Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo baravuga ko hari bamwe mu bafite Virusi itera SIDA bajya …
Ubuzima
-
-
Ubuzima
Kigali: Uyu munsi hateranye inama ihuza abaganga bita ku buvuzi bw’indwara z’impyiko bashaka uko bazihashya burundu
by adminby adminInama yateguwe na Rwanda Nephrology nurses society hamwe Africa nephrorlogy nurses association, ikaba ari inama ya 2 ku rwego rw’Afrika ibaye nyuma …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Strive Foundation Rwanda yiteze impinduka n’umusaruro mwinshi ku bukangurambaga bari gufatanyamo na RBC bwo Kurwanya Sida
by adminby adminMu bukangurambaga bugamije gukumira ubwandu bwa Virus itera Sida buri gukorerwa mu Ntara y’i Burasirazuba ku bufatanye n’Umuryango Strive Foundation Rwanda uharanira …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Nyagatare: Yasabye umugabo kwisiramuza bimuviramo kwirukanwa
by adminby adminMu bukangurambaga bugamije gukangurira abaturage bo mu Ntara y’i Burasirazuba gukomeza kwirinda Virus itera SIDA, hari umwe mu babyeyi wo mu murenge …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Kayonza/Gahini: Abagabo banga kwisiramuza bagiriwe inama yo kutibagirwa ubuzima bwabo
by adminby adminMu gihe hari bamwe mu bagabo bakuze bo mu murenge wa Gahini, mu Karere ka Kayonza, bagaragaza ko banga kujya kwisiramuza bitewe …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiUbuzima
Rwamagana: Bamwe mu rubyiruko bamaze kumenya uburyo bwo Kwirinda Sida
by adminby adminMu bukangurambaga buri gukorwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC mu Ntara y’i Burasirazuba bamwe mu rubyiruko bavuga ko bamaze kumenya no gusobanukirwa n’ububi …
-
tariki 12 Gicurasi buri mwaka haba umunsi mukuru mpuzamahanga wahariwe abaforomo n’ababyaza, abo mu Rwanda bawizihije bagaragaza ko bugarijwe n’ibibazo binagira ingaruka …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbuzima
Rwamagana/Musha : Urubyiruko ruravuga ko kubona agakingirizo bigoye
by adminby adminBamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana, mu mirenge ya Musha na Mwulire, bavuga ko nubwo basobanukiwe akamaro ko gukoresha agakingirizo …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiUbuzima
Kayonza: Kwipimisha Virutsi itera SIDA byafashije ababyeyi kwirinda kwanduza abana batwite
by adminby adminBamwe mu babyeyi bo mu karere ka Kayonza bagaragaza ko basobanukiwe neza akamaro ko kwisuzumisha Virusi itera SIDA mu gihe batwite, aho …
-
Mu Rwanda indwara ya Malariya yagabanutse ho 90% kuva mu mwaka wa 2017 kugeza 2023,dore ko mu myaka 6 ishize abarwaraga iyi …