukanyije n’imikorere ya Nyirahabineza Gertrude ukiryiyitira yaregujwe
by adminby adminMu itangazo rigenewe Abanyamakuru n’Abanyarwanda bose, Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda “AGA Rwanda Network”, riramenyesha ko uwahoze ari Umuyobozi w’iri Huriro Nyirahabineza …
-
Ubucyerarugendo
La Palisse Hotel Nyamata imwe mu mahoteli yamaze kwitegura CHOGM uko bikwiriye
by adminby adminIyi ni Hoteli y’icyitegererezo iherereye mu marembo y’Umujyi wa Nyamata uturutse mu mujyi wa Kigali. Ubuyobozi n’abakozi bayo bakavuga ko ibikenewe byose …
-
AmakuruUbuzima
Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba gufashwa kwipimisha kanseri ku buryo buhoraho
by adminby adminN’ubwo bishimira ko amavuta abafasha kwirinda iyo kanseri yabonetse bakaba basigaye bayabonera ku kigo nderabuzima bakoresheje mituweri, ariko kandi ngo iyo uruhu …
-
AmakuruIMYIDAGADURO
Filime ‘Neptune Frost’ yifashishijwemo Abanyarwanda, yahawe igihembo
by adminby adminFilime ‘Neptune Frost’ yakozwe n’Umunyamerika Saul Williams n’umugore we w’Umunyarwandakazi Anisia Uzeyman, ikanifashishwamo abanyarwanda batandukanye, yabonye igihembo mu iserukiramuco ryo mu Bufaransa …
-
Amakuru
Minisitiri Gatabazi yahumurije abakeka ko muri CHOGM imihanda imwe izajya yirirwa ifunze
by adminby adminMinisitiri w’Ubutegetetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi yahumurije abakeka ko mu gihe cy’inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize umuryango wa …
-
Nyuma y’imyaka ibiri Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY iyobowe mu buryo bw’inzibacyuho, kuri uyu wa gatandatu Tariki ya 11 Kamena 2022 …
-
Amakuru
Kirehe: Urubyiruko rwo mu murenge wa Gahara rwasuye urwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi rwa Kigali n’ Ingoro y’amateka yo guhagarika jenoside.
by adminby adminKuri iki cyumweru tariki ya 12 Kamena 2022, urubyiruko ruhagarariye abandi mu murenge wa Gahara, Akarere ka Kirehe rwasuye urwibutso rwa jenoside …
-
Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye, Ellen Lee DeGeneres n’umufasha we Portia de Rossi, bari mu Rwanda mu bikorwa byo gutangiza …
-
POLITIKE
Santrafurika: Inzego z’u Rwanda zibungabunga amahoro zashimiwe iterambere zigeza ku baturage
by adminby adminIntumwa yihariye y’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Valentine Rugwabiza, ndetse n’Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Umuryango ugamije kugarura amahoro muri Santrafurika (MINUSCA), batashye inzu mberabyombi …