Kuri uyu wa Kane, Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza, zirashyira umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije gufasha abashaka ubuhungiro bari mu Bwongereza kuzabona …
POLITIKE
-
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKE
Perezida Kagame yageze muri Jamaica anasura urwibutso rw’Intwari
by adminby adminPerezida Paul Kagame yageze muri Jamaica aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itatu, akazagirana ibiganiro n’ubuyobozi bukuru bw’icyo gihugu mu rwego …
-
-
SP Uwayezu Uyobora Gereza ya Nyarugenge ntiyitabye urukiko, yari yahamagajwe ngo asobanure impamvu yafunze Umunyemari Majyambere wemeza ko yasoje ibihano bye yakatiwe …
-
Mu ruzinduko yagiriye muri Zambia, Perezida Paul Kagame yateye igiti gishushanya ubucuti bukomeje kurangwa hagati y’ibihugu byombi. Kuva kuri uyu wa Mbere …
-
AmakuruPOLITIKE
Perezida Kagame yavuze igikenewe mu gukomeza kubungabunga umutekano
by adminby adminPerezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba mu nama yiga ku bibazo by’umutekano muri ibi bice yayobowe …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKE
Mugimba Jean Baptiste wagize uruhare muri Jenoside yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
by adminby adminUrugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwahamije Jean Baptiste Mugimba icyaha cyo gucura umugambi wo gukora Jenoside no kuba …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKE
Lt. Gen Muhoozi Kainerugaba yasuye urwibutso rwa Kigali ku Gisozi
by adminby adminUmujyanama wa Perezida Museveni akaba n’umuhungu Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku Gisozi. Yanditse mu gitabo cy’abashyitsi …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKE
Perezida wa Guinea-Bissau Sissoco yagiriye uruzinduko mu Rwanda
by adminby adminKuri uyu wa mbere tariki 7 Werurwe 2022, Perezida w’Igihugu cya Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Uyu mugabo …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKE
Abanyarwanda 51 bahungishijwe muri Ukraine, naho 15 babuze uko basohoka
by adminby adminGuverinoma y’u Rwanda yemeje ko mu banyarwanda 86 babaga muri Ukraine, 51 bamaze guhungishwa ariko hari abandi 15 bari mu duce turimo …