Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano bavuga ko ikibazo cy’impanuka zo mu muhanda gihangayikishije bagasaba inzego bireba kugihagurukira kuko zihitana ubuzima …
Ubuzima
-
-
AmakuruUbuzima
Abavuzi gakondo barasaba Minisitiri w’Ubuzima mushya kubakemurira ibibazo byabo byari byaraburiwe ibisubizo
by adminby adminNyuma y’uko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul kagame akomeje gukora impinduka mu nzego zitandukanye harimo n’a bayobozi bo mu nzego zo hejuru, …
-
Ubushakashatsi bwakozwe mu Turere turindwi tw’igihugu bwagaragaje ko kimwe mu bibazo bihangayikishije mu rubyiruko ari ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, aho nibura 56.1% bigeze kubikoresha. …
-
AmakuruImibereho ya buri munsiUbuzima
Twishakemo ibisubizo bigamije impinduka ku Iterambere ridaheza
by adminby adminIyi ni Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igendanye n’umunsi mpuzamahanga wahariwe abantu bafite ubumuga, umunsi wizihizwa kuwa 03 Ukuboza kwa buri mwaka, nk’uko bitangazwa …
-
Umunyarwanda wa mbere wavutse hakoreshejwe ikoranabuhanga ryo guhuza intanga rizwi nka IVF [In vitro Fertilization’] uyu munsi afite imyaka umunani. Ni ukuvuga …
-
AmakuruUbuzima
Perezida Kagame mu batangije gahunda yo gukorera imiti muri Afurika
by adminby adminAmakuru yatangajwe n’ibiro by’Umukuru w’igihugu ku wa Kabiri tariki ya 8 Ugushyingo 2022, avuga ko Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gutangiza gahunda …
-
Ubuzima
Umurenge wa Remera n’ Itorero rya ADEPR Remera bateguye igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge, uburaya, n’inda zitateganyijwe
by adminby adminItorero rya ADEPR Paroise ya Remera rifite icyicaro mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera mu Kagali ka Nyabisindu ryabateguriye igiterane …
-
AmakuruUbumenyi(Science)Ubuzima
Miliyoni 100 z’inkingo za Covid-19 zigiye kujugunywa mu gihugu cy’Ubuhinde
by adminby adminIkigo Serum Institute of India gikora inkingo mu Buhinde, cyatangaje ko kigiye kujugunya miliyoni 100 z’inkingo za Covid-19 zarengeje igihe. Iki kigo …
-
Inteko ishingamategeko y’u Rwanda kuwa mbere yanze umushinga wo kuvugurura itegeko ririho rikemera gukoresha imiti n’uburyo bwo kuboneza urubyaro kuva ku bana …
-
AmakuruUbuzima
Minisante iravuga ko ibikenewe ngo abarwayi ba Ebola Bitabweho birahari
by adminby adminMinisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yijeje Abanyarwanda ko Igihugu cyiteguye kwita ku barwayi ba Ebola kuko aho kubakiririra n’imiti yo kubitaho bihari. …