Minisitiri w’Intebe Patrick Achi wari ukuriye guverinoma ya Côte d’Ivoire yeguye, mu gukorwa cyari cyitezwe kuva mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2022. …
April 2022
-
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
U Rwanda rugiye kwakira impunzi zivuye mu Bwongereza
by adminby adminKuri uyu wa Kane, Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza, zirashyira umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije gufasha abashaka ubuhungiro bari mu Bwongereza kuzabona …
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
Perezida Kagame yageze muri Jamaica anasura urwibutso rw’Intwari
by adminby adminPerezida Paul Kagame yageze muri Jamaica aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itatu, akazagirana ibiganiro n’ubuyobozi bukuru bw’icyo gihugu mu rwego …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Kwibuka 28: Abatutsi bo mu Murenge wa Nyarugunga bishwe mu gihe gito n’abari abaturanyi babo n’Inzirabwoba zo mu Kigo cya Kanombe
by adminby adminAbatutsi barokotse Jenoside bo mu Murenge wa Nyarugunga, bavuga ko batabura gushimira ibihuru n’amasaka byahishe bake barokotse, nyuma yo guhigwa bukware n’abaturanyi …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiUbukungu
Ngoma:Hatangijwe gahunda yiswe “Umwana mu Rugo”
by adminby adminIyi ni gahunda igamije guherekeza no gusubiza mu buzima busanzwe abantu bagororewe mu bigo bitandukanye by’Ikigo cy’igihugu gishinwe ingororamuco (NRS) birimo ikigo …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Tariki 10 Mata 1994: Inzira y’umusaraba ku batutsi bicirwaga mu murenge wa Gahanga
by adminby adminAbarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo m’Umurenge wa Gahanga, bavuga ko byari nk’inzira y’Umusaraba itoroshye, ubwo bageragezaga kwihisha no gucika ababicaga bikabangira, bitewe n’uko bari bakikijwe n’igice kinini cya …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Agahinda ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanombe batigeze bashyingura ababo m’Urwibutso rubakwiriye
by adminby adminMu gihe hibukwa imyaka 28 habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abayirokotse bo mu Murenge wa Kanombe ndetse n’abo mu nkengero zawo, …
-
-
Imiyoborere
Akarere ka Kicukiro kasoje ukwezi bari bahaye intego Y’UMUTURAGE KU ISONGA
by adminby adminUbuyobozi n’ababaturage b’Akarere ka Kicukiro bafatanyije n’Umujyi wa Kigali hasojwe ukwezi kwahariwe umuturage, ukwezi bivugwa ko kwaranzwe n’ibikorwa byinshi bigamije guha ijambo …
-
Ikipe y’Igihugu y’abagore mu mukino wa Cricket yaraye isesekaye i Kigali yakirwa gitwari, nyuma yo kwegukana igikombe itsinze ikipe ya Nigeria. Ni …