• Latest
Agahinda ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanombe batigeze bashyingura ababo m’Urwibutso rubakwiriye

Agahinda ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanombe batigeze bashyingura ababo m’Urwibutso rubakwiriye

April 10, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Agahinda ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanombe batigeze bashyingura ababo m’Urwibutso rubakwiriye

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 10, 2022
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Ubuzima
0
Agahinda ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanombe batigeze bashyingura ababo m’Urwibutso rubakwiriye

Agahinda ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanombe batigeze bashyingura ababo m’Urwibutso rubakwiriye

0
SHARES
462
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe hibukwa imyaka 28 habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abayirokotse bo mu Murenge wa Kanombe ndetse n’abo mu nkengero zawo, baravuga ko n’ubwo babashije gutunganya no gukorera isuku icyobo cyajugunywemo imibare itabarika y’ababo , baterwa ipfunwe no kuba batarabashije kubashyingura mu cyubahiro m’Urwibutso rwabigenewe, bitewe n’uburyo aho baruhukiye bigoranye kubakuramo. 

Mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igikorwa cyakozwe n’abatuye Umurenge wa Kanombe bafatanyije n’inshuti zabo, kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 09 Mata 2022, bibanjirijwe no kunamira no gushyira indabo aharuhukiye imibiri y’Abatutsi benshi batazwi umubare, na cyane ko abenshi babo ngo babataye muri icyo kinogo kinini, cyari cyaragenewe gutabwamo inka zipfushije z’ikigo cya ISAR mu Rubirizi.

Bivugwa kandi ko kuba abicanyi baravanze imibiri y’abicwagwa n’amagufwa y’inka, ari ubugome n’ubushinyaguzi bukabije babikoranye. 

Kubera uburebure bw’icyo cyobo, bikaba byarabereye ihurizo ngo rikomeye abashinzwe gushyingura imibiri y’abazize Jenoside bagombaga kubajyana m’Urwibutso rwabigenewe ntibikunde. Bikavugwa ko aribyo byatumye hafatwa icyemezo cyo gutunganya icyo cyobo neza, gikorerwa isuku mu buryo buhagije, kugira ngo abaharuhukiye bajye babasha kwibukwa kandi banazirikanwa n’imiryango yabo buri gihe.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanombe Idrissa Nkurunziza, avuga ko bahurira kenshi kuri urwo rwibutso rw’Ikimenyetso, kugira ngo abarushyinguyemo  bahabwe icyubahiro kibakwiriye.

  • Bwana Idrissa Nkurunziza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanombe

Avuga ko n’ubwo bwose abo bantu batabashije gukurwamo ngo bashyingurwe mu cyubahiro bambuwe n’ababashyizemo ngo babazirikana kenshi banabifuriza gukomeza kuruhukira mu mahoro. 

Agira ati: “Aha hantu abavandimwe bacu bashyinguye, ubusanzwe ahari hagenewe gutabwa inka zipfushije zororerwaga mu kigo cya ISAR mu Rubirizi. 

Mu byukuri aha hantu haruhukiye imibiri y’abantu batabarika bo mu murenge wa Kanombe na Niboye, n’abandi bagendaga baturuka mu bice bitandukanye barimo ndetse n’abo mu Karere ka Bugesera, gusa umubare wabo w’ukuri nturamenyekana..”

Avuga ko kubera uburebure bw’icyo cyobo cyari kinini, kikaba cyaratawemo inka nyinshi kuva igihe cyose ISAR yabereyeho mu Rubirizi, bikaba byari bigoranye kuvangura imibiri y’abantu n’amagufwa y’izo nka, cyane ko bisaba ubushakashatsi ngo n’abahanga babizobereyemo.

Gusa Idrissa Nkurunziza,  avuga ko abaturage b’Umurenge wa Kanombe n’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi 1994 muri rusange, bakomeje gushyira imbere gahunda igihugu cyashyiriweho yo Kwiyubaka biyubaka, ibimaze kugerwho bikaba ari byinshi byo kwishimira,  haba nko mu bukungu, mu miyoborere myiza, ubutabera, mu burezi, imibereho myiza y’abaturage n’ibindi, ku buryo abapfakazi n’imfubyi za Jenoside, bari mubafashe iya mbere mu iterambere ry’Umurenge wa Kanombe.

Agaruka ku mateka yaranze u Rwanda Depite Muhongayire Christine Intumwa ya Rubanda, wari muri uwo muhango wo kwibuka, avuga ko kuva ku gihe  cy’Ubukoroni, gukomeza muri Repubulika ya mbere no ngoma ya Habyarimana muri Repubulika ya Kabiri, nta gihe Umututsi yigeze agira amahoro.

Avuga ko muri ibyo bihe byose, Umututsi yaranzwe no kuba igicibwa mu gihugu cye. Umututsi ngo yicwaga  nk’uwica itungo igihe bamushakiye hose.

Agira ati: “Umututsi yarameneshejwe ajya i Mahanga, yirukanwe mu mashuri, abuzwa uburyo muri byose, abura kirengera kugeza ubwo uwabashije kwihisha agacika  ababisha, yaje gushyirirwaho Karundura ya Jenoside yo muri 1994, abasaga Miliyoni barashira, ari nabo twiibuka muri kino gihe imyaka 28 ikaba ishize.

Uhagarariye Umuryango wa Ibuka mu murenge wa Kanombe UTETIWABO Christine, avuga ko muri kino gihe hibukwa imyaka 28 habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi, ashimira abacitse ku icumu rya Jenoside mu murenge wa Kanombe, uburyo bakomeje kudaheranwa  n’agahinda, ahubwo bagaharanira kujya mbere buri munsi.

  • UTETIWABO Christine uhagarariye IBUKA mu murenge wa Kanombe

Ashimira cyane ingabo zari iza FPR inkotanyi, uburyo zabakuye mu maboko y’aba Rukarabankaba.

Avuga ko ashimira cyane kandi Nyakubahwa Perezida wa Repubulika  Paul Kagame na Leta y’Ubumwe, kuba barabashyiriyeho Ikigega cya  FARG, abana babo bakaba barize neza,  abenshi muri bo bakanaminuza, bakaba bari gutanga umusanzu wabo mu kubaka igihugu.

Ikindi yishimira ni uko  abapfakazi  ba Jenoside bamaze gufashwa kubona amacumbi, bakanagira imishinga ibafasha kwiteza imbere muri byinshi.

Asoza ashimira abagize amadini n’Amatorero ndetse n’Umuryango wa FPR Inkotanyi mu murenge wa Kanombe,  inkunga n’uruhare rwabo bakomeje gutera abacitse ku icumu,  bikaba byaratumye  hari aho bamaze  kwivana n’aho bamaze kwigeza. 

Umwe mu barokokeye mu Murenge wa Kanombe Uwambajimana Joceline, avuga ko  mu 1994 yahuye n’urugendo rutari rworoshye n’ubwo yari umwana w’imyaka 7.

  • Uwambajimana Joceline warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Agira ati: “nabuze ababyeyi n’abo mu muryango bose. Hafi ya bose kandi biciwe mu maso yanjye nza kurokorwa n’Imana yonyine yandindindiye mu bihuru n’ibishanga nihishagamo ntazi iyo mva n’iyo ngana.”

Uwambajimana, avuga ko ibikomere n’ibisare by’umubiri yatewe na Jenoside  yabihojejwe na Leta y’Ubumwe, iyobowe na Perezida paul Kagame, yamurihiye amashuri mu buryo bwose, muri kino gihe akaba yarasoje ikiciro cya gatatu cya Kaminuza(Masters), akaba  akomeje kwiyubaka muri byinshi.

Uwari uhagarariye Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro mu muhango wo kwibuka mu murenge wa Kanombe Murenzi Donatien, Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange, avuga ko nk’Akarere bashyizeho ingamba zo kwita no gufasha abacitse ku icumu rya Jenoside,  babafasha by’umwihariko gukomeza kwigirira ikizere.

Avuga ibyo bakorerwa,  bigaragazwa n’uko mu imyaka 28 ishize, imishinga yabo igamije kwiteza imbere yabaye myinshi ikaba inatanga umusaruro mu buryo bugaragara.

Avuga ko muri kino gihe cyahariwe kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 28, Akarere gashishikariza abaturage bose  gushimangira kurushaho gahunda ya Leta  y’Ubumwe n’ubwiyunge kugira ngo abanyarwanda bakomeze babane mu mahoro azira urwikekwe.

Muri gahunda kandi zitandukanye zigendanye n’icyumweru cyo kwibuka, Murenzi Donatien ahamagarira abaturage kuzitabira umuhango wo kwibuka abashyinguwe m’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi ruri i Nyanza ya kicukiro, umuhango uzaba kuwa 11 Mata 2022 guhera i saa cyenda kugeza saa kumi n’imwe za ni mugoroba.

  • Murenzi Donatien Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Kicukiro

Umurenge wa Kanombe wibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 28, ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Kicukiro, abarokotse Jenoside bo muri uwo murenge, bakaba bishimira ibyo bamaze kugezwaho no kwigezaho, bagamije kwigira no  kwiyubaka.

Umurenge wa Kanombe  ukaba wararanzwe n’ubwicanyi Ndengakamere bwibasiye Abatutsi mu 1994, abenshi bishwe ntibaramenyekene umubare, bitewe ahanini n,uko hari  abajugunywaga muri Nyabarongo, abandi bakicirwa mu mayira bahunga ndetse n’abatawe mu cyobo kinini  kiri hagati y’Umurenge wa Kanombe na Niboye,  Abatutsi barimo bakaba batarabashije gukurwamo nk’uko bitangazwa n’abarokotse Jenoside muri Kanombe n’Abayobozi babo, kubera imiterere y’icyo cyobo.

  • Abaturage bitabiriye kwibuka ari benshi
Previous Post

Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 19 cyasohotse Special Kwibuka 28

Next Post

Tariki 10 Mata 1994: Inzira y’umusaraba ku batutsi bicirwaga mu murenge wa Gahanga

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Tariki 10 Mata 1994: Inzira y’umusaraba ku batutsi bicirwaga mu murenge wa Gahanga

Tariki 10 Mata 1994: Inzira y’umusaraba ku batutsi bicirwaga mu murenge wa Gahanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA