Abanyakigali benshi iyo bakubanutse imirimo itandukanye bakenera ahantu heza ho gusohokera,kuruhukira,gusangira n’inshuti n’abavandimwe ariko bikaba akarusho iyo aho hantu hatabangamira abakiriya kubera igiciro gihanitse.
Maze iminsi nitegereza ndeba ahantu heza umuntu ashobora kuruhukira akahafatira icyo kunywa ndetse n’icyo kurya kandi ntibihungabanye ubushobozi bwe,naje gusanga nta handi umuntu yasohokera uretse muri LA VIVA MOTEL.
Ino Motel iherereye ahirengeye mu mahumbezi y’umurenge wa Gosozi urenze gato kuri kaminuza yigenga ya kigali (ULK),ni ku muhanda neza kandi aho guparika ibinyabiziga harahari hahagije, ku muhanda nimero KG 14Av . ni ahantu heza wasohokana umuryango,inshuti ndetse n’abavandimwe mugahuza urugwiro mu nirinda icyorezo cya covid 19 dore ko ino motel ifite ingamba zitandukanye zo gufasha abakiriya babo kugirango hatagira uwandura covid 19.
LA VIVA Motel uretse ubwiza bwaho bugizwe n’ubusitani bwisanzuye,uhasanga n’ibyumba byakorerwamo inama cg ibindi birori wifuza,bagufitiye amacumbi kubifuza kurara,ibyo kunywa byo ni munange tutibagiwe ko bafite igikoni kabuhariwe mugutunganya ibyo kurya byose wifuza,uretse ubwiza bwibyo uhasanga n’abakozi baho ni abanyamwuga kuko bakirana ubwuzu uhageze wese kandi hateganyijwe uburyo bwose bwo kwishyura kandi bworoheye abakiriya.
ubwira uwumva nta vunika kandi nyiri amaso yerekwa bicye ibindi akirebera,banyakigali namwe mwifuza gusohokera heza kandi hahendutse mbarangiye LA VIVA Motel,ushatse ko bagutegurira mbere ugasanga byatunganye cg bakuzanira ibyo ukeneye aho wibereye cg bakagutekera amafunguro yihariye y’ibirori byawe wahamagara 0788491751 (Managing Director ariwe King Victor) cg ukabandikira kuri email ariyo: lavivamotel@gmail.com
Hasuwe n’umunyamakuru w’igisabo.rw/: NDAYISABA Eric
Contact: 0782511443






